Ingirakamaro: UTB ifasha abafite inzozi zo kwihangira imirimo kuzigeraho

Ishuri rikuru rya UTB ryashyizeho ishami rya ‘UTB Entrepreneurship Center’ muri gahunda yiswe “Business Plan Competition”, rizajya rifasha ku buntu abanyeshuri bafite ibitekerezo byo kwihangira imirimo. Ubundi muri iyi Kaminuza ngo bagira Isomo rya Entrepreneurship (Kwihangira imirimo) abanyeshuri biga kugeza barangije, kugira ngo byibura umunyeshuri wabo narangiza amasomo azabikoreshe mu kwihangira imirimo. Mbarushimana Nelson, ushinzwe kumenyekanisha […]Irambuye

RSSB yaba yenda kugura 51% bya Sonarwa iri mu bibazo

Hari amakuru avuga ko Ikigo cy’Igihugu cy’ubwiteganyirize n’ubwizigame “Rwanda Social Security Board (RSSB)” yaba yaramaze kugura 51% by’imigabane ya Sonarwa iri mu bibazo by’ubukungu kugira ngo barebe uko bayizahura. Banki ya Kigali (BK) nayo iri kwinjira muri Serivise z’ubwishingizi nayo ngo yashakaga kugura 35% by’imigabane ya Sonarwa, byari kuyigira umunyamigabane mukuru ariko ntibyakunda itsindwa na […]Irambuye

New York: U Rwanda rwahawe igihembo muri ‘New York Times

Kuri uyu wa mbere, u Rwanda rwegukanye igihembo cy’umwaka wa 2017 muri ‘New York Times Travel Show’ kiswe ‘Best Small Booth’, nyuma yo kumurika bimwe mu byiza nyaburanga by’u Rwanda byaberaga mu imurikabikorwa, New York muri Leta Zunze Ubumwe za America. Brad Kolodny, wo mu ishami ryo kwamamaza iby’ubukerarugendo ‘Travel Advertising Department’ muri ‘New York […]Irambuye

Urubyiruko rw’Akarere ka Gasabo rwakoze igitaramo cyo gushimira intwari

Mu mpera z’icyumweru gishize, urubyiruko rw’Akarere ka Gasabo rurenga igihumbi, rufatanije n’Itorero Inshongore z’Urukaka, rwakoze igitaramo cyo gushimira Intwari z’u Rwanda. Iki gitaramo cyabaye kuwa gatandatu tariki 28 Mutarama, hagati ya 18h00-22h00, kitabiriwe n’inzego z’urubyiruko kuva ku rwego rw’umudugu kugeza ku rwego rw’Akarere, n’abayobozi banyuranye b’Akarere ka Gasabo barimo umuyobozi w’inama njyanama Perezidante Dr. BAYISENGE […]Irambuye

Agaciro k’umugabane mu kigega ‘Iterambere Fund’ kageze ku mafrw 103.09

Kuri uyu wa mbere tariki 30 Mutarama 2017, agaciro k’umugabane mu kigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) kageze ku mafaranga y’u Rwanda 103.09. Ubuyobozi bwa RNIT buvuga ko izamuka ry’agaciro k’umugabane mu Kigega ‘Iterambere Fund’ rishingiye ku kuba ishoramari bakoze mu mpapuro z’agaciro mvunjwafaranga (treasury Bond) ryaratangiye kungunga. Ubu […]Irambuye

Umunya Tchad Moussa Faki Mahamat yatorewe kuyobora AU

Uwari Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga wa Tchad yatorewe kuba Umuyobozi mushya w’Umuryango wa Africa Yunze Ubumwe (AU), ahigitse Umunyakenyakazi bari bahanganye cyane Amina Mohamed. Abakurikiranye aya matora, batangaje ku mbuga nkoranyambaga ko amatora yabaye mu byiciro bibiri, ikiciro cya mbere cyakuyemo abakandida batatu aribo Minisitiri w’Ububanyi n’amahanga n’ubutwererane wa Botswana Mme Pelonomi Venson-Moitoi, Minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]Irambuye

Alpha Condé wahawe kuyobora AU yasabye abayobozi kwita ku rubyiruko

Kuri uyu wa mbere, Perezida wa Guinea Alpha Condé yahawe kuyobora Umuryango wa Africa yunze ubumwe, asimbura Idriss Deby Itno. Mu ijambo rye rya mbere, yasabye abayobozi b’ibihugu bya Africa guteza imbere urubyiruko nk’uko babyiyemeje. Alpha Condé agiye kuyobora Umuryango wa Africa yunze Ubumwe (AU) mu gihe cy’umwaka, nurangira asimburwe n’undi muyobozi wa kimwe mu […]Irambuye

Byiringiro umurika imideli yinjiye no mu mwuga wo gushushanya

Byiringiro Jean Aimé usanzwe yerekana imideli ku buryo bw’umwuga, ubu yemeza ko yamaze kwinjira mu buhanzi bwo gushushanya, ndetse ngo ni impano yibonyeho kuva akiri umwana muto. Byiringiro Jean Aimé asanzwe azwi mu bijyanye no kumurika imideli, dore ko yanabikoze mu bitaramo bikomeye bibera mu Rwanda nka Kigali Fashion Week, Rwanda Cultural Fashion Show, n’ibindi […]Irambuye

Video ‘Ruzakugarura’ ni ikimenyetso ko mu 2017 niteguye gukora byinshi

Umuhanzi Munyangango Audace ukoresha izina ry’ubuhanzi rya Auddy Kelly aravuga ko amashusho y’indirimbo ‘ruzakugarura’ aherutse gushyira hanze, ari ikimenyetso ko muri uyu mwaka wa 2017 ahari kandi yiteguye gukora byinshi bizanyura abakunzi be. Mu kiganiro yagiranye n’Umuseke, Auddy Kelly gushyira hanze ariya mashusho ari indi ntambwe ateye, ndetse akemeza ko ari ikimenyetso ahaye abakunzi be […]Irambuye

en_USEnglish