Rapide SMS ni uburyo bw’ubutumwa bugufi bwoherezwa n’abajyanama b’ubuzima bakoresheje telephone, iyo gahunda ngo ni nziza cyane kuko afasha kurinda umwana kuva nyina akimusama, umwana agakurikiranwa kugeza ageze ku minsi 1000. Umwana akomeza gukurikiranwa kugeza agejeje imyaka itanu. Iyi gahunda ikorwa gute? Jack Nyarugabo uhagarariye ibikorwa by’abajyanama b’ubuzima muri Centre de santé ya Kigufi iri […]Irambuye
Mu kiganiro n’Abanyamakuru cyari muri gahunda y’umunsi mpuzamahanga wo kurwanya ibiyobyabwenge n’ingaruka zabyo cyabaye kuri uyu wa mbere, umuyobozi w’urwego rw’ubugenzacyaha muri Polisi y’igihugu ACP Theos Badege yatangaje ko n’ubwo hagiyeho ingamba zo guhashya ikoreshwa n’ikwirakwizwa ry’ibiyobyabwenge imibare y’ababyishoramo n’abo bikoresha ibyaha ikiri hejuru cyane, abenshi mu babyishoramo n’ababifatirwamo bakaba ari urubyiruko. Kunywa ibiyobyabwenge bigira […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu ubwo Minisitiri w’ubuzima Dr Agnes Binagwaho n’abakozi b’iyi Minisiteri bari Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda basobanura uko ubwandu bushya bwa SIDA buhagaze mu Rwanda, bavuze ko muri iki gihe nibura buri minota 30 mu Rwanda umuntu umwe yandura agakoko gatera SIDA. Minisiteri y’ubuzima ivuga ko kugeza ubu abanyarwanda 226,225 bajya kungana […]Irambuye
Kubaga utubyimba dutera kanseri y’ubwonko nibintu bitoroshye rimwe na rimwe bishobora guteza ikibazo. Kubaga ubwonko rero akenshi ni wo muti wonyine ushobora gukiza kanseri yo mubwonko, ariko uku kubaga bishobora kugorana cyane, kuko bisaba ubuhanga bw’ubikora akitonda akamaramo utwo tubyimba neza. Dr Jim Olson, wita ku buvuzi bw’abana akaba n’inzobere mu bijyanye na kanseri ‘oncologist’, […]Irambuye
Ishami ry’umuryango w’Abibumbye wita ku buzima “OMS” ryasohoye raporo nshya y’umwaka wa 2014. Iyi raporo igaragaza ko u Rwanda ubu ruri mu bihugu byazamuye imyaka y’uburambe y’abaturage babyo (espérance de vie), yazamutseho imyaka 17. Imibare mishya igaragara muri raporo ngarukamwaka ya OMS igaragaza ko hari ibihugu byazamutse cyane ku myaka y’uburambe y’abataturage hagati y’umwaka w’1990 […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu tariki ya 07 Gicurasi Minisitiri w’Ubuzima Dr. Agnes Binagwaho mu ruzinduko rw’akazi, yasuye Ibitaro bya Ruhango biherereye mu murenge wa Kinazi, aho yahaye amahirwe yo gukomeza amashuri abaforormo abakozi bane b’ibi bitaro. Ibitaro byasuwe na Minisitiri Binagwaho ni bishya, byafunguwe ku mugaragaro na Perezida Paul Kagame kuwa 28 Gicurasi 2012, ni […]Irambuye
Ubwigunge ni ikibazo kigira imvano mu bwonko cyangwa mu ntekerezo z’umuntu muri rusange, aho umuntu yumva nta cyo ari cyo mu bandi, ko yanzwe n’abandi, kandi ko ntawe umushaka ndetse ko nta n’ukeneye kumutega amatwi. Gusa ngo abafite icyo kibazo, bifuza kujya aho abandi bari ariko imyumvire ituruka mu bitekerezo byabo ntibakundire, bityo bagahitamo kwiheeza. Impuguke […]Irambuye
Igituntu, kimwe mu byuririzi bikunze kwibasira ababana n’ubwandu bwa virusi itera SIDA, ndetse ngo gihitana bamwe kubera kutacyivuza neza, nyuma yo gushyiraho abakangurambaga bakangurira ababana n’ubwandu bagaragayeho ibimenyetso by’igituntu , kugana kwa muganga bakipimisha, basanga barwaye bagakurikiranwa kugeza bakize, igituntu kimaze kugabanuka ku rugero rushimishije nk’uko bitangazwa n’urugaga rw’ababana n’ubwandu mu karere ka Gasabo. Uwayezu […]Irambuye
Edward Mills wo mu kigo gishinzwe guhanga n’icyorezo SIDA (British Columbia Centre for Excellence in HIV/AIDS) avuga ko u Rwanda ari indashyikirwa mu bikorwa byo kurandura ubwandu bwa Virusi itera SIDA (HIV) muri Afurika. U Rwanda, buri mwaka umubare w’abandura SIDA wagabanutseho 90%, nk’uko byagaragajwe mu nama ijyanye no kuvura no gukumira ubwandu yabereye mu […]Irambuye
Kanseri y’umwijima iterwa n’uruhurirane rw’utubyimba tuba mu nyama y’umwijima ( liver tumors) kandi iri ku mwanya wa gatatu ku Isi mu guhitana benshi. Mu gihugu cy’u Buhinde honyine imibare yerekana ko byibura abantu 12,750 bafatwa n’iyi Kanseri buri mwaka. Nubwo bwose iyi mibare ari mito, iragaragaza ko muri kiriya gihugu kibarirwa mu bifite abaturage benshi ku […]Irambuye