Riderman yongeye kugaragarizwa urukundo n’abakunzi be buzura Petit Stade

Kuri Noheli – Mu gihe, abakurikiranira hafi bari bamaze iminsi bibaza icyabaye kuri muzika nyarwanda ku buryo abahanzi bakunzwe bategura ibitaramo bikabura abantu, abakunzi ba Riderman bo ntibamutereranye mu gitaramo cye cyo kumurika album yise “Ukuri”. Uwavuga ko Riderman ariwe Muraperi umaranye igikundiro igihe kinini mu Rwanda ntiyaba abeshye kuko benshi mu Baraperi ubu basubiye […]Irambuye

Ikiruhuko cy’izabukuru kubakoresha ingufu gikwiye kwigizwa imbere- Mzee Munyuzangabo

Mzee Modeste Munyuzangabo, umuyobozi mukuru w’Umuryango nyarwanda w’abari muri Pansiyo (Association Rwandaise des Retraités- ARR) asanga imyaka yo kwinjira mu kiruhuko cy’izabukuru ku bantu bakora imirimo y’ingufu ikwiye kwigizwa imbere kubera ko ngo imyaka 65 ibagora cyane. Modeste Munyuzangabo avuga ko abenshi mu bantu bafite mu ryango wabo bakoze imirimo y’ingufu mbere yo kujya mu […]Irambuye

King James yahaye ibyishimo Abanyarubavu mu ijoro rya Noheli

Gisenyi – Mu ijoro rya Noheli, King James yataramanye n’Abnyarubavu, afatanya nabo kwishimira isabukuru y’ivuka rya Yesu Krisitu. Ni mu gitaramo cyari cyitabiriwe cyane, dore ko King James yari yanatumiye abahanzi bakunzwe barimo Riderman, Bruce Melody, Christopher, Bulldogg, Mico The Best, Naason n’abandi bakunzwe i Rubavu. Cyari igitaramo cyo kumurika umuzingo w’indirimbo (album) mushya wa […]Irambuye

Rusizi: RWACOF yatanze miliyoni 11 zizishyurira abasaga 3 000 ubwisungane

Kompanyi nyarwanda igurisha ikawa mu mahanga ‘RWACOF (Rwanda Coffee)’ yatanze miliyoni 37 zizafasha mu kwishurira ubwisungane mu kwivuza abaturage batishoboye cyane cyane bo mu Turere baguramo umusaruro, muri Rusizi bahatanze miliyoni 11 zizishyira abarenga 3 000. Mu mwaka ushize w’imihigo 2015-2016, Akarere ka Rusizi kahiguye imihigo neza kaza ku mwanya wa kane muri rusange, ariko […]Irambuye

APR FC yanganyije na Police ijya ku mwanya wa mbere,

Nyuma yo kunganya na Police FC ibitego 2-2, APR FC iraye ku mwanya wa mbere w’urutonde rw’agateganyo rwa Shampiyona ‘AZAM Rwanda Premier League’. APR FC yatangiye umukino isatira ikipe ya Police FC, byatumye ibona igitego  ku munota wa 25 w’umukino, kuri coup-franc indirect yatewe na Hakizimana Muhadjiri, kuko umusifuzi yari yemeje ko Nzarora Marcel yafashe […]Irambuye

Abanyarwanda bakoze muri Congo Brazaville bagiye kujya babona Pansiyo byoroshye

Kuri uyu wa gatanu, u Rwanda na Congo Brazaville basinye amasezerano y’ubufatanye mu bireba na Serivise z’ubwishingizi bw’izabukuru, aho Abanyarwanda bakoze muri Congo Brazza bazajya bahererwa Pansiyo yabo muri RSSB kandi byoroshye. Aya masezerano yasinyiwe mu Rwanda, na Minisitiri w’Imari n’igenamigambi Amb. Claver Gatete na Minisitiri Emile OUOSSO ushinzwe umurimo n’ubwishingizi muri Congo Brazaville; Ndetse […]Irambuye

Twamaze kubagwa, byagenze neza, tuzagaruka vuba – Muhire Kevin

Mu ijoro ryo kuwa kane rishyira kuwa gatanu nibwo abakinnyi babiri b’abanyarwanda Muhire Kevin wa Rayon sports na Onesme Twizerimana wa APR FC babagiwe muri Maroc. Biteganyijwe ko bazagaruka mu Rwanda mu ntangiriro za Mutarama. Ku bufatanye bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA na fédération Royale Marocaine de Football (FRMF), abakinnyi b’abanyarwanda bavunika bikomeye bajyanwa […]Irambuye

Kuwa gatanu, wakwambara iki ugiye kukazi?

Umunsi wo kuwa gatanu, ni umunsi wa nyuma wo gukora mu cyumweru gisanzwe mu bigo byinshi mu Rwanda. Abakorera Leta bo, kuwa gatanu ni umunsi udasanzwe kuko bakora igice cy’umunsi, andi masaha bakajya gukora Siporo, n’ubwo abenshi batayikora bahita bigira mubyabo. Kuwa gatanu, mu gihe nta nama yiyubashye ufite ubundi uba ugomba koroshya ubuzima kugira […]Irambuye

APR FC na Police FC zirahura zibura benshi mu bakinnyi

Mu mpera z’iki cyumweru shampiyona y’u Rwanda irakomeza. APR FC irakira Police FC zifite abakinnyi benshi basanzwe babanzamo ku mpande zombi bataza gukina uyu mukino. Kuri uyu wa gatanu no kuwa gatandatu harakinwa umunsi wa 10 wa Shampiyona y’u Rwanda ‘AZAM Rwanda Premier League’. Amakipe y’abashinzwe umutekano APR FC na Police FC zirahura. APR FC […]Irambuye

en_USEnglish