Umuyobozi wa Rubavu yatawe muri yombi akekwaho kubangamira Umukandida

Police y’u Rwanda iratangaza ko yataye muri yombi by’agateganyo umuyobozi w’akarere ka Rubavu, Sinamenye Jeremie akekwaho kubangamira ibikorwa by’umwe mu bakandida bari kwiyamamariza kuyobora u Rwanda. Ibicishije kuri Twitter, Police y’u Rwanda yatangaje uyu muyobozi w’akarere ka Rubavu afunganywe n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Umurenge wa Busanze. Umunyamakuru w’Umuseke ukorera i Rubavu, avuga ko amakuru avuga ko ifungwa […]Irambuye

Gicumbi: Ngo aho batangiye gufashwa na ‘Word Vision’ imibereho yarahindutse

Abatuye mu mirenge ya Mukarange, Kaniga, Rushaki, Bwisigye na Shangasha yo mu karere ka Gicumbi baravuga ko mu myaka 17 bamaze bakorana n’Umuryango w’Abanyamerika witwa ‘Word Vision’ hari byinshi byahindutse mu mibereho yabo. Bavuga ko hari benshi bubakiwe inzu, abahawe inka, abigishijwe kwihangira imirimo babinyujije mu masomo y’imyuva, abandi bagafashwa kwishyurirwa abana babo amashuri. Nikobahoze […]Irambuye

A. Misigaro uba muri USA ubu uri mu Rwanda agiye

Nyuma yo kwitabira igitaramo cy’itsinda Beauty For Ashes, umuhanzi Adrien Misigaro uba muri USA ubu uri mu Rwanda yateguye igitaramo yise ‘Ntacyo Nzaba Live Concert’ azamurikiramo album iriho indirimbo yagiye aririmbana n’abahanzi batandukanye barimo Meddy na The Ben. Mu kiganiro yagiranye n’abanyamakuru kuri uyu wa kane, Adrien Misigaro yavuze ko imyiteguro y’igitaramo igeze kure, anasezeranya […]Irambuye

FPR yabahaye umukandida utari mushya, musanzwe muziranye, turizerana-Kagame i Nyamirambo

Nyamirambo- Kandida Perezida Paul Kagame watanzwe n’Umuryango wa RPF-Inkotanyi ubu uri mu bikorwa byo kwiyamamaza mu bice bitandukanye by’igihugu, ku gicamunsi cyo kuri uyu wa 20 Nyakanga yabwiye abaturage bo mu karere ka Nyarugenge ko atari mushya kuri bo. Ati “…Tumaranye igihe, turizerana.” Kagame watangiye avuga ku byari bimaze kugarukwaho na Fazil Harelimana uyobora ishyaka […]Irambuye

Perezida Nkurunziza yongeye gusohoka mu gihugu…Na none ajya muri Tanzania

Nyuma y’imyaka ibiri, kuva yakongera gutorerwa kuyobora u Burundi, Perezida Pierre Nkurunziza w’u Burundi agiriye uruzinduko hanze y’igihugu, ajya gusura igihugu cya Tanzania yaherukaga kujyamo akagaruka igitaraganya nyuma yo kumva ko habayeho ibikorwa byo kugerageza kumuhirika ku butegetsi. Kuri Twitter ye, umujyanama mu biro by’umukuru w’igihugu cy’u Burundi, Willy Nyamitwe akaba ashinzwe n’itumanaho yagaragaje ko […]Irambuye

Da Queen wari umaze imyaka 3 nta ndirimbo agarutse mu

Yamenyekanye cyane mu ndirimbo Akandiko yaririmbanye na Riderman n’inzindi, aza gusa nk’uburiwe irengero muri muzika nyarwanda. Ni Da Queen ugarutse mu ndirimbo yise Carlo yitiriye umwana we w’imfura. Da Queen watangiye ibikorwa by’ubuhanzi muri 2010, yaje gusa nk’ufite ibindi ahugiyemo dore ko yaje kwinjira mu mishanga yo kubaka urugo aza no kujya gutura muri Zambia […]Irambuye

Rupari uhanga imideli ngo abikomora kuri Nyirakuru wadodeshaga icyarahani

*Guhanga imideri byamuhesheje ibihembo bibiri, Guéssé na YEHE *Yerekanye imyambaro yahanze muri  Cote d’Ivoire, Guineé Conakry, Mombasa,… Rupari Cynthia si izina rishya ku bakurikiranira hafi ibyo guhanga no kumurika imideri mu Rwanda, yatangiye amurika imideri muri 2006 nyuma aza no kwinjira mu mwuga wo kuyihanga, avuga ko guhanga imideri atari bishya mu muryango wabo kuko […]Irambuye

Kenya: 3 bakatiwe urwo gupfa kubera gufata ku ngufu no

Kuri uyu wa gatatu abagabo batatu b’Abanya-Kenya bakatiwe igihano cy’urupfu nyuma yo guhamywa ibyaha byo gufata ku ngufu umugore, bakamwambika ubusa mu modoka itwara abagenzi no kumwiba ibyo yari afite byose. Aba bagabo bakoze ibi byaha muri 2014, ni uwitwa Nicholas Mwangi watwaraga imodoka itwara abagenzi, Meshack Mwangi wari ‘Convoyeur ‘ n’undi witwa Edward Ndung’u […]Irambuye

Kwiyamamaza biri kugenda neza ariko ntihaburamo urunturuntu – NEC

*Diane Rwigara na Mwenedata G. Bashobora kuba bari gukurikiranwa, *Urutonde ntakuka rw’abazatora ni 6 897 076, Prof. Kalisa Mbanda uyobora komisiyo y’amatora (NEC/National Electoral Commission) mu Rwanda aravuga ko ibikorwa byo kwiyamamaza ku bakandida batatu bahatanira kuyobora u Rwanda biri kugenda neza ariko ko hatari kuburamo udutotsi dushingiye ku kutanoza gahunda kuri bamwe mu bakandida. […]Irambuye

France: Umugaba w’ingabo yeguye kubera kutumvikana na perezida kuri ‘Budget’

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu Umugaba mukuru  w’ingabo muri France, Gen. Pierre de Villiers yeguye ku mirimo ye nyuma yo kutumvikana na perezida Emmanuel Macron kw’igabanywa ry’ingengo y’imari yahabwaga igisirikare. Ingengo y’imari y’igisirikare cya France muri uyu mwaka wa 2017 yagabanutseho miliyoni 850 z’amayero. Mw’itangazo yasohoye mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, […]Irambuye

en_USEnglish