Amajyepfo: Abayobozi n’Abanyamakuru bitanaga bamwana bemeye kunoza imikoranire

Mu biganiro byahuje Polisi, inzego z’ubuyobozi n’Abanyamakuru kuri uyu wa gatanu bagiranye ibiganiro bigamije kuvugurura imikoranire. Muri ibi biganiro byajemo kwitana bamwana ku babangamira umwuga w’itangazamakuru, izi nzego zemeranyijwe kuvugurura uburyo bw’imikoranire ku bijyanye no kubona amakuru  no kuyatangaza. Ibi biganiro byabayemo impaka hagati y’Abanyamakuru n’Abayobozi b’Uturere zishingiye  ku nkuru zikorwa  ku nzego z’ibanze Abayobozi […]Irambuye

Mme J.Kagame arashima abagore uko bafashe agaciro basubijwe

*Yatashye kumugaragaro inyubako y’ikitegererezo y’iterambere ry’abagore, *Avuga ko nta mugore ukwiye gupfa atanga ubuzima, Madamu Jeannette Kagame yatashye ku mugaragaro igice cya mbere cy’inyubako y’ikigo cy’ikitegererezo cy’iterambere ry’abagore cyubatswe i Gahanga mu karere ka Kicukiro, yashimiye abagore ko bakomeje gusigasira no kubyaza umusaruro agaciro basubijwe nyuma yo kumara imyaka myinshi barahejwe. Iyi nyubako y’impuzamiryango Pro-Femme […]Irambuye

Gicumbi: Hangijwe ibiyobyabwenge bya miliyoni 15 Frw

*Abana 14% babaye imbata z’ibiyobyabwenge, 52/% bagerageje kunywaho… Kuri uyu wa 06 Nyakanga mu murenge wa Byumba mu karere ka Gicumbi habereye igikorwa cyo kwangiza ibiyobyabwenge bifite agaciro ka miliyoni 15 z’amafaranga y’u Rwanda. Muri ibi biyobyabwenge harimo Kanyanga ikunze kugaragara muri aka gace. Muri iki gikorwa cyanatangiwemo impanuro, urubyiruko rwasabwe guca ukubiri no kunywa […]Irambuye

Mu gihembwe cya mbere cya 2017 GDP y’u Rwanda yazamutseho

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyatangaje ko umusaruro mbumbe w’igihugu (GDP) mu gihembwe cya mbere cy’umwaka wa 2017 wabaye miliyari 1 817 Frw, mu gihe mu gihembwe cya mbere cya 2016 wari 1 593 Frw. Ni ukuvuga ko wazamutseho 1.7%. Mu musaruro mbumbe w’igihugu wa miliyari 1 817 wabonetse hagati ya Mutarama na […]Irambuye

Africa ikeneye abarangiza kaminuza benshi bafite ubumenyi- Kagame

Mu gutangiza inama y’iminsi ibiri igamije kuzamura ireme ry’uburezi mu mashuri makuru na kaminuza byo muri Afurika, kuri uyu wa 05 Nyakanga Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yavuze ko umubare w’abagana aya mashuri ari muto cyane ugereranyije n’ubumenyi n’ubushobozi bikenewe mu kuzamura uyu mugabane. Muri iyi nama yateguwe n’ikigo gishinzwe guteza imbere intego […]Irambuye

Gushaka ireme ry’uburezi mwarimu abayeho nabi ni ugukora ubusa-Dr. Belay

*Ngo mu burezi, umwarimu ni we ukwiye kwibandwaho, *Mu Rwanda ngo uburezi kuri bose byagezweho ariko ireme riracyacumbagira,… Dr. Belay Begashaw uyobora ikigo gishinzwe kwihutisha intego z’iterambere rirambye muri Afurika SDGC/A avuga ko ireme rw’uburezi mu bihugu biri mu nzira y’amajyambere rikiboshywe n’imiberereho mibi y’abarimu. Kuva kuri uyu wa Gatatu, i Kigali hateraniye inama y’iminsi […]Irambuye

Abitwaye neza muri ARPL 2016-2017 bagiye guhembwa

Ishyirahamwe ry’umupira w’Amaguru mu Rwanda (FERWAFA) ryatangaje ko ku itariki ya 09 Nyakanga rizatanga ibihembo ku bakinnyi n’abandi bitwaye neza muri shampiyona y’umupira w’amaguru ya 2016-2017 izwi nka Azam Rwanda Premier League. Ibi birori bigiye kuba ku nshuro ya kabiri, bizabera muri Hotel ya Marriot ku Kimihurura mu mugi wa Kigali. FERWAFA ivuga ko ibihembo […]Irambuye

U Rwanda rutorewe kuzayobora AU muri 2018

Mu myanzuro yafatiwe mu nama y’abakuru b’ibihugu na Guverinoma by’Umuryango w’Ubumwe bwa Afurika yari iri kubera i Addis Ababa muri Ethiopia, kuri uyu wa 04 Nyakanga yemeje ko u Rwanda ruzayobora uyu muryango mu mwaka utaha wa 2018. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga akaba n’umuvugizi wa Leta y’u Rwanda, Louise Mushikiwabo wabinyujije kuri Twitter, yavuze ko mu […]Irambuye

Kwibohora bivuze kwikiza abayobozi babi n’ubuyobozi bubi- P. Kagame

*Kagame yishimiye ko abatuye aka gace biyambuye agahinda bagaragazaga hambere, *Yabizeje kuzagaruka, ngo yizeye ko ibyishimo bizaba byariyongereye,… Nyabihu- Mu muhango wo kwizihiza isabukuru y’imyaka 23 ishize u Rwanda rwibohoye wabereye mu murenge wa Shyira, Perezida wa Repubulika y’u Rwanda, Paul Kagame yagarutse ku nzira yo kwibohora, avuga ko urugamba rutangirira mu kuburizamo imigambi mibi […]Irambuye

en_USEnglish