Perezida Kagame yitezwe mu Buhinde

Perezida Paul Kagame yitezwe mu nama ku ishoramari itegurwa na Leta ya Gujarat mu Buhinde “Vibrant Gujarat Global Summit” , izaba mu cyumweru gitaha ku itariki 10 – 13 Mutarama 2017. Iyi nama izaba ifite intego yo kwiga “Ku bukungu n’iterambere ry’abaturage birambye (Sustainable Economic and Social Development)” izitabirwa n’abayobozi mu nzego nkuru za za […]Irambuye

Made in Nyamasheke abikorera baraganya ko ibikoresho bakoresha bihenze

Kubera ko u Rwanda ruri guteza imbere ibikorerwa imbere mu gihugu, abatuye mu Karere ka Nyamasheke nabo batangije gahunda yo guteza imbere ibikorerwa iwabo, gusango bari guhura n’imbogamizi y’ibikoresho n’abakozi bihenze. Ikibazo cyugarije urwego rw’inganda mu Rwanda. Mu rwego rwo kurushaho kumenyekanisha ibikorerwa i Nyamasheke, ubuyobozi bw’Akarere bufatanyije n’abikorera bateguye imurikagurisha riri mu rwego rwo […]Irambuye

Sonia Mugabo, umwari uri guhindura ibintu muri Fashion yo mu

Sonia Mugabo, yashinze inzu ishushanya, igakora ndetse igacuruza imyambaro yise “SM (Sonia Mugabo)”, mu myaka itatu imaze, SM imaze kubaka izina mu bakunda kurimba. SM ikora kandi igacuruza imyambaro ivanzemo umwimerere munyafurika n’imyambaro igezwe. Sonia Mugabo ni imwe mu mpano zari zaratsikamiwe na Caguwa, ariko aho Leta itangiriye guca imyambaro ya Caguwa ubu zikaba ziri […]Irambuye

Q3: GDP y’u Rwanda yazamutseho 5.2%, ubukungu buri kuzamuka kuri

Raporo nshya, Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare cyashyize hanze kuri kuri uyu wa gatatu, iragaragaza ko umusaruro mbumbe (GDP) w’u Rwanda  wazamutseho 5.2%. Inzego zose z’ubukungu bw’igihugu zarazamutse. Imibare y’igihembwe cya gatatu cy’umwaka wa 2016, iragaragaza ko umusaruro mbumbe w’igihugu muri icyo gihembwe wazamutse, ukigereranyije n’igihembwe cya gatatu cy’umwaka wa 2015, n’igihembwe cya kabiri cya 2016. Umusaruro […]Irambuye

Huye/Rwaniro: Umusore yakubiswe bimuviramo urupfu

Mu Murenge wa Rwaniro, mu Mudugudu wa Shyunga, umusore witwa Dusenge Jean de Dieu yakubiswe bimuviramo gupfa. Uyu musore uri mu kigero cy’imyaka iri hagati ya 25-30 bivugwa ko yashinjwaga ubujura n’abatuye mu Kagari ka Karugumya, muri uwo Murenge wa Rwaniro. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kabiri Dusenge ushinjwa ubujura n’abaturage, yafashwe n’abaturage batatu […]Irambuye

Rusizi: Abubatse Post de Santé ya Muhehwe bamaze imyaka INE

Abaturage 25 bo mu Murenge wa Rwimbogo, Akarere ka Rusizi, bubatse Post de Santé ya Muhehwe imaze imyaka itatu itashwe, barishyuza amafaranga yabo agera kuri miliyoni n’igice (1 500 000 Frw) ngo amaze imyaka ine. Muri aba baturage harimo Abafundi bakoreraga ibihumbi bitatu (3 000 Frw) ku munsi n’abayedi bakoreraga 15 00. Umwe muri bo […]Irambuye

Isoko ry’Imari n’Imigabane ryatangiye umwaka hacuruzwa ibihumbi 652

Kuri uyu wa kabiri, bwa mbere isoko ry’imari n’imigabane ryafunguye imiryango muri uyu mwaka mushya wa 2017. Hacurujwe imigabane ya Bralirwa na Banki ya Kigali ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 65 2400. Imigabane ya Banki ya Kigali (BK) 2,800 yacurujwe ku mafaranga y’u Rwanda 228 ku mugabane, yose hamwe ifite agaciro k’amafaranga 638,400. Igiciro cy’umugabane […]Irambuye

2017 uyitangiranye izihe ngamba? Ba utegura amasaziro yawe

*2017 ni umwaka w’amateka ku Rwanda kuko urimo amatora ya Perezida wa Repubulika, ariko sibyo tugiye kurebaho. Iyo umwaka urangiye undi ugataha ni umwanya wo kwisuzuma ukareba niba mu mwaka ushize hari icyo wagezeho wakwitwaza nk’ishema ryawe, ndetse ugafata ingamba z’umwaka utangiye. Usanga hari abantu benshi mu mpera z’umwaka babaho nk’abazapfa ejo, bakagendera kw’ihame ngo […]Irambuye

Brazil: Abagororwa 56 baguye mu mirwano yabereye muri gereza

Brazil – Ku Bunani, imirwano ikomeye yabaye muri Gereza ya Anisio Jobim Penitentiary Complex (Compaj) mu Mujyi wa Manaus, ari nawo murwa mukuru wa Leta ya Amazonas yahitanye abagororwa bari hagati ya 56 na 60. Abandi benshi baratoroka. Ni imirwano yamaze amasaha 17, yari hagati y’amatsinda abiri y’abacuruzi b’ibiyobyabwenge akomeye muri Leta ya Amazonas, buri […]Irambuye

2017 tuyitangiranye imbaraga, tugiye kugeza umuzika wacu hirya y’imipaka –

Mu mpera z’icyumweru gushize, zari n’impera z’umwaka, Dany Nanone yashyize hanze indirimbo yakoranye na Jody bise ‘I Love you too’. Ni indirimbo y’urukundo, ngo ikaba impano y’umwaka mushya. Dany Nanone avugana n’Umuseke yavuze ko gushyira iyi ndirimbo hanze bagira ngo bahe Abanyarwanda impano isoza umwaka, ndetse n’undi mushya. Ati “Ni mu rwego rwo kugira ngo […]Irambuye

en_USEnglish