Iyo batabinsaba nari kwicara ngatanga umusanzu wo kubaka u Rwanda

*Abanenga u Rwanda na bo banengwa ibyo bakora iwabo, baravuga ubusa, *Nyaruguru yagira ikiyivamo kuko ifite abantu Ku isaha ya saa 12h 15 Perezida Kagame Paul, Umukandida wa RPF-Inkotanyi yari ageze kuri site iri ahazwi cyane nka Ryabidandi, mu murenge wa Nyagisozi, mu karere ka Nyaruguru, yabwiye abaturage ko ibyo RPF yakoze bitakorwa na buri […]Irambuye

Kwiyamamaza: Kigali yiriwe ite ku munsi wa 1?…Umugi wari urimbye

Byasaga nk’urubanza rw’ubukwe budasanzwe, ibyapa, amafoto, ibitambaro by’Umuryango wa RPF-Inkotanyi watanze Paul Kagame ngo azawuhagararire mu matora y’umukuru w’igihugu. Ni ishusho y’Umugi wa Kigali ku munsi wa mbere w’ibikorwa byo kwiyamamaza no kwamamaza abakandida bazahatana mu matora. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 14 Nyakanga ni bwo ibikorwa byo kwiyamamaza no kwamamaza abakandida batatu bahatanira […]Irambuye

Abafite ubugufi bukabije ngo mu isomo mboneragihugu hongerwemo kutabannyega

*Ngo muri Girinka, VUP, Ubudehe,…barirengagizwa, *Ngo iteka bahora bafatwa nk’abana bikabavutsa amwe mu mahirwe,… Abafite ubumuga bw’ubugufi bukabije bibumbiye mu muryango RULP (Rwanda Union of Little People) baravuga ko bakomeje guheezwa muri gahunda zimwe na zimwe zigamije kuzamura ibyiciro by’abantu bafite umwihariko w’intege nke nkabo. Bavuga ko bitangirira mu miryango migari babamo kuko abo babana […]Irambuye

P. Kagame yasoje indangamirwa 10 abahishurira bimwe mu gisirikare

Gatsibo- Mu kigo cy’imyitozo ya Gisirikare kiri i Gabiro, Asoza  itorero Indangamirwa icyiciro cya 10 kuri uyu wa kane Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yasabye urubyiruko rwitabiriye izi nyigisho kugira uruhare mu kurinda umutekano w’u Rwanda, abasogongeza kuri amwe mu mabanga aranga umusirikare uri mu rugamba rwo guhashya umwanzi. Umukuru w’igihugu wahaga uru […]Irambuye

Episode 160: Daddy arashyize ategwa amatwi avuga byose, Louis na

MWARAMUTSE! Nyuma yo kubona ko hari abo kwishyura kugira ngo bakomeze gusoma iyi nkuru byananiye na nyuma yo kubona ibyifuzo binyuranye by’abo bitakundiye, twanzuye ko mwabikora mu buryo bundi bushoboka. Iyi nkunga yanyu kuri iyi nkuru yakoherezwa ku murongo wa MTN wacu mu buryo bwa Mobile Money, kuri numero 0788 77 28 18 ya UM– USEKE INFORMATION […]Irambuye

Avoka uregwa ruswa yiyemerera ko hari uwo yabwiye ko azamusengerera…

*Uregwa ngo hagaragazwe Abacamanza yahaye ruswa kandi bazanwe mu rukiko, *Avuga ko atari umukozi wo mu rwego rw’Ubucamanza nk’uko bivugwa n’Ubushinjacyaha, *Yari yunganiwe n’Abavoka batatu…Iburanisha ryakurikiranywe n’Abavoka benshi,… Me Nyiramikenke Claudine usanzwe akora umwuga wo kunganira abandi mu nkiko kuri uyu wa 13 Nyakanga yagejejwe imbere y’urukiko rwisumbuye rwa Nyarugenge aregwa kwaka ruswa abakiliya be […]Irambuye

Umunyarwandakazi ari ku mwanya wa 2 muri ‘Miss World Next

Clementine Uwase uzwi ku izina rya Tina ni we munyarwanda rukumbi uri mu irushanwa mpuzamahanga ryo kumurika imideli ryiswe ‘Miss World Next Top Model 2017’, uyu munyarwandakazi ugiye muri aya marushanwa ku nshuro ya mbere, ari ku mwanya wa kabiri mu kiciro cya mbere cy’amatora ari gukorerwa kuri internet. Ubu dushyizeho iyi nkuru, Uwase uri […]Irambuye

en_USEnglish