Ibyo wamenya kuri shampiyona y’u Rwanda yo gusiganwa ku magare

Abanyarwanda bakina imbere mu gihugu n’abakina hanze mu mukino w’Amagare bakereye guhatanira shampiyona y’u Rwanda ibemerera kumara umwaka wose bakinana ‘Jersey’ iriho ibendera ry’u Rwanda. Mu mpera z’iki cyumweru tariki 24 na 25 Kamena 2017 nibwo ishyirahamwe ry’umukino wo gusiganwa ku magare mu Rwanda riteganya shampiyona y’u Rwanda izakinwa mu masiganwa abiri. Mu kwezi kwa […]Irambuye

Kambale Gentil wifuzwaga na AS Kigali yongereye amasezerano muri Etincelles

Rutahizamu Kambale Salita Gentil yongereye amasezerano muri Etincelles FC. Iyi kipe bivugwa ko yamuhaye miliyoni enye za ‘recruitement’ ngo irifuza kongerera amasezerano abeza isanganywe mbere yo kugura abandi batandatu. Kuri uyu wa kane tariki 22 Kamane 2017 nibwo Etincelles FC yatangiye kubaka ikipe bazakoresha mu mwaka utaha w’imikino. Ubuyobozi bw’iyi kipe y’i Rubavu bwatangiye gusinyisha […]Irambuye

APR FC yasezereye Bugesera FC izahura n’Amagaju FC muri ½

Kicukiro- APR FC yiyongereye ku makipe azakina ½ cy’igikombe cy’Amahoro nyuma yo gusezerera Bugesera FC iyinyagiye 5-1 mu mikino ibiri. Izahura n’Amagaju FC yasezereye AS Kigali bitunguranye. Kuri uyu wa kane tariki 22 Kamena 2017 hamenyekanye amakipe ane azahurira muri ½ cya ‘AZAM Rwanda Peace Cup 2017’ Iki gikombe kizasorezwa kuri stade ya Kigali tariki […]Irambuye

Rayon isezereye Police FC iyitsinze 6, izahura na Espoir FC

Nyamirambo- Rayon sports ikatishije itike ya 1/2 cy’igikombe cy’Amahoro, nyuma yo kunyagira Police FC 6-1 mu mukino ubanza n’uwo kwishyura. Mu mpereza z’iki cyumweru izahura na Espoir FC yasezereye Marines FC. Kuri uyu wa gatatu tariki 21 Kamena 2017 nibwo habaye imwe mu mikino yo kwishyura ya ¼ cy’igikombe cy’Amahoro yabaye. Umukino ukomeye kurusha indi […]Irambuye

BREAKING: Yanga Africans yasezeye Haruna Niyonzima ku mugaragaro

Bidasubirwaho Haruna Niyonzima yananiranywe na Yanga Africans yo muri Tanzania yakiniye imyaka itandatu ishize. Umunyamabanga w’iyi kipe yatangaje ko abakunzi bose ba Yanga bamwifuriza ishya n’ihirwe mu ikipe azakinira umwaka utaha. Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu tariki 21 Kamena 2017 nibwo itangazo ryatunguye benshi ryanyuze ku mbuga nkoranyambaga za Yanga Africans ryemeza ko […]Irambuye

Police FC yategeye ibuhumbi 300 buri mukinnyi nibasezerera Rayon

Kuri uyu wa gatatu hateganyijwe imikino wo kwishyura wa 1/4 cy’igikombe cy’Amahoro. Police FC irasura Rayon Sports ishaka kuyitsinda ikinyuranyo cy’ibitego bitatu kuko yatsindiwe mu rugo 2-0 mu mukino ubanza. Amakuru atugeraho aremeza ko ubuyobozi bw’iyi kipe bwategeye abakinnyi bayo agahimbazamusyi k’ibihumbi 300 frw buri mukinnyi. Kuri stade Regional ya Kigali kuri uyu wa gatatu […]Irambuye

Volleyball: 18 bitegura ZONE 5 izabera mu Rwanda batangajwe

CAVB yemeje ko irushanwa rya Volleyball rihuza ibihugu byo mu karere ka gatanu rizabera mu Rwanda gusa amatariki ntabwo aramenyekana. Gusa ntibibuza ikipe y’igihugu gukomeza imyiteguro. Iyi kipe isigaranye abakinnyi 18 bakomeza umwiherero. Kuva tariki 14 Gicurasi kugera ubu ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Volleyball iri mu mwiherero. Batangiye ari 27 none umutoza wayo umunya-Kenya […]Irambuye

Fiston Munezero wananiranywe na Simba SC yumvikanye na Police FC

Myugariro wa Rayon sports Fiston Munezero wari umaze iminsi mu igeragezwa muri Simba Sports Club yo muri Tanzania yagarutse mu Rwanda batamushimye, ariko Police FC yari imaze igihe imwifuza yahise imusamira hejuru. Ikipe ya Simba Sports Club ikomeje gukoresha igeragezwa abakinnyi batandukanye ishaka kugura, ari nako isinyisha abafite amazina akomeye nka; Umunyezamu Aishi Manula, Shomari […]Irambuye

APR FC yatsinze Bugesera FC y’abakinnyi 10, yizera ½ cy’igikombe

Nyamata- Igikombe cy’Amahoro kigeze muri ¼. APR FC yifuza gusubira ku mukino wa nyuma yatsindiweho umwaka ushize, yatsindiye mu rugo Bugesera FC  2-0. Umukino wo kwishyura uzabera i Kigali. Urugendo rwo guhatanira igikombe cy’Amahoro rurakomeje kuko buri mwaka rusozwa ku munsi wo Kwibohora tariki 4 Nyakanga. Mu gihe habura iminsi 15 ngo uwo munsi ugere, […]Irambuye

AMAFOTO: Rayon yatsinze Police FC 2-0, yizera itike ya ½

Kicukiro- Umukino ubanza wa ¼ cy’Igikombe cy’Amahoro urangiye Police FC itakaje ikizere cyo kujya muri ½ kuko yatsindiwe mu rugo na Rayon sports 2-0. Abafana ba Kiyovu sports bashyigikiye Police FC ariko bongera gutahana agahinda. Urugendo rwo guhatanira igikombe cy’Amahoro rurakomeje kuko buri mwaka rusozwa ku munsi wo Kwibohora tariki 4 Nyakanga. Mu gihe habura […]Irambuye

en_USEnglish