Kuwa kabiri: Ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya miliyoni

Kuri uyu wa 21 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe ya Crystal Telecom na Bralirwa ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 2 832 000. Ku isoko, hacurujwe imigabane 31,000 ifite agaciro k’amafaranga 2,790,000 yagurishijwe muri ‘deals’ enye, ku mafaranga 90 ku mugabane umwe. Igiciro cy’umugabane wa Crystal Telecom nticyahindutse kuko wacurujwe ku giciro wariho n’ejo hashize. […]Irambuye

Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafrw 103.68

Kuri uyu wa 20 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wageze ku mafaranga y’u Rwanda 103.68. Kuri uyu wa kabiri, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 103.68, uvuye ku mafaranga 103.65 wariho kuwa mbere, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.03. Agaciro k’umugabane mu […]Irambuye

Leta yongereye igihe cyo kugura imigabane muri I&M

*Umugabane umwe uragura amafaranga y’u Rwanda 90 gusa. Kuwa 14 Gashyantare, Guverinoma y’u Rwanda yashyize ku isoko ry’ibanze (Initial Public Offer/IPO) imigabane ingana na 19,81% ifite muri I&M Bank – Rwanda, igihe cyo kugura iyi migabane cyongereweho iminsi irindwi. Itangazo rya Minisiteri y’imari n’igenamimbi riravuga ko kuva iriya migabane yashyirwa ku isoko, abashoramari b’Abanyarwanda n’abo […]Irambuye

Lick Lick na Princess Priscillah ngo ‘bibanira mu nzu’ muri

Amakuru agera ku Umuseke aravuga ko Producer Lick Lick asigaye yibanira mu nzu imwe n’umuhanzi Princess Priscillah muri Leta Zunze Ubumwe za America muri Leta ya Ohio. Lick Lick ni umu-producer uri mu bakomeye muri muzika igezweho y’u Rwanda kuva mu myaka nk’icumi ishize, yazamuye abahanzi banyuranye akora ibihangano byabo byakunzwe. Mu 2012 nibwo Licklick yagiye muri […]Irambuye

Uyu munsi nta mugabane n’umwe wacurujwe ku Isoko ry’Imigabane

Kuri uyu wa 20 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane nta mugabane n’umwe, nta n’impapuro z’agaciro mvunjwafaranga z’umwenda wa Leta zacurujwe. Amasaha yo gufunga isoko yageze, ku isoko hari imigabane 10,300 ya Banki ya Kigali icuruzwa ku mfaranga ari hagati ya 240 – 245 ku mugabane, gusa nta busabe bw’abifuza kugura iyi migabane. Ku isoko hari […]Irambuye

Kuwa mbere: Umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wazamutseho +0.09

Kuri uyu wa 20 Gashyantare 2017, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT) wazamutseho amafaranga +0.09. Kuri uyu wa mbere, umugabane w’iki kigega ‘Iterambere Fund’ wageze ku mafaranga 103.65, uvuye ku mafaranga 103.56 wariho kuwa gatanu w’icyumweru gishize, bivuze ko wazamutseho amafaranga y’u Rwanda +0.09. Agaciro k’umugabane mu Kigega […]Irambuye

Visi-Perezida w’Ubuhinde yasuye urwibutso rwa Jenoside ku Gisozi

Kuri uyu wa mbere, Vice-Perezida w’Ubuhinde Hamid Ansari uri mu ruzinduko rw’akazi mu Rwanda yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Kigali ku Gisozi, anasobanurirwa amateka mabi yaranze u Rwanda kugeza rubayemo Jenoside. Vice-Perezida Hamid Ansari n’abamuherekeje banashyize indabo ku mva zishyinguyemo abazize Jenoside. Mu kiganiro n’abanyamakuru Dr. Bizimana Jean Damascene, Umunyamabanga Nshingwabikorwa w’Ikigo cy’igihugu […]Irambuye

Gasabo: Urubyiruko 3 000 rw’Itorero Anglican rwasabwe kubaka impinduka muri

Urubyiruko rwo mu Itorero Anglican mu Rwanda rubarizwa mu muryango w’abanyeshuri biga muri za Kaminuza RASA (Rwanda Anglican Students Association) rusaga 3 000 rwitabiriye igiterane cy’iminsi itatu cyabereye ku kicaro cya Diocese ya Gasabo, Paruwasi ya Kibagabaga mu Mujyi wa Kigali, rwasabwe kuba umusemburo w’impinduka muri bagenzi babo dore ko aribo mbaraga z’igihugu n’itorero ry’ejo […]Irambuye

Rwandair mu Buhinde izakomeza umubano w’Ubuhinde n’u Rwanda – Vice-Perezida

Vice-Perezida w’Ubuhinde Hamid Ansari uri mu ruzinduko mu Rwanda kuva ku cyumweru tariki 19 Gashyantare kugera kuri uyu wa kabiri, yatangaje ko bagiye gufungura Ambasade mu Rwanda ndetse anashima gahunda ya Rwandair yo gutangiza ingendo zijya mu Buhinde kuko ngo bizarushaho gukomeza umubano hagati y’ibihugu byombi. Hamid Ansari akigera mu Rwanda, yaraye abonanye n’umuryango w’Abahinde barenga […]Irambuye

Muri ‘Kitenge Dress Code Dinner’ Abanyamideli bagaragaje umusaruro wa ‘Made

‘Kitenge Dress Code Dinner’ yabaye kuri uyu wa gatandatu, yabaye amahirwe ku banyamideli yo kugaragaza umusaruro wa Politiki ya Leta yo kwimakaza iby’iwacu ‘Made in Rwanda’. Ku nshuro ya mbere, ikinyamakuru Business Mag cyateguye imurikamideli ry’ibikorerwa mu Rwanda ‘Made in Rwanda’ ryahuje abahanzi b’imideli bakizamuka barenga 20. Iki gitaramo cyabumburiwe n’imurikagurisha ry’imideli ikorerwa mu Rwanda […]Irambuye

en_USEnglish