Kigali Marriott Hotel yashyize iratahwa ku mugaragaro

Mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri tariki 04 Ukwakira 2016, hatashwe Hoteli mpuzamahanga ‘Marriott Hotel Kigali’ ifite ibyumba byo kuraramo 254. Kigali Marriot Hotel iri mu nyubako y’amagorofa umunani, n’ibyumba 254, gusa byose bifite Serivise zo ku rwego rwo hejuru. Ifite kandi ibyumba by’inama 18. Iyi Hoteli, kuba ifite izina ku rwego mpuzamahanga bituma […]Irambuye

AHIF: U Rwanda rufite imishinga 25 muri Hoteli n’ubukerarugendo rugiye

Kuri uyu wa kabiri, mu Rwanda hatangiye inama y’iminsi itatu ihuje abashoramari muri Hoteli zikomeye ku Isi no muri Afurika “Africa Hotel Investment Forum (AHIF). RDB yatangaje ko bafite imishinga 25 mu rwego rw’amahoteli n’ubukerarugendo bashaka kumurikira aba bashoramari. Belise Kariza, Umuyobozi w’ishami ry’ubukerarugendo mu kigo cy’igihugu gishinzwe iterambere (RDB), yabwiye itangazamakuru ko inama nk’iyi […]Irambuye

MTN yatangije icyumweru cyo gutega amatwi no gushimira abakiliya bayo

Kuri uyu wa mbere MTN-Rwanda yatangije icyumweru gisanzwe kiba buri mwaka cyo gutega amatwi no  gushimira abafatabuguzi bayo basaga miliyoni enye mu gihugu hose. Iki cyumweru cyatangijwe ku hari ibiro/ibyicaro bya MTN mu gihugu hose. Muri iki cyumweru abakiliya ndetse n’abandi bantu bifuza kumenya byinshi kuri Serivise zitangwa na MTN-Rwanda bose bafunguriwe imiryango. Ku biro […]Irambuye

Mayor Muzuka yizeye ko abayobozi ba Mukura beguye bazisubiraho

Perezida n’umunyamabanga ba Mukura Victory Sports beguye ku mirimo yo kuyobora iyi kipe mu cyumweru gishize, gusa abafana na Mayor w’Akarere ka Huye Kayiranga Muzuka Eugène ngo baracyafite icyizere ko bazisubiraho. Tariki 27 Nzeri 2016, nibwo inkuru zitunguranye zibabaje ku bakunzi ba Mukura Victory Sports zamenyekanye, ko uwari Perezida wayo Olivier Nizeyimana n’umunyamabanga we Sheikh […]Irambuye

Imiyoborere mu Rwanda yazamutseho +8.7, rwinjira mu bihugu 10 bya

Raporo nshya y’Umuryango “Mo Ibrahim Foundation” ku miyoborere muri Afurika mu myaka 10 ishize, iragaragaza ko muri rusange imiyoborere yazamutseho 1%, gusa imiyoborere mu Rwanda yo yazamutseho 8.7%, bituma rwinjira mu bihugu 10 bya mbere ku mugabane wa Afurika bifite imiyoborere myiza. Iyo raporo ihuza amakuru yo mu myaka 10 ishize, iragaragaza ko ibihugu 37 […]Irambuye

Igitaramo cy’abambaye umutuku nacyo cyabuze abantu

Igitaramo cy’abambaye umutuku ‘All Red Party’ gisanzwe gitegurwa na Miss Sandra Teta kuri iyi nshuro nticyitabiriwe nk’uko bisanzwe, gusa abahanzi banyuranye baje baririmbira abantu bacye bari bahari. Iki gitaramo cya “All Red Party” cyari cyabanje no gusubikwa, cyabereye mu mujyi rwagati ntikitabiriwe ntikitabiriwe cyane nk’uko byari biteganyijwe. Sandra Teta wateguye iki gitaramo avuga ko ubu bwitabire […]Irambuye

Turifuza ko 40% by’umusaruro w’ubukerarugendo uturuka mu Banyarwanda – Belise

Ku itariki 01 Ukwakira, Ubuyobozi bw’Ishami ry’ubukerarugendo mu Ikigo cy’Igihugu cy’iterambere “RDB” bwatangije ubukangurambaga bw’amezi atatu bise “Tembera u Rwanda”, bugamije gukangurira Abanyarwanda gusura igihugu cyabo dore ko uyu munsi bakiri bacye cyane. RDB itangaza ko kugeza ubu, imibare ya RDB igaragaza ko mu basura Parike y’Akagera Abanyarwanda ni 61%, naho mu basura Parike ya […]Irambuye

#TemberauRwanda: Ushobora gutembera umuhora w’Amateka ‘Kamonyi-Muhanga-Ruhango-Huye’ ku bihumbi 30

Kuri uyu wa gatanu, Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha iterambere “RDB”, kinafite mu nshingano ubukerarugendo, cyatangije ubukangurambaga cyise “Tembera u Rwanda” bugamije gukangurira Abanyarwanda gutembera igihugu cyabo. Mu bisanzwe, Abanyarwanda banengwa kutitabira gusura ibice nyaburanga by’igihugu cyabo, ugasanga babyiga mu bitabo gusa kandi bitagoye kubisura. RDB ivuga ko n’ubwo nta barurwa rirakorwa, ubukerarugendo bushingiye ku ‘Iyobokamana’, […]Irambuye

UNIK: Abanyeshuri 1 910 bahawe impamyabumenyi ku mugaragaro

Kuri uyu wa kane, abanyeshuri 1 910 bashoje amasomo y’ikiciro cya kabiri cya Kaminuza (bachelor’s degree) mu mashami atandukanye yo muri Kaminuza ya Kibungo “UNIK” iherereye mu Burasirazuba bw’u Rwanda, mu Karere ka Ngoma bashyikirijwe impamyabumenyi zabo ku mugaragaro. Uyu muhango wabereye mu mujyi wa Kibungo, kuri Stade Cyasemakamba, aho abanyeshuri bagera ku 1 910 […]Irambuye

en_USEnglish