APR FC ngo yiteguye gusezerera Mbabane Swallows

Kuri uyu wa gatandatu, APR FC irakina umukino wo kwishyura w’imikino ihuza amakipe yabaye aya mbere iwayo ‘CAF Champions League’ na Mbabane Swallows yo muri Swaziland yaje i Kigali ifite impamba y’igitego kimwe yatsindiye iwayo. APR FC ifite igikombe cya Shampiyona y’u Rwanda y’umwaka ushize, mu mpera z’iki cyumweru iraba irwana no gusezerera ikipe bivugwa […]Irambuye

Urwego rw’Umuvunyi ngo rwakira ibibazo birenze ubushobozi bwarwo

Urwego rw’umuvunyi rwagaragarije Komisiyo ya Politike, Ubwuzuzanye n’Uburinganire bw’Abagore n’ Abagabo mu iterambere mu Nteko Ishinga Amategeko, umutwe w’Adepite raporo y’ibikorwa y’umwaka wa 2014_2015, rukaba rwagaragaje ikibazo cy’uko rugezwaho ibibazo byishyi birenze ubushobozi bwarwo. Raporo y’Urwego rw’umuvunyi igaragaza ko mu mwaka w’ingengo y’imari wa 2014-2015 bakiriye ibibazo 1 452 mu nyandiko, 820 (56% ) muri […]Irambuye

Ku kirwa cya Bugarura batunzwe n’uburobyi gusa barasaba Leta kubagoboka

*Ikirwa cya Bugarura mu kiyaga cya Kivu gituwe n’abaturage 2 112; *Gifite umuriro w’amashanyarazi, Post de santé, ikigo cy’amashuri abanza n’imbangukiragutabara *Mu biganiro byabo baririmba Perezida Paul Kagame ngo niwe bakesha ibyo bagezeho; *Ubu ariko ngo imibereho yabo iri ku buce kuko uburobyi bukorwa n’abifite *Bati mutubwirire Perezida ko “Nk’uko inka, ihene n’inkoko bitekwa buri […]Irambuye

Imbuto F. yatangije ubukangurambaga “Urukundo nyakuri” buzafasha urubyiruko kutagwa mu

Umuryango Imbuto Foundation watangije ubukangurambaga wise “Urukundo nyakuri/True Love” buzafasha urubyiruko kutagwa mu moshya y’ubusambanyi bushobora kubakururira ingaruka mbi nko gutwita inda zitateguwe, no kwandura indwara zandurira mu mibonano mpuzabitsina bikaba byabicira ejo hazaza. Ubwo hatangizwaga ubu bukangurambaga ku kirwa cya Bugarura kiri mu kiyaga cya Kivu rwagati, urubyiruko rwahawe ubutumwa bwo kwirinda imibonano mpuzabitsina […]Irambuye

Abaturage bakoze ku muhanda Rwamagana-Karembo barasaba kwishyurwa

Akarere ka Rwamagana – Abaturage basaga 300 bakoze mu mirimo yo kubaka umuhanda Rwamagana – Karembo barasaba Leta kubishyuriza amafaranga ngo asaga Miliyoni umunani z’amafaranga y’u Rwanda bambuwe na Kompanyi yabakoreshaga yitwa J.U.V.E.N.C-BUILDING AFRICA, ngo bamaze hafi imyaka ibiri batarabona amafaranga bakoreye. Aba baturage bishyuza amafaranga barimo abatangiye gukorana mu kwezi kwa Kamena 2014. Kugeza […]Irambuye

RRA yinjije mu kigega cya Leta Miliyari 470.6 mu mezi

Kuri uyu wa kabiri, Ikigo cy’igihugu gishinzwe imisoro n’amahoro (RRA) cyatangaje ko kuva mu kwezi kwa Nyakanga kugera mu Kuboza 2015 cyinjirije Guverinoma imisoro n’amahoro igera kuri Miliyari 470.6 z’amafaranga y’u Rwanda, n’imisoro y’uturere igera kuri Miliyari 13.4. RRA yavuze ko mu mezi atandatu gusa y’umwaka w’ingengo y’imari wa 2015/2016, binjije imisoro igera kuri Miliyari […]Irambuye

23% by’inguzanyo zatanzwe mu 2015 nizo gusa zahawe abagore

Imibare mishya ya Banki Nkuru y’Igihugu ‘BNR’ iragaragaza ko umubare w’abagore bitabira kwaka inguzanyo mu mabanki n’ibigo by’imari ukiri hasi cyane, ku gipimo cya 23% by’inguzanyo zigera kuri Miliyari 742.2 z’Amafaranga y’u Rwanda zatanzwe mu mwaka wa 2015. Muri Raporo igaragaza uko ubukungu bw’igihugu bwari bwifashe mu mwaka wa 2015, BNR igaragaza ko kugera mu […]Irambuye

Huye: Nyuma yo kubyara uwa gatatu nawe udasanzwe, barasaba Leta

Umuryango w’abasigajwe inyuma n’amateka wo mu Kagari ka Muyogoro, Umurenge wa Rukira, mu Karere ka Huye wabanye ufitanye isano y’ububyara none ukaba umaze kubyara abana batatu basa kandi bari gukurana imyitwarire nk’iy’inkende, barasaba Leta kubavuza kugira ngo bamenye ikibazo bafite gituma babyara abana bameze gutya. Umuryango wa JMV Twagirimana (se w’abana) uvuga ko nyuma y’inkuru […]Irambuye

Ubukungu bw’u Rwanda bukomeje guhura n’ingaruka z’ihungabana ry’ubukungu bw’Isi

Kuri uyu wa kane, Banki Nkuru y’Igihugu BNR yamuritse uko ifaranga n’ubukungu bw’u Rwanda byifashe muri rusange, aho yagaragaje ko byombi byazamutse muri rusange nubwo habayeho imbogamizi y’ihungabana ry’ubukungu bw’ibihugu bikomeye nk’Ubushinwa, Ubuyapani, n’umuryango w’ubumwe bw’Uburayi. Imibare BNR yatanze iragaragaza ko igitero cy’izamuka ry’ubukungu bw’igihugu mu bihembwe bitatu bya mbere by’umwaka wa 2015 kiri hejuru […]Irambuye

Ikompanyi UAP mu kwishingira abahinzi ngo batagwa mu gihombo

Ikompanyi y’ubwishingizi “UAP” irakangurira abahinzi kuyigana cyane cyane muri ibi bihe bitegura gutangira ikindi gihembwe cy’ihinga kugira ngo ibahe ubwishingizi bw’ibihingwa byabo, ku buryo bagize ikibazo giturutse ku kirere, Indwara y’imyaka cyangwa inkongi y’umuriro bagobokwa. UAP yishingira abahinzi bose bakora ubuhinzi bwabo nk’umwuga, ni ukuvuga abahinga bagamije kwihaza mu biribwa no gusagurira amasoko. Impuguke ya […]Irambuye

en_USEnglish