Musanze: Abana batatu bava inda imwe bishwe n’imyumbati

Mu ijoro ryo ku cyumweru tariki 20 Ugushyingo, umuryango w’abantu batanu ugizwe n’umugore n’umugabo n’abana batanu bariye bariye imyumbati ibagwa nabi, ndetse birangira abana babo batatu bitabye Imana. Uyu muryango utuye Kagari ka Mushonga, Umurenge wa Muko, mu Karere ka Musanze ngo wariye iyi myumba bazi ko ari imiribwa. Gusa, ngo batangiye kugubwa nabi abaturanyi […]Irambuye

Runda: ADEPR, Umudugudu wa Ruyenzi wemeye gutanga miliyoni 250 zo

Abayoboke b’itorero ADEPR ku rwego rw’umudugudu wa Ruyenzi batangaza ko nta gahato bashyizweho bemera gutanga amafaranga arenga miliyoni 250 zo kubaka urusengero rwiza, ngo rujyanye n’igishushanyombonera cy’Umurenge wa Runda, Akarere ka Kamonyi. Aba bakristo b’Itorero ADEPR mu mudugudu wa Ruyenzi, mu Murenge wa Runda mu Karere ka Kamonyi, bavuga ko hashize igihe kitari gito batekereza […]Irambuye

Valens NDAYISENGA yegukanye Musanze>>>Kigali. AMAFOTO

Kuri uyu wa gatandatu, harakinwa étape ya gatandatu ya Tour du Rwanda ari nayo ibanziriza iya nyuma izaba ku ejo kucyumweru. Valens Ndayisenga niwe wegukanye aka gace akoresheje 2:20:38 umwanya wa kabiri ufatwa na Eyob Metkel bakinana muri Dimension Data. Abasiganwa bahagurutse mu Mujyi wa Musanze hafi mu ma saa yine, bikaba biteganyijwe ko baba […]Irambuye

Ubu umugore ashobora kwiyandikishaho umwana we, mu gihe uwo babyaranye

*Ku itariki 23 Ugushyingo hazatangira ukwezi kw’irangamimerere kuzagera mu gihugu hose, *Muri uku kwezi Leta izafasha abana bari munsi y’imyaka 18 kubona ibyangombwa by’irangamimerere, *Ubusanzwe abagore n’abakobwa bagorwaga no kwandikisha abana babo mu gihe uwo babyaranye yamwihakanye. Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’umuryango Esperance Nyirasafari mu kiganiro n’abanyamakuru yavuze ko batangije uku kwezi kw’irangamimerere bahuriyeho n’izindi nzego […]Irambuye

TdRwanda: Sindatsinda étape, ariko intego zanjye ndi kuzigeraho- Samuel Mugisha

*Uyu munsi Tour du Rwanda irava Muhanga yerekeza Musanze, *Samuel Mugisha ngo arashaka kuza kunyura iwabo ku Mukamira ayoboye. Itungurana rikomeje kuba muri Tour du Rwanda 2016, ni ukwitwara neza kw’umusore w’imyaka 18, Samuel Mugisha ukinira Benediction Club. Uyu urusha abandi  amanota mu kuzamuka imisozi ‘best climber’, nubwo ataraba uwa mbere muri étape n’imwe, ngo […]Irambuye

RDC: Perezida Kabila yagize Samy Badibanga Minisitiri w’Intebe mushya

Kuri uyu wa kane tariki 17 Ugushyingo, Perezida wa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo Joseph Kabila yagize Samy Badibanga Minisitiri w’Intebe mushya. Ni nyuma y’uko uwariho Augustin Matata Ponyo yeguranye na Guverinoma ye yose kuwa mbere w’iki cyumweru tariki 14 Ugushyingo. Itangazo rishyiraho uyu mugabo ryasomewe kuri Televiziyo y’Igihugu kuri iki gicamunsi, nk’uko tubikesha RadioOkapi. […]Irambuye

France: Gaël Faye yahawe igihembo cy’igihugu mu buvanganzo

Kuri uyu wa kane tariki 17 Ugushyingo, igitabo cy’Umwanditsi w’ibitabo akaba n’Umuraperi ufite inkomoko mu Rwanda Gaël Faye cyahawe igihembo cy’igihugu cyitwa “Prix Goncourt des lycéens”. Muri iki gitabo yise “Petit pays” bishatse kuvuga ‘igihugu gito’ nk’uko yanabiririmbye mu muzingo we w’indirimbo uheruka, kigaruka ku buzima bwe mu bwana. Gaël Faye yavutse ku mubyeyi (mama) […]Irambuye

Brussels: Mushikiwabo mu biganiro byiga ku mahoro muri Central African

Brussels, mu Bubiligi – Minisitiri w’ububanyi n’amahanga n’ubutwererane w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo ari mu nama yiga ku bibazo by’umutekano mu gihugu cya ‘Central African Republic’. U Rwanda rusanzwe rufasha iki gihugu mu kongera kubaka amahoro arambye. Muri iyi nama, Minisitiri Louise Mushikiwabo yavuze ko u Rwanda rutewe impungenge n’ibibazo by’umutekano mucye bikomeje guterwa n’imitwe yitwaje […]Irambuye

Nta muyobozi udakwiye kugira Inkomanga y’amafrw agenewe iterambere ry’abaturage anyerezwa

Mu nama nyunguranabitekerezo ku ishyirwa mu bikorwa rya gahunda za Leta zigamije kuvana abaturage mu bukene iri kubera muri Sena y’u Rwanda, Perezida wa Sena Bernard Makuza yavuze ko abayobozi bari bakwiye kugira inkomanga ku mutima y’amafaranga agenewe gahunda zo guteza imbere abaturage akinyerezwa. Iyi nama irimo bamwe mu Baminisitiri nka Francis Kaboneka wa MINALOC […]Irambuye

Kwishyura imyenda tugura izi ndege biratuvuna, ariko mu myaka 5

Ku gicamunsi cyo kuri uyu wa gatatu, ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kanombe, u Rwanda rwakiriye indi ndege nshya yo mu bwoko bwa “Boeing 737-800 Next Generation”. Mu kwakira iyi ndege, umuyobozi wa Rwandair John Mirenge yavuze ko nubwo kwishyura izi ndege biri kugora Abanyarwanda, ngo mu myaka itanu cyangwa 10 bazaba baseka. Iyi ndege […]Irambuye

en_USEnglish