Mr Eazi wataramiye i Kigali yemeza ko u Rwanda ari

Igitaramo kitiriwe kwibohora Mr Eazi yakoreye i Kigali kiri mu bitaramo byahenze kurusha ibindi mu mateka y’umuziki mu Rwanda ariko kikitabirwa na benshi. Kigali Convention Centre yari yuzuye. Uyu umuhanzi w’umunya-Ghana yishimiye u Rwanda cyane bituma arwita igihugu cye cya kabiri. Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere ushyira kuwa kabiri tariki 4 Nyakanga 2017 […]Irambuye

Umuryango wa Rayon wibutse abazize Jenoside unatangiza ikigega cy’Ingoboka

Imyaka 23 irashize u Rwanda ruvuye mu bihe bitoroshye birimo Jenoside yakorewe Abatutsi 1994. Rayon sports nk’ikipe ikunzwe kurusha izindi mu Rwanda yatakaje imbaga y’abantu muri icyo gihe. Nkuko bisanzwe hakozwe umuhango wo kubibuka, hanatangizwa ikigega cy’ingoboka ku barokotse. Kuri iki cyumweru tariki 2 Nyakanga 2017 nibwo umuryango mugari wa Rayon sports wibutse ibihumbi by’abayobozi, […]Irambuye

Nshuti witwaye neza mu gikombe cy’Amahoro yahamagawe mu Mavubi

Umutoza w’ikipe y’igihugu Antoine Hey, yatangaje abakinnyi 23 bazakina umukino wo gushaka itike ya CHAN 2018 u Rwanda ruzahuriramo na Tanzania tariki ya 15 Nyakanga 2017. Amavubi ari butangire umwiherero kuri uyu wa kabiri ku mugoroba nyuma y’umukino wanyuma w’igikombe cy’Amahoro uzahuza APR FC na Espoir FC kuri stade regional ya Kigali. Iyi kipe y’igihugu […]Irambuye

Diamond yataramiye i Nyamata, ashima uburanga bw’abanyarwandakazi

Nyamata- Umuhanzi w’umunya-Tanzania Diamond Platnumz yataramiye ibihumbi by’abanyarwanda mu mujyi wa Nyamata. Uyu mugabo wishimiwe na benshi biganjemo inkumi, yashimye cyane uburanga bw’abari b’abanyarwanda, gusa ngo abaziho kwitinya gukabije. Mu ijoro ryo kuri iki Cyumweru rishyira kuwa mbere tariki 3 Nyakanga 2017 nibwo habaye igitaramo ngarukamwaka ‘Rwanda Fiesta’. Inshuro ya mbere yacyo yabereye mu busitani […]Irambuye

Volleyball: REG VC na RRA VC zatwaye ibikombe muri Memorial

Muri week-end ishize abakunda umukino wa Volleyball benshi bari mu ntara y’amajyepfo mu turere twa Gisagara na Huye, mu irushanwa ryahuje amakipe 35 rigamije kwibuka Rutsindura Alphonse wahoze ari mwarimu muri Petit Seminaire Virgo Fidelis Karubanda, wagize uruhare mu iterambere rya Volleyball y’u Rwanda. Kuwa gatandatu no ku Cyumweru tariki 2 Nyakanga 2017 nibwo ibibuga […]Irambuye

Ikipe y’u Rwanda ya ‘Under Water Hockey’ igiye kwitabira irushanwa

Umukino wa Under Water Hockey ntabwo umenyerewe mu Rwanda. N’abawukina baracyari bake ariko bitabira amarushanwa. Muri uku kwezi ikipe y’igihugu y’uyu mukino izitabira irushanwa mpuzamahanga ryiswe “Cleopatra Underwater Hockey Cup 2017” rizabera i Dubai. Kuri uyu wa gatandatu tariki 1 Nyakanga 2017 nibwo ikipe ya Rwanda UnderWater Hockey yakoze imyitozo ya nyuma yitegura “Cleopatra Underwater […]Irambuye

Iranzi na Lomami Andre basinyiye Posta Rangers FC yo muri

Abakinnyi babiri  Iranzi Jean Claude na Lomami Andre biyongereye ku bandi batatu b’abanyarwanda bakina muri shampiyona ya Kenya. Basinye amasezerano y’igice cy’umwaka muri Posta Rangers Football Club. Tariki 19 Kamena 2017 nibwo Posta Rangers yo mu kiciro cya mbere muri Kenya yatangiye  gukoresha igeragezwa abakinnyi batatu b’abanyarwanda. Iranzi Jean Claude wirukwanwe muri MFK Topvar Topoľčany […]Irambuye

Ibirori bya Volleyball byagarutse, amakipe 35 azahatanira Memorial Rutsindura 2017

Abakunzi ba Volleyball mu Rwanda bagiye kongera kuryoherwa n’imikino myinshi irimo ibihangange. Ni mu irushanwa ngarukamwaka ryo kwibuka umutoza Alphonse Rutsindura wazamuye impano nyinshi z’abamenyekanye muri Volleyball, ryateguwe na Petit Seminaire Virgo Fidelis ku nshuro ya 16. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 30 Kamena 2017 saa 17:00, nibwo hakorwa tombola y’uko amakipe azahura muri […]Irambuye

Olivier Karekezi, umusimbura wa Seninga muri Police FC

Nyuma y’imyaka isaga ibiri asoje amasomo yo gutoza akanabona ‘License A’ ya UEFA, ariko agakomeza gutoza amakipe y’abakiri bato muri Suède, Olivier Karekezi yamaze kwemeza ko muri Kanama azagaruka mu Rwanda gushaka akazi ko gutoza ikipe nkuru. Ashobora gutoza Police FC umwaka utaha w’imikino. Tariki 26 Ugushyingo 2014 nibwo umunyarwanda Fils Olivier Karekezi wakiniye ikipe […]Irambuye

Diamond Platnumz yageze i Kigali, yiteguye gushimisha Abanyarwanda

Umuhanzi w’umunya-Tanzania Naseeb Abdul Juma bita Diamond Platnumz agarutse i Kigali gutaramira abanyarwanda. Ageze ku kibuga cy’indege cya Kigali kuri uyu wa kabiri tariki 29 Kamena 2017, saa 20:30. Aritegura gutaramira i Nyamata i Bugesera kuri iki cyumweru. Umuyobozi wa ‘studio’ ikomeye mu karere ka Afurika y’Uburasirazuba Wasafi Records WCB, akaba n’igihangange muri muzika ya […]Irambuye

en_USEnglish