Umunya-Cameroun Etienne Nguila yaba agiye gusimbura Camara muri Rayon

Rayon sports iyoboye urutonde rwa shampiyona yakoze imyitozo kuri uyu wa gatatu. Umunya- Cameroun Etienne Nguila watangiye igeragezwa ashobora gusimbura Moussa Camara bivugwa ko ashakwa n’amakipe yo muri Tunisia na Misiri. Kuri Stade de l’Amitié yo ku Mumena niho Rayon sports yakoreye imyitozo yitegura umukino w’umunsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier […]Irambuye

Danny atsinda kenshi no mu mikino ikomeye, ni uwa mbere

Umutoza wa Police FC Seninga Innocent yemeza ko nta rutahizamu Rwanda urusha umukinnyi we Danny Usengimana. Usibye gutsinda ibitego byinshi, ngo anaheka ikipe mu mikino ikomeye. Shampiyona y’u Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League’ igeze ku munsi wa 12. Police FC yiganjemo abakinnyi bashya, inafite umutoza mushya Seninga Innocent ni imwe mu makipe ari imbere. Intwaro […]Irambuye

Rwanda Cycling Cup 2016 irasozwa mu mpera z’uku kwezi

Amasiganwa azenguruka u Rwanda mu mwaka wose ‘Rwanda Cycling Cup’ ya 2016 ntibyashobotse ko isozwa kubera imyiteguro ya Tour du Rwanda. Irushanwa ryo kuyisoza riteganyijwe tariki 21 Mutarama 2017. Ubusanzwe Rwanda Cycling Cup igizwe n’amasiganwa icumi itangira muri Werurwe igasozwa mu Ugushyingo. Gusa umwaka ushize ntibyashobotse ko isozwa kubera imyiteguro ya Tour du Rwanda yari […]Irambuye

‘Video Highlights’ kuri 4 bahatanira kuba ‘UMUKINNYI W’UKWEZI k’Ukuboza’

Amatora y’umukinnyi wahize abandi muri shampiyona y’u Rwanda mu Ukuboza yasojwe. Aya ni amashusho agaragaza abakinnyi bane bahataniraga kwegukana igihembo cy’umukinnyi w’ukwezi gitangwa na Umuseke IT Ltd. Uwahize abandi azatangazwa muri ‘Weekend’ itaha. Ku munsi wa 13 wa shampiyona y’u Rwanda AZAM Rwanda Premier League  nibwo hazatangazwa umukinnyi witwaye neza kurusha abandi mu kwezi k’Ukuboza. […]Irambuye

Bwa mbere mu Rwanda hatangijwe ‘section’ ya Basketball mu mashuri

*Basket bazayiga nk’uko umwana yiga Amashanyarazi, Ubwubatsi, Ubukanishi… Musanze – Mu rwego rwo kongera umubare w’abanyamwuga mu mikino by’umwihariko Basketball, WDA ifatanyije na FERWABA batoranyije abana 30 bagiye kwiga Basketball nk’umwuga muri Musanze Polytechnic. Iri ni ishami rishya ritangijwe mu mashuri yisumbuye mu Rwanda. Tariki 8 Mutarama 2016 nibwo hatangijwe gahunda ya Leta y’u Rwanda yo kwigisha imikino […]Irambuye

Camara yafashije Rayon gutsinda Pépinière FC 3-1, isiga APR FC

Ku Cyumweru- Hakomeje imikino ya AZAM Rwanda  Premier League. Rayon sports yashimangiye umwanya wa mbere itsinda Pépinière FC 3-1. Kuri stade Regional ya Kigali habereye umwe mu mikino ya shampiyona y’u Rwanda iterwa inkunga na AZAM TV. Umukino wahuje amakipe yombi yambara ubururu n’umwe; Rayon sports na Pépinière FC. Pépinière FC yakinnye uyu mukino nyuma […]Irambuye

Jimmy Mulisa atsinzwe umukino wa mbere, APR FC itsindwa na

Nyamirambo- APR FC itsinzwe na AS Kigali 1-0, Jimmy Mulisa atsindwa na Eric Nshimiyimana bakinanye, biba  umukino wa mbere iyi kipe y’ingabo itsinzwe muri shampiyona y’uyu mwaka. Kuri uyu wa gatandatu tariki 7 Mutarama 2016 habaye imikino ine ya shampiyona y’u Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League’. Umukino ukomeye wahuje APR FC itsindwa na AS Kigali […]Irambuye

H.Bonheur urindira Kiyovu sports abona 2017 ari umwaka wo kubaka

Umunyezamu w’ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 usanzwe urindira Kiyovu sports Hategekimana Bonheur afite intego yo kwigaragaza byatuma azamurwa mu Mavubi makuru muri uyu mwaka. Nyuma yo kuva mu Isonga FC akajya muri Kiyovu sports Hategekimana Bonheur w’imyaka 19 gusa ni umwe mu banyezamu bitwaye neza mu mpera za 2016. Yarindiye ikipe y’igihugu y’abatarengeje imyaka 20 […]Irambuye

Rayon sports irakira Pépinière FC yagarutse, Savio akina nka myugariro

Umunsi wa 12 wa shampiyona y’u Rwanda urakomeza mu mpera z’iki cyumweru. Ikibuga cya Pépinière FC cyakomorewe yemera kugaruka kuko yari yarasezeye muri shampiyona. Irasura Rayon sports ifite ibibazo mu bwugarizi. Mu mpera z’iki cyumweru AZAM Rwanda Premier League irakomeza. Umwe mu mikino itegerejwe uzahuza ikipe ya mbere ku rutonde rw’agateganyo rwa shampiyona Rayon sports […]Irambuye

Jimmy Mulisa utoza APR FC yiteguye guhangana na Nshimiyimana bakinanye

Umunsi wa 12 wa AZAM Rwanda Premier League urakomeza mu mpera z’iki cyumweru. Umukino ukomeye ni uwo APR FC izakiramo AS Kigali. Abatoza b’amakipe yombi bakinanye imyaka myinshi. Imikino ya shampiyona y’u Rwanda irakomeza mu mpera z’iki cyumweru. Umwe muri yo uzahuza abatoza babiri b’inshuti. Bakinanye mu ikipe y’igihugu Amavubi no muri APR FC. Jimmy […]Irambuye

en_USEnglish