Umuhanzi w’umunyarwanda, Daniel Ngarukiye aho ari mu burayi yapfushije umwana w’imfura, nyuma y’amezi atatu yari amaze avutse. Uyu mwana witwaga Inyamibwa wa Daniel Ngarukiye n’umufasha we w’umunya- Romania, Lavinia Orac yitabye imana kuri uyu wa mbere tariki 30 Gicurasi 2016, yari yaravutse tariki 18 Gashyantare 2016. Amakuru agera k’Umuseke avuga ko uyu mwana atiyigeze arwara […]Irambuye
*Niwe mukinnyi wa mbere w’umunyarwanda wakinnye mu ikipe yabigize umwuga *Mu myaka irindwi ishize ubwe yafashije abana batandatu kwitoreza mu Butaliyani Mathias Ntawurikura izina rikomeye cyane mu mukino wo gusiganwa ku maguru mu Rwanda, afite ubunararibonye yihariye, ariko asanga budahabwa agaciro n’ishyirahamwe ry’imikino ngororamubiri kandi abona bishobora kugira ingaruka mbi kuri uyu mukino. Ntawurikura yahagarariye […]Irambuye
Mme Hazia Awa Nana-Daboya umuyobozi wa ‘High Commission for Reconciliation and Strengthening National Unity’ muri Togo we n’intumwa ayoboye kuri uyu wa mbere basuye Komisiyo y’igihugu y’ubumwe n’ubwiyunge, bavuga ko baje kwigira ku Rwanda uko rwabashije kubanisha abanyarwanda nyuma ya Jenoside ubu abatuye igihugu bakaba babanye neza. Mme Awa Nana yavuze ko baje mu Rwanda […]Irambuye
Inyuma ya Khadaffi akagaka niko kagwiririye Libya ubu hashize imyaka itanu. Usibye ibibazo by’umutekano hari n’ibibazo bikomeye by’inzego. Kugeza ubu haracyari Guverinoma eshatu mu gihugu kimwe, imwe iri i Tripoli yashyizweho n’Inama rusange y’igihugu, indi iherereye mu mujyi wa Al Bayda yashyizweho yashyizweho n’abahagarariye agace k’iburasirazuba bwa Libya kitwa Tobruk, na guverinoma ishyigikiwe na UN […]Irambuye
Visi Perezida wa Kenya William Ruto kuri iki cyumweru yatunguye abantu ubwo yahagararaga ku muhanda ari kumwe n’abandi bayobozi bageze ahitwa Maili Tisa bajinjira muka’restaurant’ gaciriritse cyane baka ubugari n’inkoko. Visi Perezida yinjiranyemo na Guverineri w’intara ya Uasin Gishu n’abadepite batatu barimo umugore umwe, maze bituma abantu benshi baza kureba ako gashya muri aka ka’restaurant’ […]Irambuye
Mu mpera z’icyumweru gishize abarwanyi ba FDLR bagabye igitero ku birindiro by’ingabo za Congo biri ahitwa Katwa muri Kivu ya Ruguru gihitana abantu batanu undi umwe arakomereka. Ababonye iki gitero cya FDLR bavuga ko cyagabwe mu masaha ya saa 22h00, bakavuga ko abarwanyi b’uyu mutwe bari bitwaje intwaro zikomeye bakamisha amasasu ku ngabo zikambitse mu […]Irambuye
Kuri uyu wa gatanu nibwo Perezida wa mbere wa Leta zunze ubumwe za Amerika uri mu buyobozi yasuye umujyi wa Hiroshima, neza neza aho igisasu cya mbere cy’ubumara kirimbuzi cyaturikiye kigahitana abantu barenga 70 000. Hano, Obama yahobeye umwe mu barokotse, umusaza icyo gihe wari ufite imyaka 8. Maze asaba ko isi yose yagira umuhate […]Irambuye
Jean Bosco Nsengimana watwaye Tour du Rwanda 2015 usiganwa ku magare nk’uwabigize muri ‘Stradalli BikeAid’ mu Budage ku cyumweru ubu ari mu Rwanda aho azifatanya n’abaturage b’umugi wa Kigali muri ‘Carfree Day’. Kuri iki cyumweru tariki 29 Gicurasi 2016, i Kigali hateganyijwe umunsi wa sports ya bose, izakorerwa mu muhanda Kigali Ville – Soptrad – […]Irambuye
Hashize imyaka haburanishwa urubanza hagati ya Google na Oracle yasabaga ko yishyurwa miliyari icyenda z’amadorari kuko Google yakoresheje ibintu byayo nta burenganzira. Kuri uyu wa kane Urukiko rw’i San Francisco rwanzuye ko Google ntacyo igomba guha Oracle. Google yari yarakoresheje zimwe muri code za Java (ubu ni iya Oracle) mu gukora ‘operating system’ ya Android […]Irambuye
Urukiko rw’ikirenga rw’igihugu cya Cote d’Ivoire rwatesheje agaciro ubujurire bwa Simone Gbagbo umugore wa Laurent Gbagbo wahozi uyobora iki gihugu ni nyuma yo kujuririra igihano cy’imyaka 20 y’igifungo yakatiwe kubera uruhare mu mvururu zahitanye abasaga 3 000 zabaye nyuma y’amatora yo mu 2010 kuko umugabo we yari yanze kwemera ibyayavuyemo. Simone Gbagbo yahamijwe ibyaha byo […]Irambuye