Team Rwanda mu makipe 15 azahatanira La Tropicale Amissa Bongo

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda mu mukino w’amagare ikomeje imyiteguro y’amarushanwa atangira umwaka w’imikino. Muriyo harimo na La Tropicale Amissa Bongo yo muri Gabon yamaze gutangaza amakipe 15 azayitabira arimo atanu y’ababigize umwuga. Hagati ya tariki 27 Gashyantare na 5 Werurwe 2017 muri Gabon hazabera isiganwa mpuzamahanga ry’amagare rikomeye kurusha andi muri Afurika La Tropicale Amissa […]Irambuye

Fabrice Twagizimana wavunitse BIKOMEYE, ashobora gusezera umupira

Kapiteni wa Police FC Fabrice Twagizimana bita Ndikukazi yavunikiye i Rusizi mu mukino ikipe ye yanganyije na Espoir FC mu mpera z’icyumweru gishize. Ubu ari mu bitaro ‘King Faisal Hospital’ aho ari kuvurwa urutugu yavunitse. Kuwa gatandatu tariki 14 Mutarama 2017 Police FC yasuye Espoir FC mu mukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda […]Irambuye

Masudi Djuma ntiyishimiye imisifurire nyuma yo kunganya na Etincelles FC

Ku cyumweru-Rayon sports iyoboye urutonde rwa shampiyona yatakaje amanota abiri nyuma yo kunganya na Etincelles FC 0-0. Masudi Djuma ntiyishimiye imisifurire muri uyu mukino. Kuri stade regional ya Kigali niho Etincelles FC yasuye Rayon sports yaburaga abakinnyi benshi basanzwe babanza mu kibuga nka Ndayishimiye Eric Bakame, Jean d’Amour Mayor, na Moussa Camara. Mu gice cya […]Irambuye

Nahimana Shasir yahembwe nk’umukinnyi w’ukwezi kw’Ukuboza

Nahimana Shasir ukina hagati mu ikipe ya Rayon Sports niwe abakunzi b’umupira w’amaguru n’abatekinisiye batoye nk’umukinnyi wigaragaje kurusha abandi mu kwezi kw’Ukuboza muri Shampionat y’umupira w’amaguru mu Rwanda iterwa inkunga na AZAM. Yatangajwe anahabwa igihembo n’Umuseke IT Ltd. Ni umushinga w’UM– USEKE IT Ltd ugamije guteza imbere impano z’abakinnyi no kurushaho kumenyekanisha umupira w’amaguru mu […]Irambuye

Bitegura Rayon, Aimable na Djihad bafashije APR FC gutsinda Marine

Rubavu-APR FC igabanyije ikinyuranyo cy’amanota irushwa na Rayon sports nyuma yo gutsinda Marine FC2-0. Nsabimana Aimable APR FC yakuye muri Marine FC yatsinze ikipe yavuyemo. Kuri uyu wa gatanu tariki 13 Mutarama 2016 kuri stade Umuganda yo mu karere ka Rubavu, habereye umukino ubimburira indi mu munsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda ‘AZAM Rwanda […]Irambuye

Abouba Sibomana ntiyumvikanye na Rayon, agiye muri Tusker FC muri

Tusker Football Club yatwaye igikombe cya shampiyona ishize muri Kenya igiye gusinyisha myugariro w’ibumoso w’Amavubi Abouba Sibomana wifuzwaga na Rayon sports nyuma y’uko uyu atabashije kumvikana n’iyi kipe yakiniye mbere yo kujya muri Gor Mahia. Mu rukerera rwo kuri uyu wa gatanu nibwo Abouba Sibomana afashe indege imujyana i Nairobi muri Kenya gusinya amasezerano y’imyaka […]Irambuye

Gushaka itike ya CAN 2019: Amavubi mu itsinda rya Côte

Mu gihe habura iminsi ibiri gusa ngo hatangire igikombe cya Afurika y’ibihugu 2017 kizabera muri Gabon, CAF yatangaje uko amakipe azahura ashaka itike y’igikombe cya Afurika 2019. U Rwanda rwatomboye itsinda ‘H’ Cote D’Ivoire, Guinea. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 12 Mutarama 2017 nibwo impuzamazamashyirahamwe y’umupira w’amaguru muri Afurika CAF yatangaje amatsinda […]Irambuye

Muhadjiri ntazakina umukino wa Rayon, azamara ibyumweru 6 adakina

Umukinnyi wo hagati w’ikipe y’igihugu Amavubi na APR FC Muhadjiri Hakizimana yavunikiye mu myitozo. Yamaze kwitabwaho n’abaganga bamushyizeho ‘plâtre’ bita ciment. Azamara ibyumweru bitandatu adakora ku mupira. Mu ijoro ryo kuri uyu wa kane tariki 11 Mutarama 2016 nibwo Muhadjiri Hakizimana yajyanywe kwa muganga ngo yitabweho kuko nyuma y’imyitozo yavunikiyemo bikomeye yavanwe ku kibuga cy’imyitozo […]Irambuye

Umukino wa APR FC na Rayon utera ubwoba- Emery Bayisenge

Harabura iminsi icyenda (9) ngo hakinwe umukino uhuruza abakunzi b’umupira w’amaguru benshimkurusha indi. APR FC izakira Rayon sports. Myugariro mpuzamahanga w’u Rwanda Emery Bayisenge wakinnye iyi mikino kenshi yemeza ko ari umukino utera ubwoba. Emery Bayisenge myugairo w’ikipe y’igihugu Amavubi ukina nk’uwabigize umwuga muri Kénitra Athlétic Club yo mu kiciro cya mbere muri Maroc ari […]Irambuye

APR FC iritegura Marine FC idafite Muhadjiri, Onesme na Maxime

Muri iyi week-end AZAM Rwanda Premier League irakomeza. Uzabimburirwa n’umukino w’amakipe y’ingabo, Marine FC na APR FC izaba idafite Muhadjiri Hakizimana wavunitse mu myitozo. Kuri uyu wa gatanu tariki 13 Mutarama 2016 hazakinwa umukino ubimburira indi mu munsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda iterwa inkunga na AZAM TV. Marine FC izakira APR FC amakipe […]Irambuye

en_USEnglish