Abacururiza mu isoko rikuru rya Gisenyi ntibishimiye izamurwa ry’umusanzu w’isuku

Abacururiza imboga, imbuto, ifu n’ibindi bicuruzwa binyuranye mu gice kidasakaye cy’isoko rikuru rya Gisenyi ntibishimiye gahunda yo kuzamura umusanzu w’isuku ngo ugiye kuva ku mafaranga y’u Rwanda ibihumbi bitandatu ukagera ku bihumbi 10 ku kwezi. Aba bacuruzi basa n’abatazi gutandukanya imisoro ya Leta isanzwe n’Umusanzu w’isuku bita ‘Umusoro wa Rwiyemezamirimo’ babwiye Umuseke bazi neza akamaro […]Irambuye

Episode 138: Jojo umugambi we uramupfubanye, anyomozwa na Brown

Nabaye nkibona Jojo wari wicaye aho ku kabaraza ndikanga, maze Mama aza yihuta ahagarara iruhande rwanjye, Mama-“Daddy! Dore erega ni Jojo! Ntabwo ndi kumva neza ikimuzanye, nakubwire nawe wumve! Ahwiii! Ibi ni ibiki koko mwo kabyara mwe!” Njyewe-“Jojo! Bite se?” Jojo-“Ni byiza!” Mama-“Umva ngo ni byiza yewe! Gira uti ni n’amahane akuzanye ureke kubeshya, ngaho […]Irambuye

Rusizi: Ikigo cyita ku bana n’urubyiruko bafite ubumuga kirasaba Leta

Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango Nyirasafiri Esperance ubwo yasuraga ikigo gifasha urubyiruko n’abana bafite ubumuga cya “Centre des handicapés St François d’Assise” cyo mu karere ka Rusizi, Ababikira bagishinzwe bamusabye kubakorera ubuvugizi kuri Leta kugira ngo bunganirwe muri byinshi bakenera kugira ngo bitera kuri bariya bantu bafite ubumuga. Ikigo cy’abafite ubumuga cya “Centre des handicapés St […]Irambuye

Abatabona nabo noneho bazatora Perezida wa Repubulika mu ibanga risesuye

Mu rwego rwo gufasha muri Munyarwanda wese ugejeje igihe cyo gutora kugira uburenganzira mu guhitamo Perezida wa Repubulika, Komisiyo y’igihugu yashyizeho ubundi buryo buzafasha n’abatabona badashobora gusoma inyandiko zabo zabugenewe zizwi nka ‘Braille’. Mu mateka y’amatora mu Rwanda abafite ubumuga, by’umwihariko ubwo Kutabona bagiye bahura n’ibibazo binyuranye bituma batabona uburenganzira bwabo bwo kwitorera abayobozi, nk’uko […]Irambuye

Portugal: Inkongi yibasiye ishyamba imaze guhitana 61 (Ivuguruye)

-Ivuguruye- Inkongi yibasiye ishyamba riherereye mu bilometero 50 mu majyepfo y’uburasirazuba bw’umujyi wa Coimbra yahitanye abantu 61. Abenshi ngo bapfuye bagerageza gusohoka ahitwa ‘Pedrógão Grande’ n’imodoka zabo. Muri aba bapfuye harimo batatu bishye no kubura umwuka, n’abandi 18 bari mu modoka enye (4) bari mu muhanda bagerageza kuva Figueiró dos Vinhos bahungira Castanheira de Pera. Iyi […]Irambuye

CBA Group yamaze kugura Crane Bank Rwanda

Commercial Bank of Africa Limited (CBA) Group yamaze gutangaza ku mugaragaro ko yaguze Crane Bank Rwanda n’imitungo yayoyose. Itangazo ryashyizweho umukono na Isaac Awuondo uyobora CBA Group, riragira riti “Commercial Bank of Africa Limited (CBA) inejejwe no gutangaza ko yamaze gushyira umukono ku masezerano y’ubugure/kugura 100 ku ijana Crane Bank Rwanda iyiguze na dfcu Bank […]Irambuye

Abimukira bari guhindura ubuzima bw’imiryango basize muri Africa kubera amafaranga

*Kuri uyu wa 16 Kamena ni umunsi mpuzamahanga wo Koherereza amafaranga imiryango (International Day of Family Remittances) *IFAD ivuga ko gahunda yo Koherereza imiryango amafaranga byahinduye ubuzima bwa benshi *U Rwanda ruri mu bihugu bifite igipimo cy’abimukira bohereza amafaranga iwabo kiri kuzamuka cyane Raporo nshya ya “International Fund for Agricultural Development (IFAD)” igaragaza ko mu […]Irambuye

Kuri Manda ya II P. Kagame yageze ku ntego mu

*Uyu munsi turareba ku Ubucuruzi, Inganda n’Ubukerarugendo Muri Manda ya kabiri, Perezida Paul Kagame hari ibyo yemereye Abanyarwanda ko azabagezaho mu myaka irindwi, bikubiye mu cyiswe “Gahunda ya Guverinoma y’imyaka irindwi”. Raporo “Detailed Progress Report of the 7YGP (2010-2017) – Economic cluster” yo ku 25 Kanama 2016 ya Minisiteri y’Imari n’igenamigambi (MINECOFIN) igaragaza ko muri […]Irambuye

Ngoma: Gitifu wa Mugesera yatawe muri yombi akekwaho kunyereza ibya

Ku mugoroba wo kuri uyu wa kabiri, Polisi yaraye itaye muri yombi Umuyobozi w’Umurenge wa Mugesera mu Karere ka Ngoma akekwaho kunyereza amafaranga y’abaturage asaga miliyoni eshanu. Uyu muyobozi witwa Bizumuremyi Jean Damascene yari amaze imyaka umunani (8) ayobora Umurenge wa Mugesera. Abaturage bamushinjaga kugira uyu Murenge nk’akarima ke kuko ngo uretse kubarya amafaranga ya […]Irambuye

Ububiligi: Umwarimu wannyeze umuco wo “Gukuna” ari gushinjwa ivanguraruhu

*Koresha ‘Hashtag’ #Jenesuispastanégresse niba ushaka kwifatanya n’abarwanya ibyo yavuze Uyu mwarimu witwa Michel Demeuldre wahoze yigisha muri Kaminuza yigenga y’Ububiligi (ULB) ibijyanye na Muzika y’isi, ibyo ashinjwa yabivugiye mu kiganiro yari yatumiwemo ngo aganirize abanyeshuri biga muri (bachelier) mu ishuri ryitwa “Institut des Hautes Etudes des Communications sociales (IHECS)”. Muri iki kiganiro yagarutse ku Munyarwandakazi […]Irambuye

en_USEnglish