Digiqole ad

Ku isoko ry’Imari n’imigabane hacurujwe Miliyoni zisaga 488 z’amafrw

 Ku isoko ry’Imari n’imigabane hacurujwe Miliyoni zisaga 488 z’amafrw

Ku Isoko ry’imari n’imigabane ry’u Rwanda (photo: internet).

Kuri uyu wa gatatu, tariki ya 09 Ukuboza 2015, ku Isoko ry’Imari n’Imigabane “Rwanda Stock Exchange (RSE)” hagaragaye ubucuruzi butari hejuru cyane bikomeye, ariko na none bushimishije ku isoko nk’iri rikiyubaka.

Muri rusange, hacurujwe imigabane 1 700 200 ya Banki ya Kigali “BK”, 1 700 ya Bralirwa na 123,800 ya Crystal Telecom “CTL” yose hamwe ifite agaciro k’amafaranga y’u Rwanda 488 421 800.

Igiciro cy’umugabane w’ibigo nka BK, Bralirwa, CTL, EQTY, NMG, USL na KCB biri ku isoko ry’Imari n’Imigabane ry’u Rwanda ntabwo byahindutse, ugereranyije n’uko byari byifashe ejo hashize.

Uko byari bifashe ku isoko.

UM– USEKE.RW

en_USEnglish