Gutsinda Police FC bizafasha Kiyovu mu mikino iri imbere- Kanamugire

Ku munsi wa 11 wa shampiyona y’u Rwanda Kiyovu sports yatunguye Police FC iyitsinda 2-1. Kanamugire Aloys abona byarazamuye ikizere cy’abakinnyi ba Kiyovu kandi bizafasha no mu mikino itaha. Kuri uyu wa gatanu tariki 6 Mutarama 2016 hazakomeza umunsi wa 12 wa shampiyona. Umukino uzabimburira indi uzahuza Kiyovu sports na Espoir FC yamaze kugera mu […]Irambuye

Grace Nyinawumuntu watozaga AS Kigali y’abagore yahagaritswe ashinjwa ITONESHA

Kuwa kane- Uwari umutoza w’ikipe ya AS Kigali y’abagore yahagaritswe ku kazi ashinjwa gukandamiza abakinnyi bamwe agatonesha abandi kandi badashoboye. Ubuyobozi bw’ikipe y’umupira w’amaguru y’ umujyi wa Kigali mu bagore bwamaze gutangaza ko Grace Nyinawumuntu wari umutoza mukuru wayo yahagaritswe amezi abiri. Uyu mugore wari umaze imyaka icumi ari muri AS Kigali yahagaritswe ashinjwa gutonesha […]Irambuye

UMUKINNYI W’UKWEZI: 4 bitwaye neza mu Ukuboza, TORA

Gutora umukinnyi w’ukwezi k’Ukuboza muri shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda byatangiye. Bizasozwa ku cyumweru saa sita z’ijoro maze Umuseke utangaze unahembe umukinnyi warushije abandi ku nshuro ya gatatu.  Uyu ni umushinga w’UM– USEKE IT Ltd, ugamije kurushaho kumenyakanisha umupira w’u Rwanda no guteza imbere impano z’abakinnyi bakina muri shampionat y’u Rwanda itegurwa na  FERWAFA, igaterwa inkunga […]Irambuye

APR FC na Rayon sports zizahabwa miliyoni 50 na MINISPOC

Amakipe azahagararira u Rwanda mu marushanwa ya CAF yatangiye imyiteguro. Yamaze gutanga intonde z’amazina na numero abakinnyi bazakoresha. Biteganyijwe ko MINISPOC izaha buri kipe miliyoni 25. Hagati ya tariki 10 na12 Gashyantare 2017 nibwo hateganyijwe imikino y’amajonjora y’ibanze y’amarushanwa y’ama-club ategurwa n’impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF; irihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ‘CAF champions […]Irambuye

Abouba Sibomana watandukanye na Gor Mahia ashobora gusinyira Rayon sports

Myugariro w’ibumoso w’ikipe y’igihugu Amavubi Abouba Sibomana yarangije amasezerano na Gor Mahia yo muri Kenya yari amazemo umwaka n’amezi umunani. Ubu ari mu biganiro na Rayon sports yahozemo. Hagati ya tariki 10 na12 Gashyantare 2017 Rayon sports izakina na Al Salam yo muri Sudani y’Epfo umukino ubanza wa Total CAF Confederation Cup. Yatangiye kugura abazayifasha […]Irambuye

Samuel Uwikunda asimbuye Munyemana Hudu mu basifuzi mpuzamahanga

Kuwa kabiri- FIFA itangaza urutonde rushya rw’abasifuzi mpuzamahanga ruzakoreshwa mu mikino itegurwa n’iyi mpuzamashyirahamwe. Mu bagabo12 b’abanyarwanda harimo impinduka. Uwikunda Samuel yasimbuye Munyemana Hudu bita Nzenze wasezeye. Buri mwaka impuzamashyirahamwe y’umupira w’amaguru ku isi FIFA itangaza urutonde rw’abasifuzi mpuzamahanga bakoreshwa mu mikino itegura, harimo iyo gushaka itike n’imikino ya nyuma y’ibikombe by’isi n’iby’imigabane. Uyu mwaka […]Irambuye

Valens, Mugisha na Areruya muri 14 bitegura shampiyona ya Afurika

Kuri uyu wa kabiri tariki 3 Mutara 2017 ‘Team Rwanda’ yatangiye imyiteguro ya shampiyona ya Afurika izabera mu Misiri. Abakinnyi 14 batangiye umwiherero bayobowe na Valens Ndayisenga. Abasore n’inkumi 14 bagize ikipe y’igihugu y’u Rwanda y’umukino w’amagare batangiye imyitozo baba hamwe mu mwiherero batangiye mu kigo ‘Africa rising cycling center’ kiri i Musanze mu ntara […]Irambuye

2016 mu magare: Benshi bavuye mu mukino, Valens ashimisha abanyarwanda

Umwaka wa 2016 wabaye imvange y’ibyiza n’ibibi mu mukino w’amagare mu Rwanda. Gusa niwo mukino watanze ibyishimo byinshi ku banyarwanda Ndayisenga Valens awusozaga atwara Tour du Rwanda. Amarushanwa mpuzamahanga y’imikino menshi yabereye mu Rwanda muri 2016 harimo Igikombe cya Afurika gihuza abakina imbere mu bihugu byabo mu mupira w’amaguru CHAN2016 n’igikombe cya Afurika muri Basketball […]Irambuye

Abana bo mu mihanda bavamo abakinnyi b’ibihangange- Ndayisaba Fabrice

Kicukiro- Ndayisaba Fabrice Foundation yihaye intego yo kugabanya umubare w’abana bo mu mihanda binyuze mu mikino. Imbogamizi bahanganye nazo muri iyi gahunda bizeye ko zizavaho vuba. Kuri uyu wa kane tariki 29 Ukuboza 2016 nibwo umuryango udaharanira inyungu ‘Ndayisaba Fabrice Foundation’ ukorera kuri stade ya Kicukiro watangije umushinga wo kugabanya abana bo mu mihanda binyuze […]Irambuye

en_USEnglish