Kami Kabange yatangiye imyitozo muri REG BBC, yazamuye ikizere cy’igikombe

Amakipe mashya muri shampiyona y’u Rwanda ya Basketball akomeje kwitwara neza. Imwe muri yo ni REG BBC ifite abakinnyi benshi bakomeye. Hiyongereyeho Kami Kabange bavanye muri City Oilers yo muri Uganda. Ikigo cy’igihugu gishinzwe ingufu REG cyashinze ikipe ya Basketbal itangirana n’uyu mwaka w’imikino. Mu kwiyubaka yasinyishije abakinnyi benshi bakomeye, n’umutoza John Bahufite wavuye muri […]Irambuye

Abasifuzi bane b’abanyarwanda bazasifura imikino ya CAF

*Amakipe azahagararira u Rwanda; APR FC na Rayon yamenye abazayasifurira Harabura iminsi mike hagatangira amarushanwa ya Afurika ahuza ama-Club y’umupira w’amaguru yitwaye neza iwayo; ‘CAF Confederation Cup’ na ‘CAF Champions League’. U Rwanda ruzahagararirwa na Rayon sports na APR FC. Abasifuzi bazakoreshwa mu majonjora y’ibanze batangajwe, harimo abanyarwanda bane. Hagati ya tariki 10-12 Gashyantare 2017 nibwo […]Irambuye

Police FC yasuye kapiteni wayo Fabrice Twagizimana wavunitse

Ku cyumweru- Kapiteni wa Police FC Fabrice Twagizimana bita Ndi kukazi wabazwe nyuma yo kuvunika urutugu yasuwe n’abakinnyi n’abatoza b’ikipe ye. Bamutuye amanota atatu bakuye mu mukino wa AS Kigali. Tariki 14 Mutarama 2017 nibwo myugariro wa Police FC Twagizimana Fabrice yavunitse igufa ry’urutugu mu mukino ikipe ye yanganyije na Espoir FC kuri stade ya […]Irambuye

AMAFOTO 25: Abakinnyi ba Rayon sports baje muri V8 batsindwa

Umukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona wahuje APR FC na Rayon sports urangiye ku ntsinzi y’ikipe y’ingabo. Uyu mukino abakinnyi Rayon sports bawujemo mu modoka za V8 ariko ntibyabafasha kubona intsinzi. Nyuma y’iminsi umunani yitoreza hanze ya Kigali (Rubavu na Rulindo), APR FC ishoboye gutsinda Rayon sports mu mukino urebwa n’abantu benshi kurusha indi mu […]Irambuye

APR FC yiteguye Rayon, Mulisa yisubiye yambura Rusheshangoga igitambaro cya

Umupira w’amaguru mu Rwanda ugiye kongera guhuza abakunzi bawo mu mukino uhuza amakipe akunzwe na benshi kurusha andi mu Rwanda. Rayon sports izasura APR FC yahinduye kapiteni kabiri mu minsi ibiri. APR FC ikomeje imyiteguro n’imyitozo kuri ‘Shyorongi  Playground’ ikibuga gishya cya synthetic cyubatswe n’akarere ka Rulindo. Iyi kipe imaze iminsi ibiri kuri uyu musozi […]Irambuye

Bitunguranye Manzi Thierry yakize imvune, yakoze imyitozo, yiteguye APR FC

Kuwa kane- Rayon sports yakoze imyitozo kuri Rugende Training Center. Abafana benshi barebye iyi myitozo batunguwe no kubona Manzi Thierry wari umaze igihe mu mvune yakize, kandi yiteguye umukino wa APR FC. Rayon sports yari imaze igihe kinini yugarijwe n’ibibazo by’imvune muri ba myugariro, ariko byakemukiye rimwe. Benshi bifuzaga ko myugariro mushya Abouba Sibomana ahabwa […]Irambuye

Gor Mahia ya Migi, Kagere na Tuyisenge yatsinzwe na Al

Khartoum- Gor Mahia FC ifite abanyarwanda batatu ikomeje imikino ya gicuti yo kwitegura shampiyona ya Kenya ibura ibyumweru bibiri ngo itangire. Yatsinzwe na Al Hilal Omdurman yo muri Sudan 1-0. Mu ijoro ryo kuwa gatatu tariki 18 Mutarama 2017 nibwo Gor Mahia FC yo muri Kenya yasuye Al Hilal Omdurman yo muri Sudan bakina umukino […]Irambuye

Bitegura gucakirana, APR ku mucanga i Gisenyi, Rayon ku mafarashi

APR FC igiye kwakira Rayon sports mu mukino w’umunsi wa 14 wa shampiyona y’u Rwanda. Amakipe yombi yabukereye, APR FC imaze icyumweru mu mwiherero i Rubavu, na Rayon sports yagiye kwitegurira mu kigo cy’imikino cy’i Rugende. Kuri uyu wa gatandatu tariki 21 Mutarama 2017 kuri stade Amahoro hategerejwe umukino uhuza amakipe akunzwe kurusha andi mu […]Irambuye

Muganza Isaac wasinyiye Kiyovu abona kudakinana n’impanga ye bizamugora

Kiyovu sports yasinyishije rutahizamu mushya, Muganza Isaac wirukanywe na Police FC. Uyu musore yemeza ko ubuzima muri Kiyovu buzamugora kuko atazaba akinana n’impanga ye Isaie Songa nk’uko bisanzwe. Gusa ngo kuko ari akazi agomba kubimenyera. Kuri uyu wa kabiri tariki 17 Mutarama 2017 nibwo Isaac Muganza yatangiye imyitozo mu ikipe ye nshya ya Kiyovu sports […]Irambuye

Abouba Sibomana yabonye ibyangombwa bimwemerera gukina umukino wa APR FC

Myugariro w’ibumoso w’ikipe y’igihugu Amavubi Abouba Sibomana aherutse gusinyira Rayon sports. Yabonye ibyangombwa bitangwa na FIFA. Yemerewe gutangira gukina kandi ashobora gukoreshwa mu mukino wa Rayon na APR FC muri week-end. Kuwa gatanu tariki 13 Mutarama 2017 nibwo Abouba Sibomana yasinyiye Rayon sports amasezerano y’amezi atandatu ava  muri Gor Mahia FC yo muri Kenya. Uyu […]Irambuye

en_USEnglish