Bugeshi: Abaturage bashimiwe kwiyubakira Ibiro by’Umurenge byatwaye miliyoni 139 Frw

Kuva tariki 22 Kamena 2014, abaturage barangajwe imbere n’Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’umurenge wa Bugeshi, mu Karere ka Rubavu batangiye ibikorwa byo kwiyubakira Ibiro by’Umurenge ubabereye, ubu bujuje inyubako nziza yatwaye hafi miliyoni 140 z’Amafaranga y’u Rwanda, ibi nibyo byatumye Minisiteri y’ubutegetsi bw’igihugu (MINALOC) iza guhemba abaturage b’uyu Murenge kubera uruhare rw’umuganda mu kwiteza imbere bishakamo ibisubizo […]Irambuye

Episode 142: Rosy yisubiyeho asabye imbabazi Daddy agiye kuba igitambo

We-“Yooooh! Murihangana rwose umuntu wanyu ntabwo yemerewe gusurwa” Nelson-“Uuuh! Kuebera iki se? Ngo ntabwo yemerewe gusurwa?” We-“Yego! Buriya umuntu nkuriya abarwaye anafunzwe kuko hari impungenge ko mushobora kumusura mugasibanganya ibimenyetso cyangwa mukamufasha kuba yatoroka ibitaro!” Njyewe-“Rwose uriya mugabo afite ikibazo cyo mu mutwe, nta kuntu tutamwirukanseho ngo tumufate tumuvuze ariko twari twaramubuze, ubu bwo twumvishe […]Irambuye

Episode 141: Gasongo ubuzima bwe buri mu mage, noneho afashe

Nahise ndeba charger vuba nshomeka telephone ku muriro maze mpita nyatsa ngikanura amaso ngo ndebe niba koko hari uwanshatse mbona Sacha arampamagaye nsunika njyana kuri yes nshyira ku gutwi, Sacha-“Bro! Koko wabyanze?” Njyewe-“Ooolala! Message yawe nayibonye nari ndi kuvugana na Nelson ntabwo nanze kwitaba undi mwana! Ukuntu nanashakaga kumuvugisha se?” Sacha-“Urabeshya! Nonese ko mukanya aguhamagaye […]Irambuye

Episode 140: Martin abanye na Dovine ndetse ahishurira Nelson iby’inda

Bob-“Sacha! Ni ukuri ntabwo nigeze nifuza kugukina, nta nubwo nkubeshya ko ngukunda, kuba naguha telephone yanjye byonyine ngo urebe byose nuko numva ntacyo nifuza kuguhisha” Sacha-“Bob! Niyo mpamvu se utambisha n’ibyambabaza? Daddy urandebera Bob ibyo aba ankorera?” Njyewe-“Tuza umumve Sacha! Burya urukundo ni inzira itanga ibyishimo biva mu mitima ya babiri, mukorere mu ndiba yawo […]Irambuye

Wari wumva mvuga ngo u Rwanda ntabwo rwabaho rudafite Kagame?

*”Kagame azakora ibyo ashobora gukora igihe azaba adahari hazaba abandi” *Avuga ko ‘Competition’ mu matora yatangiye kera… Nyuma yo gushyikiriza Kandidatire ye Komisiyo y’igihugu cy’Amatora, Perezida Paul Kagame yagiranye ikiganiro n’Abanyamakuru cyagarutse ku ngingo zinyuranye ziganje cyane ku kazi ke ka buri  munsi nka Perezida wa Repubulika y’u Rwanda kuruta ibijyanye no kwiyamamaza kwe.  Muri […]Irambuye

Karaningufu w’Imyaka 70 arashishikariza Urubyiruko gukura amaboko mu mufuka rugakora

Gicumbi – Nubwo ari umusaza, Mahabane Anastase ku myaka 70 imirimo akora benshi mu rubyiruko ntibayitabira. Ngo kuva mu busore  bwe, ntiyigeze arangwa n’ubunebwe, yahingaga  imboga mu gishanga, akajya kurangura umunyu ku mupaka wa Gatuna akawuzana ku igare, ndetse akawufunga mu dushashi akawujyana ku isoko rya Byumba kuwucuruza. Mahabane Anastase atuye mu Murenge wa Byumba, […]Irambuye

Kuri Manda ya II P. Kagame yesheje imihigo yahize mu

*Mu gutwara abantu n’ibintu yesheje imihigo *Ingo zifite Umuriro w’amashanyarazi zigeze kuri 34.5%. Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye muri “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”, uyu munsi turagaruka kuri Porogaramu ya gatatu y’IBIKORWAREMEZO, mu Nkingi ya Gatatu y’Ubukungu. Raporo zinyuranye ziragaragaza ko imihigo iri muri […]Irambuye

Kwambara ukikwiza bivuze iki ku Basilamu?

Kwambara ukikwiza ni umwe mu mico iranga idini rya Islam, aho usanga umugabo n’umugore bose bambara amakanzu maremare agera ku birenge, dore ko ngo biri no mu mategeko agenga idini rya Islam. Mu mahame agenga idini rya Islam , bafata umugore n’umukobwa nk’abantu bafite uburanga budakwiye kubonwa na buri wese kereka uwo bashakanye, bakemeza ko […]Irambuye

Muhanga: Umwana ufite ikibazo cy’amara yasohotse akeneye ubufasha

Icyitonderwa: Amafoto y’uyu mwana ari mu nkuru ateye ubwoba  *Ngo yirukanywe muri CHUK atavuwe kubera kubura ibihumbi 114 *Umuyobozi wa CHUK akavuga ko atabimenye *Dr Theobald yizeje ko agiye kumufasha kandi azakira. Muhanga – MUKABAZIGA Emeritha, Nyina w’umwana ufite uburwayi busanzwe bw’amara yasohotse hanze yabwiye Umuseke ko yagerageje kuvuza ariko aho bigeze akeneye ubufasha kuko ubushobozi […]Irambuye

en_USEnglish