Mu mwaka w’amashuri wa 2016 abanyeshuri bazamara ibyumweru 36 ku

Ingengabihe nshya yasohowe na Minisiteri y’Uburezi (MINEDUC) iragaragaza ko umwaka w’amashuri abanza n’ayisumbuye utaha uzatangira tariki 02 Gashyantare 2016, ugasozwa n’ibizamini ku basoza ibyiciro binyuranye bizasoreza kuby’amashuri yisumbuye tariki 18 Ugushyingo 2016. Iyi ngengabihe iragaragaza ko igihembwe cya mbere kizamara ibyumweru 9, amashuri akazafungura tariki 02 Gashyantare, igihembwe kigasoza tariki 01 Mata, abanyeshuri bagiye mu […]Irambuye

Bujumbura: Hongeye kuboneka imirambo y’abantu 7 bishwe

Mu gitondo cyo kuri uyu wa gatatu, mu murwa mukuru w’igihugu cy’u Burundi, Bujumbura hongeye kugaragara abantu barindwi (7) bishwe. Ni nyuma y’iminsi mike Umuryango w’abibumbye uhururije iki gihugu ko muri iki gihugu hatumba intambara mu banyagihugu. Amakuru dukesha Radiyo BBC avuga ko batanu muri aba bishwe biciwe ku muhanda wa 15 mu gace ka […]Irambuye

Umubatizo utangaje w’umusaza Rwubusisi rwa Kigenza

Umusaza Rwubusisi rwa Kigenza ngo wabaye Umutware w’Ingabo z’Indengabaganizi. Ubwo abazungu bazaga gukoloniza u Rwanda, bagiye babatiza abatware n’abandi bayobozi b’u Rwanda rwo hambere babaga bemeye kubatizwa bakaba Abakirisitu. Umusaza, Rwubusisi rero, Padiri ajya kumubatiza yaramubajije ati “Mutware urashaka kwitwa nde?” Rwubusisi aratekereza akanya, ati “Ese wowe urashaka ko nitwa nde?” Padiri ati “Reka nkubatize […]Irambuye

Guhererekanya ubutegetsi mu mahoro birashoboka, abashaka ko mvaho ndabumva… –

Perezida Paul Kagame avuga ko mu Rwanda guhererekanya ubutegetsi mu mahoro bishoboka, gusa akavuga ko iyo ari intambwe ikwiye guterwa igihugu kimaze kugira umudendezo ndetse ubukungu bw’abagituye bwatejwe imbere. Ni bimwe yatangaje mu ijambo ryamaze isaha n’iminota 20 mu nama ya Biro politiki ya FPR-Inkotanyi yateranye ku cyumweru. Muri uyu mwaka Abanyarwanda hafi miliyoni enye […]Irambuye

Umuhanzi wa Filime Gasigwa asanga UN igomba guha u Rwanda

Umuhanzi wandika akanatunganya Filime ngufi n’indende kuri Jenoside yakorewe abatutsi n’ingaruka zayo Gasigwa Leopord asanga Umuryango w’Abibumbye udakwiye kujyana ubushyinguro-nyandiko bw’urukiko mpuzamahanga rwashyiriweho u Rwanda “ICTR” Newyork ku kicaro cyayo cyangwa ngo zijyanwe ahandi. Gasigwa Leopord yakoze Filime mpamo ndende nk’Izingiro ry’amahoro na “L’abscé de la vérité” ziri hanze; Na “The miracle and the family” […]Irambuye

UN ikwiye guhwitura ibihugu bitita ku gufata abakekwaho Jenoside –

Mu gihe Isi yitegura umunsi Mpuzamahanga guha agaciro abazize icyaha cya Jenoside no kwirinda ko icyo cyaha cyakongera kuba uzaba ku itariki 09 Ukuboza, umuryango ‘Ibuka’ uharanira inyungu z’abarokotse Jenoside yakorewe Abatutsi mu Rwanda usanga umunsi nk’uyu ukwiye kwibutsa amahanga inshingano mu kurwanya Jenoside, kandi ibihugu bitagaragaza ubushake mu gufata abakekwaho icyo cyaha bigahwiturwa. Ahishakiye […]Irambuye

Mu minsi 10: NEC ngo yiteguye gukoresha referendum ikagenda neza

-Mu nama ya Biro Politike yaguye ya RPF-Inkotanyi Perezida Paul Kagame yemereye abanyamuryango ayoboye ko referendum yaba tariki 18 Ukuboza 2015; -Gusa, avuga ko nk’uko itegeko ribiteganya, azatangaza iyi tariki ku mugaragaro ndetse n’impamvu ya referendum mu nama ya Guverinoma izaba muri iki cyumweru; -Ubaze uhereye kuri kuri uyu wa mbere tariki 07, ukagera kuwa […]Irambuye

Nzafata umwanzuro kuri 2017 bitewe n’ibizava mu matora ya referendum-Kagame

-Kuri iki cyumweru, i Rusororo mu Karere ka Gasabo habereye inama ya Biro Politike yaguye ya RPF-Inkotanyi; -Abanyamuryago banyuranye bari bafite ikizere ko bava muri iyi nama Perezida abemereye niba aziyamamaza muri 2017; -Kagame ageze igihe cyo kubivugaho yababwiye ko acyumva ibitekerezo by’abantu, baba ababishaka n’abatabishaka; -Perezida yavuze ko yemera ihame ryo guhererekanya ubutegetsi mu […]Irambuye

en_USEnglish