Savio afite impano itangaje kandi azafasha Amavubi y’ahazaza- Antoine Hey

Umutoza w’ikipe y’igihugu Amavubi yashimye uko abakinnyi be bitwaye muri Tanzania. Gusa ngo Savio Nshuti Dominique we afite impano y’igitangaza. Ngo nadatezuka azafasha Amavubi imyaka myinshi kuko afite imyaka mike. Kuwa gatandatu tariki 17 Nyakanga 2017 nibwo u Rwanda rwatangiye urugendo rwo gushaka itike y’igikombe cya Afurika cy’abakina imbere mu gihugu CHAN2018 izabera muri Kenya. […]Irambuye

Gutsinda ‘etape’ niyo ntego ya Team Rwanda igiye mu masiganwa

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’Amagare iri muri USA, yiteguye amasiganwa abiri; ‘Cascade Cycling Classic’ y’iminsi ine na Colorado Classic Race y’iminsi ine. Intego abakinnyi bafite ni ukwegukana ‘etape’. Team Rwanda yahagurutse mu Rwanda kuwa gatanu tariki 14 Nyakanga 2017 yageze muri Leta zunze ubumwe za Amerika, yanatangiye imyitozo yitegura amasiganwa abiri mpuzamahanga. Ikipe y’u […]Irambuye

Igitego cya Savio gihesheje Amavubi ikizere cy’itike ya CHAN 2018

Umukino wa wo gushaka itike y’igikombe cya Afurika Amavubi yakinnye na Taifa Stars ya Tanzania warangiye bagabanye Amanota nyuma yo kunganya 1-1. Igitego cya Savio Nshuti kishyuwe  kuri Penaliti itishimiwe n’abakinnyi b’u Rwanda bemeza ko imyanzuro y’umusifuzi yabarwanyaga. Kuri uyu wa Gatandatu tariki ya 15 Nyakanga 2017, nibwo u Rwanda rwakinnye umukino wambere wo gushaka […]Irambuye

Nshobora guhindura ikipe ariko kugaruka mu Rwanda ntibirimo- Emery Bayisenge

Myugariro w’ikipe y’igihugu Amavubi Emery Bayisenge arahakana amakuru avuga ko yatangiye ibiganiro n’amakipe yo mu Rwanda APR FC na Rayon sports. Gusa kuba ikipe ye KAC de Kénitra yo muri Maroc yaramanutse mu kiciro cya kabiri bishobora gutuma ahindura ikipe. Mu gihe ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’abakina imbere mu gihugu ikomeje imyiteguro y’imikino yo gushaka […]Irambuye

Volleyball: Yakan Laurence yageze mu mwiherero w’ikipe yitegura Zone 5

Hasigaye icyumweru kimwe ngo mu Rwanda hatangire irushanwa rya Volleyball rihuza amakipe y’ibihugu yo muri Zone 5. Ikipe y’u Rwanda ikomeje imyiteguro yishimiye kwakira umukinnyi wabigize umwuga Yakan Guma Laurence ukina mu Buyapani. Kuva tariki 21-29 Nyakanga 2017 kuri petit stade i Remera hazabera irushanwa rihuza ibihugu byo mu karere ka gatanu. Ibihugu bizaryitabira ni […]Irambuye

Abakinnyi 11 Amavubi ashobora kubanzamo imbere ya Tanzania

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda Amavubi yakoze imyitozo ya nyuma i Kigali yitegura Taifa Stars ya Tanzania mu mukino wo gushaka itike ya CHAN 2019 izabera muri Kenya. Mu bakinnyi 18 umutoza Antoine Hey yatangaje azajyana i Mwanza higaragajemo 11 ashobora kubanza mu kibuga. Kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017  nibwo Amavubi y’u Rwanda […]Irambuye

Everton FC yitegura Gor Mahia FC yageze i Dar es

Umutoza wa Everton FC Ronald Koeman n’abasore be bageze muri Tanzania aho bagiye guhangana na Gor Mahia FC yo muri Kenya mu mukino wa mbere wa ‘Pre Season’. Wayne Rooney na bagenzi be bageze i Dar es salaam batarimo umwongereza Ross Barkley wifuzwa na Tottenham Hotspur. Kuri uyu wa kane tariki 13 Nyakanga 2017 kuri […]Irambuye

Makenzi, Migi, Tuyisenge na Kagere biteguye guhangana na Everton ya

Nyuma yo kwegukana irushanwa rya ‘sportpesa’ ryo mu karere, Gor Mahia  FC yo muri Kenya irimo abakinnyi benshi b’abanyarwanda yatsindiye itike yo guhura na Everton ya Wayne Rooney kuri uyu wa kane tariki 13 Nyakanga. Imikino ya shampiyona y’Ubwongereza izatangira tariki 11 Kanama 2017. Amakipe akomeje kwiyubaka no gukina imikino ya gicuti ‘Pre-Season’. Everton yaguze […]Irambuye

AS Kigali yaguze umukinnyi wa 7, Umugande Frank Kalanda

Nyuma yo kubona ubuyobozi bushya butishimiye umwanya wa kane muri shampiyona AS Kigali yarangirijeho, isoko ryo kugura abakinnyi niyo kipe iri kwigaragaza cyane. Frank Kalanda wasinye imyaka itatu yabaye umukinnyi wa karindwi (7) baguze. Kuri uyu wa kabiri 11 Nyakanga 2017 nibwo rutahizamu wa Uganda Craines Frank Kalanda yageze ku kibuga cy’indege cya Kigali i […]Irambuye

Emery Bayisenge mu ikipe y’igihugu y’abakina mu Rwanda yitegura Tanzania

Ikipe y’igihugu Amavubi y’abakina imbere mu gihugu ikomeje imyiteguro y’umukino w’amajonjora ya CHAN2018 izahura na Tanzania muri iyi weekend. Igitangaje ni uko mu myitozo yayo hongewemo Emery Bayisenge usanzwe ukina muri Maroc.    Kuri uyu wa gatandatu tariki 15 Nyakanga 2017  nibwo Amavubi y’u Rwanda azahangana na Taifa Stars ya Tanzania y’abakina imbere muri shampiyona […]Irambuye

en_USEnglish