Digiqole ad

Imyambaro yahimbwe na Niyitanga Olivier mu ishusho y’agacurama

 Imyambaro yahimbwe na Niyitanga Olivier mu ishusho y’agacurama

Niyitanga Olivier ni umuhanzi w’imideli isanzwe ndetse n’iyubugeni, ubu ngo ahugiye ku gushaka ubwoko bw’imyenda mishya, izaza ikurikira imyambaro yakoze mu mwaka wa 2015 agendeye ku miterere y’Agacurama.

Umuhanzi w'imideli Olivier Niyitanga.
Umuhanzi w’imideli Olivier Niyitanga.

Niyitanga Olivier uvuga ko yakunze fashion kuva ikiri umwana, ubu afite n’inzu itunganya imideli izwi nka ‘Tanga Designs’.

Ubuhanga bwa Olivier Niyitanga bugaragaza ko hari intambwe abahanzi b’imideli mu Rwanda bamaze kugetera.

Iriya myenda yakoze agendeye ku Gacurama ngo yaraguzwe yose, nyuma yo kuyerekana muri  ‘Kigali Fshion week 2015’.

Imwe mu myambaro yakoze yerekanwa n’aba-model batandukanye

Robert Kayihura
UM– USEKE.RW

en_USEnglish