Rusumo: Abaturiye umupaka biteze inyungu ku rugomero rw’amashanyarazi rugiye kubakwa

Mu gihe imirimo yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ku mupaka wa Rusumo yegereje gutangira, abaturage baturiye uyu mupaka baravuga ko ari inyungu nini kuribo ngo kuko bizazamura ubukungu bwabo binyuze mu bucuruzi n’indi mirimo isaba umuriro w’amashanyarazi. Bitarenze uyu mwaka wa 2016, imirimo yo kubaka urugomero rw’amashanyarazi ruzatanga MW 80 mu isumo rya Rusumo ku mupaka […]Irambuye

Innocent Habyarimana ashobora kuba yarambuwe ubukapiteni bwa Police FC

Nyuma y’amezi abiri gusa atangajwe nka Kapiteni mushya wa Police FC, Habyarimana Innocent ashobora kuba yarambuwe iki gitambaro nubwo bitaratangazwa. Uwari Kapiteni wa Police FC, Jacques Tuyisenge yagiye gukina muri Gor Mahia FC yo muri Kenya. Bituma tariki 11 Gashyantare 2016, hatangazwa Habyarimana Innocent bita ‘Di Maria’ nka Kapiteni mushya wa Police FC. Uyu musore […]Irambuye

Nubwo yatinze kugera mu Budage, Hadi Janvier yatangiye neza

Hadi Janvier nubwo yatinze kujya mu Budage mu Ikipe ya BikeAid kuko yatinze kubona ibyangombwa, aho agereye yo yatangiye kwitwara neza. Tariki 11 Ukuboza 2015, nibwo abasore babiri b’Abanyarwanda bakina umukino w’amagare, Hadi Janvier wabaye uwa 10 muri Afurika muri 2015, na Nsengimana Jean Bosco wegukanye “Tour du Rwanda” iheruka basinye amasezerano yo gukinira Stradalli […]Irambuye

Ushobora gutanga ikirego cyerekeranye n’ubukucuruzi ukoresheje ikoranabuhanga

Mu rwego rwo guteza imbere ubutabera no gukemura impaka mu byerekeranye n’ubucuruzi, Leta y’u Rwanda yashyizeho uburyo bwo gutanga ikirego no kugikurikirana kugera urubanza rurangiye hifashishijwe ikoranabuhanga. Mu Rwanda ubu hari inkiko z’ubucuruzi enye arizo: Urukiko rukuru rw’ubucuruzi, Urukiko rw’ubucuruzi rwa Nyarugenge, Urukiko rw’ubucuruzi rwa Musanze n’Urukiko rw’ubucuruzi Huye. Muri izi nkiko hafi ya zose […]Irambuye

Mu myaka 15 Malaria yahitanye hafi Miliyoni 1.8 muri Afurika

*Tariki ya 25 Mata, Isi yose irizihiza umunsi Mpuzamahanga wo kurwanya Malaria; *Hagati y’umwaka wa 2000-2014, Malaria yahitanye abantu 1,834,765…barimo 1,741,880 bo muri Afurika; *Kuva 2000-2014, mu Rwanda abahitanywe na Malaria ni 2,414; *MINISANTE ngo igiye gutanga Inzitiramibu 6, 201,501 mu Turere twose n’Ibigo by’amashuri. Icyegeranyo cy’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku buzima ku Isi (OMS) […]Irambuye

Impinduka u Rwanda rwakoze mu korohereza ishoramari ziratanga umusaruro –

Kuva Ikigo cy’Igihugu gishinzwe kwihutisha Iterambere (RDB) cyatangira amavugurura agamije kwihutisha kwandikisha business, imisoro n’abakozi; mu gukemura impaka hagati y’abacuruzi binyuze mu rukiko ry’ubucuruzi; kubona ibyangombwa byo kubaka no kuvugurura inyubako; Kwandikisha umutungo; Kubona umuriro; Kwishyura imisoro; Gufunga business mu gihe bitagenze neza n’ibindi, ngo ubu birimo gutanga umusaruro ufatika. Kuva tariki ya 01 Kamena […]Irambuye

Burundi: Abantu bitwaje intwaro bishe Brig.Gen. Athanase Kararuza

Mu gitondo cyo kuri uyu wa mbere, abantu bataramenyekana bishe Brig.Gen. Athanase Kararuza wari umujyanama mubya gisirikare wa Vice-Perezida wa mbere w’u Burundi akaba n’umuyobozi wungirije w’ingabo zishinzwe kugarura amahoro muri Repubulika ya Centrafrique. Brig.Gen. Athanase Kararuza yiciwe mu mu gace atuyemo hitwa Gihosha, mu majyaruguru y’umurwa mukuru Bujumbura; Bikavugwa ko yicanywe n’umugore we n’umusirikare […]Irambuye

Karama: Hashyinguwe mu cyubahiro imibiri 15, irimo n’iyabonywe n’ingurube

Mu muhango wo kwibuka abatutsi bishwe muri Jenoside mu murenge wa Karama mu karere ka Huye wabaye kuwa gatandatu tariki ya 23,hashyinguwe n’imibiri y’abantu 15 yabonetse ahantu hatandukanye muri uyu murenge harimo iyabonetse abo bakoraga amaterasi y’indinganire hamwe n’iyabonetse kubera ingurube zariho zishaka ibyo zirya. Aba 15 bashyinguwe mu cyubahiro babonetse mu Murenge wa Karama, […]Irambuye

APR FC itsinze 2-1 Police, AS Muhanga ikomeje ibitangaza

Mu mikino y’umunsi wa 18 wa Shampiyona y’umupira w’amaguru “Azam Rwanda Premier League”, APR FC itsinze Police FC biyihesha gukomeza kuyobora urutonde rwa Shampiyona, mu gihe AS Muhanga yavuye ku mwanya wa nyuma. Ku munota wa karindwi w’igice cya mbere Issa Bigirimana wa APR FC yafunguye amazamu, nyuma ahagana ku munota wa 31 Innocent Habyarimana […]Irambuye

Nyamasheke: Abasenyewe hubakwa umuhanda Rusizi-Karongi-Rubavu baracyatabaza

Abaturage bo mu Mudugudu wa Kagarama, Akagari ka Kibogora, Umurenge wa Kanjongo basenyewe n’amabuye mu bikorwa byo kubaka umuhanda Rusizi–Karongi–Rubavu wubatswe n’Ikompanyi y’Abashinwa yitwa ‘China Road Corporations’ ngo amaso yaheze mu kirere bategereje ubufasha bemerewe bwo kongera kubaka inzu zabo bakava mu bukode. Inzu z’abaturage banyuranye zasenywe n’amabuye mu gihe haturitswaga intambi, hashakwa inzira yo […]Irambuye

en_USEnglish