Abadepite bemeje itegeko rishyiraho Komisiyo izavugurura Itegeko Nshinga

Kuri uyu wa gatantu, tariki 19 Kanama, mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, Inteko rusange y’umutwe w’Abadepite yemeje umushinga w’itegeko rigena imiterere, imikorere n’inshingano bya Komisiyo izavugura Itegeko Nshinga, iyi Komisiyo izemezwa na Perezida wa Repubulika, izakora mu gihe cy’amezi ane. Uyu mushinga w’itegeko watowe ku bwiganze bw’badepite 74 bose bari bitabiriye inteko rusange y’uyu […]Irambuye

MININFRA yagize icyo ivuga ku ibura ry’amazi n’amashanyarazi

Minisiteri y’ibikorwa remezo (MININFRA) iratangaza ko ibibazo by’amazi n’amashanyarazi byugarije Umujyi wa Kigali muri iyi minsi byaturutse ku zuba ryinshi ry’impeshyi, gusa ikizeza ko mu mwaka utaha bitazaba bikomeye kuri uru rwego. Umunyamabanga wa ushinzwe ingufu z’amashanyarazi n’amazi muri MINIFRA, Germaine Kamayirese yemera ko muri iyi minsi u Rwanda, n’Umujyi wa Kigali by’umwihariko bifite ikibazo […]Irambuye

U Rwanda mu bihugu 13 bifite ubukungu bwihuta kw’Isi

Ubu kungu bw’u Rwanda bwazamutse ku muvuduko wa 7% mu mwaka wa 2014, ndetse Banki y’Isi ikaba iteganya ko buzanazamuka ku gipimo nk’icyo muri uyu mwaka wa 2015, birarushyira mu bihugu 13 bifite ubukungu buzamuka cyane ku Isi. Urutonde rushya rugaragara ku rubuga rw’Ihuriro mpuzamahanga ku bukungu “World Economic Forum” rugaragaza ibihugu 13 bifite ubukungu […]Irambuye

Nta kibazo kiri mu mushinga wa Gariyamoshi ku ruhande rwacu-Min.Musoni

Minisitiri w’ibikorwa remezo James Musoni yahakanye ishingiro ry’amakuru yagaragaye cyane mu cyumweru gishize avuga ko ihura ry’abayobozi ba Uganda, Kenya na Sudani y’Epfo biga ku buryo umuhanda wa Gariyamoshi uzaturuka Mombasa wazakomereza muri Sudani y’Epfo, u Rwanda ntiruyigaragaremo mu buryo busesuye nk’uko byagiye bigenda mu zindi nama z’umuhora wa Ruguru, cyaba ari ikimenyetso ko ku […]Irambuye

Congratulations kuri Knowless wegukanye PGGSS5

Uko igitaramo cyagenze-Mu ijoro ryo kuri uyu wa gatandatu, kuri Stade Amahoro harimo kubera igitaramo mboneka rimwe mu mwaka gisoza irushanwa rya Primus Guma Guma SuperStar ryabaga ku nshuro ya gatanu. Abahanzi icumi bose baranyura imbere y’imbaga y’Abanyakigali yakubise yuzuye, cyane cyane urubyiruko. Umuhanzi wegukana Guma Guma y’uyu mwaka arahembwa Miliyoni 24 z’amafaranga y’u Rwanda, […]Irambuye

FEASSA : Amashuri yisumbuye yo mu Karere azahurira i Huye

Amarushanwa ahuza ibigo by’amashuri yisumbuye byo mu karere ka Afurika y’Iburasirazuba mu mikino (discipline) zitandukanye u Rwanda ruzakira kua ku itariki 16 Kanama izabera mu Turere twa Huye na Gisagara. Muri iyi mikino izamara ibyumweru bibiri, u Rwanda ruzahagararirwamo n’amakipe agera kuri 26, mu mikino icyenda. Umunyamabanga wa Leta muri Minisiteri y’uburezi ushinzwe amashuri abanza […]Irambuye

Kurangiza vuba; ikibazo cyugarije umugabo umwe kuri batatu….

Ubushakashatsi bunyuranye bwa za Kaminuza n’ibigo by’ubushakashatsi byo mu bihugu bya teye imbere bujya guhuza imibare y’abantu ku Isi bafite ikibazo cyo kurangiza vuba mu mubonano mpuzabitsina, ubwinshi buvuga ko cyaba cyugarije abagabo bari hagati ya 30-35%, ni ukuvuga hafi umugabo umwe muri batatu ku isi. Iki kibazo ariko ngo gishobora gushira iyo byitaweho. Mu […]Irambuye

Nta Munyarwanda ukwiye kwemera kugaragurwa – Kagame

Mu Nteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda, imbere y’Abadepite, Abasenateri n’abayobozi mu nzego zitandukanye mu Rwanda, kuri uyu wa kane tariki 13 Kanama, Perezida wa Repubulika Paul Kagame yavuze ko yishimiye irekurwa, n’igaruka mu Rwanda rya Lt Gen.Karenzi Karake, ndetse asaba Abanyarwanda kwitegura urugamba rwo kwanga kugaragurwa no kurenganywa kuko bitagomba gukomeza. Perezida Kagame yari mu […]Irambuye

Lt Gen.Karenzi Karake yageze i Kigali

Mu masaha ya saa mbiri  z’igitondo cyo kuri uyu wa kane tariki 13 Kanama, Lt.Gen.Karenzi Karake yageze ku kibuga cy’indege mpuzamahanga cya Kigali, i Kanombe. Ni nyuma y’uko arekuwe n’ubutabera bw’Ubwongereza ho yari amaze iminsi 50 akurikiranywe kubera impapuro z’abacamanza bo muri Espagne. Igaruka mu Rwanda rya Lt Gen Karake ryaraye ritangajwe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga […]Irambuye

Umunsi w’urubyiruko: Akazi karacyari ingume, Leta iracyatanga ikizere

Tariki 12 Kanama, ni Umunsi Mpuzamahanga w’Urubyiruko wizihizwa ku Isi yose, gusa, urubyiruko rwo hirya no hino mu Rwanda ruractataka ikibazo cy’imirimo n’igishoro kubashaka kwihangira imirimo. Umunsi Mpuzamahanga w’Urubyiruko (International Youth Day) w’uyu mwaka wahawe insanganyamatsiko igira yo “kwimakaza uburere mboneragihugu, turinda kandi dusigasira ibyagezweho.” Mu Rwanda uzizihizwa tariki 22 Kanama, hakorwa imurikabikorwa (expo) ry’urubyiruko […]Irambuye

en_USEnglish