Muhanga – Kutagira ubwiherero bibangamiye abakorera mu isoko rya Nyabisindu Abakorera n’abarema isoko rya Nyabisindu ho mu karere ka Muhanga baratangaza ko bakomeje kubangamirwa no kuba iri soko ritagira ubwiherero n’amazi ndetse no kuba bimwe mu bice by’iri soko bitubakiye. Ibi ngo bikaba bibatera igihombo mu gihe ubuyobozi butasibye kubizeza gukemura ibi bibazo ariko ngo […]Irambuye
Abarwayi bo mu bitaro bikuru bya kaminuza nkuru y’u Rwanda bahabwaga amafunguro n’umuryango Social Gospel Ministry umwe mu miryango ikorera muri kaminuza nkuru y’u Rwanda ushinzwe kwita ku barwayi baratangaza ko bakomeje guhura n’ingorane mu kubona amafunguro. Ibi bikaba nk’uko bitangazwa na bamwe mu banyeshuri bakora uwo murimo babitangaje ku munsi w’ejo bakaba batangaza ko […]Irambuye
Guhekenya amenyi waba ubishaka cyangwa se usinziriye ni indwara kuko ishobora gutera ubumuga bubuza uyirwaye kurya nk’uko bisanzwe, kandi ishobora kuvurwa igakira iyo ivuwe ku gihe. Umuntu ashobora guhekenya amenyo ku manywa cyangwa se asinziriye. Iyi ndwara iterwa ahanini no kuba umuntu afite ibibazo cyangwa se afite umuhangayiko,stress. Usanga rero umuntu agenda yivugisha mu muhanda […]Irambuye
Amakuru aturuka ku bitaro bya CHUK I Kigali, aravuga ko abantu bagera ku icumi baraye bakomerekejwe na Grenade yatewe ku muhanda w’ahitwa kwa mutwe mu murenge wa Kimisagara bose bamaze gutaha kuko ibikomere byabo byoroheje. Grenade yatwe mu masaa mbili n’igice z’ijoro ikaba nta muntu n’umwe yahitanye, bitewe n’uko uwayiteye yaba ngo yikangaga abashinzwe umutekano […]Irambuye
Muri iyi misnsi ku isi hose, usanga abantu benshi babangamiwe n’umubyibuho ukabije, kandi hakaba n’abahitanwa n’indwara nyinshi zikomoka kukubyibuha birengeje urugero. Ushobora kuba uri muri abo bantu babangamiwe n’ibiro byabo? Hano ukuri.com kwabashakiye inzira wanyuramo ngo ube wagabanya ibiro byawe, cyangwa ukirinda umubyibuho ukabije. Ikintu cyambere ugomba gukora, ni ukumenya uburyo umubiri wawe wubatse. Cyane […]Irambuye