Areruya Joseph yegukanye undi mudari wa Bronze

Umusore ukiri muto Areruya Joseph ubu ukinira ikipe ya Dimension Data yo muri Africa y’Epfo yegukanye umudari wa Bronse mu masiganwa Nyafurika ari kubera mu Misiri. Uyu munsi, Areruya Joseph na bagenzi be bahagarariye u Rwanda bahatanaga n’ibindi bihangange muri Africa mu gusiganwa nk’ikipe ku muhanda (road race). Areruya Joseph nubwo yabaye uwa gatandatu, yasoje […]Irambuye

RDC: Ubwicanyi bushingiye ku moko bwahitanye 25

Muri Kivu ya Ruguru, mu Burasirazuba bwa Repubulika Iharanira Demokarasi ya Congo, Abaturage 25 b’inzirakarengane bo mu bwoko bw’Aba-nande baraye bahitanye n’igitero cy’inyeshyamba ziyita Maï-Maï Mazembe. M. Bakundakabo, umuyobozi mu Ntara ya Kivu ya Ruguru yabwiye ibiro ntaramakuru by’Abafaransa ‘AFP’ ko iki gitero cyabaye kuwa gatandatu, kuva saa kumi z’igitondo  (04h00) kugera saa mbiri z’igitondo […]Irambuye

Vice-Perezida w’Ubuhinde ari i Kigali, azanaganira n’abanyeshuri ba Kaminuza

Kuri iki cyumweru, Vice-Perezida w’Ubuhinde Hamid Ansari aratangira urugendo rw’iminsi itanu mu Rwanda na Uganda, rugamije gukomeza umubano. Kuri iki cyumweru akaba yaraye ageze i Kigali n’indege ya Air India yakirwa na Perezida wa Sena y’u Rwanda Hon Bernard Makuza. Ibinyamakuru byo mu Buhinde biravuga ko Hamid Ansari aje gusura ibi bihugu ku butumire bwa Perezida […]Irambuye

Kwambara bifasha umuntu kugaragaza uko yiyumva – Alexis N. Kinyange

Nshimiyimana Alexis Kinyange, umuhanzi ndetse na rwiyemezamirimo mu iyamamaza-bikorwa (communication and media designer) mu ikompanyi yitwa ” Kindy Creative Dealers Ltd” asanga ‘fashion’ ari uburyo bufasha umuntu guhitamo uko agaragara no kugaragaza uko yiyumva yifashije imyambaro. Alexis N. Kinyange, umusore w’imyaka 25 aganira n’Umuseke yavuze ko iyo yambaye neza, ari igihe aba yambaye ipantalo iri […]Irambuye

Icyo wakora ugatunga inzara zifite isuku

Abagore n’abagobwa cyane cyane bakunze gufata umwanya munini bita ku nzara zabo. Kimwe mu binezeza umugore cyangwa umokobwa wese ni ukobana inzara ze zisukuye kandi zisize neza. Menya ko hari byinshi byagufasha gutunga inzara zisa neza. Hari uburyo bwinshi bukunze gukoreshwa n’abagore ndetse n’abakobwa basukura inzara zabo, bamwe bahitamo gusiga Verini zitandukanye, abandi bagahitamo kuzikorera […]Irambuye

Uko Isoko ry’Imari n’Imigabane ryari ryifashe muri iki cyumweru

Muri iki cyumweru Isoko ry’Imari n’imigabane ntiryitabiriwe cyane ugereranyije n’icyuweru gishize, agaciro k’imigabane yacurujwe kasubiye inyumaho amafaranga y’u Rwanda 128,376,700. Muri iki cyumweru, Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” ryafunguye imiryango iminsi itanu. Muri iyo minsi itanu, hacurujwe imigabane ya Bralirwa, Banki ya Kigali na Crystal Telecom igera kuri 282,500, ifite agaciro k’amafaranga y’u […]Irambuye

Muri iki cyumweru umugabane w’Ikigega ‘Iterambere Fund’ wazamutseho +0.18

Kuva kuwa gatanu w’icyumweru gishize, umugabane w’Ikigega cy’ishoramari ‘Iterambere Fund’ cy’Ikigo mpuzamigabane y’ishoramari “Rwanda National Investment Trust (RNIT)” muri iki cyumweru wazamutseho +0.18. Kuri uyu wa 17 Gashyantare 2017, umugabane w’iki kigega wageze ku mafaranga 103.56, uvuye ku mafaranga 103.54 wariho kuwa kane, bicuze ko wazamutseho +0.02. Gusa, kuva kuwa gatanu ushize, umugabane w’iki kigega […]Irambuye

Brig Gen Nkubito yaburiye abaturage ba Rubaya basa n’abigometse

Gicumbi – Kuri uyu wa 16 Gashyantare 2017, Guverineri w’Intara y’Amajyaruguru Musabyimana Claude, ari kumwe n’abayobozi banyuranye barimo n’ab’inzego z’umutekano basuye abaturage b’Umurenge wa Rubaya bamaze iminsi bavugwaho kwigomeka ku muyobozi babona nk’uwaje kubabangamira, baburirwa ko nibatisubiraho bizabagiraho ingaruka. Mu Murenge wa Rubaya haherutse koherezwa Umunyamabanga Nshingwabikorwa mushya ushobora gukumira ibi byaha, witwa Nkunzurwanda John, […]Irambuye

Ibya rwa ruganda BK yateje cyamunara abaturage bakigaragambya byifashe bite?

* Baruteza cyamunara habaye imvururu zanakomerekeyemo abantu * Ba nyirarwo bavuga ko BK yabarenganyije ikabatereza bafite ubushake bwo kwishyura * BK ivuga ko kwishyura byari byarabananiye igakora ibiteganywa n’amategeko * Uruganda rwatejwe cyamurana saa mbiri z’ijoro ngo abakiliya benshi bagiye * BK ivuga ko rwagurishijwe kumugaragaro inzego z’ubuyobozi n’umutekano zihari Iburengerazuba – Dukorerehamwe company yari […]Irambuye

Ku Isoko ry’Imari n’Imigabane Umugabane wa BK wazamutseho amafarw 4

Kuri uyu wa 16 Gashyantare, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane hacurujwe imigabane ya Banki ya Kigali n’iya Crystal Telecom ifite agaciro k’amafaranga 1 327 800. Kuri uyu wa kane, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane (Rwanda Stock Exchange/RSE) hacurujwe imigabane 4,700 ya Banki ya Kigali (BK) ifite agaciro k’amafaranga 1,102,800 yacurujwe muri ‘deals’ eshatu. Umugabane wa BK wacurujwe […]Irambuye

en_USEnglish