Leta ntikiregwa ngo tugende tugiye gutsindwa gusa-Min. Johnston Busingye

*Mu mwaka wa 2015-2016, Leta y’u Rwanda imaze kuregwa imanza 506, yatsinze 187 muri 269 imaze kuburana, *Abunzi bose bahawe telephone ngendanwa… Mu minsi iri imbere bazahabwa n’amagare (mu byiciro). Mu nama yo gusuzuma ibyagezweho na Minisiteri y’Ubutabera, Minisitiri Johnston Busingye yavuze ko Leta y’u Rwanda ihagaze neza mu kuburana imanza iregwamo kuko Minisiteri yashyizeho […]Irambuye

Knowless yanze kuvuga ikimuri ku mutima nyuma yo kwemerera Clement

Mu birori byahuje abasitari bazwi mu mpano zitandukanye n’abakunzi babo, mu ijoro ryo kuri uyu wa 27 Gicurasi; Butera Knowless wari umwe mu bahanzi bari batumiwe kuririmbira abafana yanze kugira icyo atangaza ku gikorwa cyo gushimangira urukundo hagati ye na Producer Clement bari baraye bemeranyijwe kuzasezerana kubana nk’umugore n’umugabo. Muri iki gitaramo cyahuje abasore n’inkumi […]Irambuye

en_USEnglish