U Rwanda nirudasaba imbabazi tuzacana umubano – Perezida Nkurunziza

*U Rwanda nirudasaba imbabazi tuzacana umubano *Gusa, Umubano w’u Burundi n’u Rwanda ntabwo wangiritse cyane, hari ibyo twagurayo nabo hari ibyo bagura ino *Nta kitagira iherezo umubano utameze neza nabyo bizarangira *”Umwaka ugiye gutangura w’2017 uzoba umwaka w’amahoro y’Imana” Mu kiganiro n’abanyamakuru ndetse n’abaturage, mu gitondo cyo kuri uyu wa gatanu, Perezida Pierre Nkurunziza yavuze […]Irambuye

Kutagira ikivugo ni nko kubura ikerekezo – NSANZABAGANWA Modeste

Muri iki gihe u Rwanda rushishakairiza Abanyarwanda kumenya no kurushaho gukunda umuco wabo n’indangagaciro ziwugize, aho usanga banatozwa kumenya kwivuga. Mu gihe cy’abami na mbere yacyo, ku gitsina gabo kugira ikivugo byari ihame ndetse bikaba ishema mu bandi bahungu ku buryo utagifite yafatwaga nk“ikigwari”. Bikamutera ipfunwe kuko ntiyabonaga icyo yirata mu gitaramo cy’abandi bahungu. Ibyivugo […]Irambuye

Uganda yagurijwe miliyoni 151 $ zo kuvugurura umuhanda Kampala –

Kuri uyu wa kane, Banki Nyafurika Itsura Amajyambere “African Development Bank – AfDB” yagurije Uganda miliyoni 151 z’amadolari ya America zo kuvugurura no kwagura umuhanda Kampala – Kigali. Iyi nguzanyo y’imyaka 40 ni igice kimwe cy’ingengo y’imari ya miliyoni 192 z’amadolari yo kubaka imihanda y’ibilometero 23 izafasha umuhanda usanzweho uhuza Kampala na Kigali, ndetse no […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 17 ku Isi byo kwitabwaho n’Abakerarugendo

Ikinyamakuru ‘Condé Nast Traveler’, kimwe mu bikomeye mu kwandika inkuru z’ubukerarugendo n’imibereho ku Isi cyo muri Leta Zunze ubumwe za America, cyashyize u Rwanda mu bihugu 17 byo kwitabwaho n’abakerarugendo mu mwaka wa 2017. Uru rutonde rugaragaraho ibihugu bibiri gusa byo ku mugabane wa Africa, ni u Rwanda rwa 14, na Zimbabwe ya 13 ku […]Irambuye

RD Congo: Umwuzure wahitanye abagera kuri 50 i Boma

Kuri uyu wa kane, abayobozi ba Congo batangaje ko abantu bagera kuri 50 bahitanywe n’umwuzure wibasiye umujyi wa Boma, mu Burengerazuba bwa RD Congo, watewe n’imvura nyinshi yaguye mu ijoro ryo kuwa mbere. Jacques Mbadu, Guverineri w’Intara ya Kongo central yabwiye JeuneAfrique dukesha iyi nkuru ko bakomeje gushakisha imirambo y’abahitanywe n’uyu mwuzure baba baratembanywe n’ibyondo. […]Irambuye

Q3 2016: Isura y’ubucuruzi bw’u Rwanda bwamanutseho 5.92%

Raporo yashyizwe ahagaragara n’Ikigo cy’Igihugu cy’Ibarurishamibare kuri uyu wa gatatu, iragaragaza ko ubucuruzi bw’u Rwanda mu gihembwe cya gatatu cy’uyu mwaka wa 2016 bwagabanutseho 5.92% ugereranyije iki gihembwe n’icya gatatu cy’umwaka ushize wa 2015, ndetse unagereranyije n’igihembwe cyakibanjirije bwasubiye inyuma mu gaciro kabarwa mu mafaranga. Mu mibare, mu gihembwe cya gatatu cy’uyu mwaka ubucuruzi bw’u […]Irambuye

Twifuza ko inyungu ku nguzanyo imanuka, duhora tubiganiraho n’Amabanki –

*Abaturage binubira ko inyungu ku nguzanyo zakwa n’amabanki n’ibigo by’imari iciritse iri hejuru, *Iva kuri 12% muri za Koperative, ikagera hafi kuri 20% mu mabanki, *BNR ngo ikomeje ibiganiro n’amabanki kugira ngo iyi nyungu imanuke. Guverineri wa Banki Nkuru y’u Rwanda John Rwangombwa avuga ko bari ku ruhande rw’abifuza ko inguzanyo yakwa n’amabanki n’ibigo by’imari […]Irambuye

Abakora iyamamazabuhinzi barasaba ikoranabuhanga mu kazi kabo

Ihuriro ry’abakora iyamamaza buhinzi rirasaba ko hashyirwaho ikoranabuhanga mu nzego z’ubuhinzi, kugira ngo hanozwe imikorere y’iyamamaza buhinzi no mu buhinzi muri rusange. Mu nama yahuje ishyirahamwe ‘FASS Rwanda’ ry’abangize ihuriro rikora iyamamaza buhinzi ryagiyeho kugira ngo abarigize bafatanye guhuriza hamwe ubushakashatsi mu byateza imbere ubuhinzi n’ubworozi, hagaragajwe ko hakiri imbogamizi mu buhinzi. Gafaranga Joseph, uhagarariye […]Irambuye

2016: Inguzanyo zitishyurwa neza zarazamutse, Ifaranga rita agaciroho 9.3%,… –

*Ikinyuranyo cy’ibyoherezwa mu mahanga cyamanutseho 5.1% *Inguzanyo zitishyurwa neza zigera kuri 7.5% *Inyungu y’amabanki imanukaho 2.8% *Key Repo Rate (ibipimo yifashisha mu kugurisha amafaranga ku banki z’ubucuruzi) ikurwa kuri 6.5, ishyirwa kuri 6.25 mu gihembwe cya mbere cya 2017. Kuri uyu wa gatatu, Banki Nkuru y’Igihugu yatangaje imibare mishya ku buryo urwego rw’imari rw’u Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish