Miss Rwanda yakiriwe na Minisitiri Mushikiwabo

Kuri uyu wa 1 Kamena 2016 Miss Rwanda 2016 Jolly Mutesi yakiriwe mu biro na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda bagirana ikiganiro bombi. Miss Rwanda avuga ko kuri we ari inzozi yakabije guhura na Minisitiri Mushikiwabo umuntu abona nk’intangarugero kuri we. Uyu mukobwa avuga ko ahora yifuza kuzagera ikirenge mu cya Minisitiri Louise Mushikiwabo. Jolly […]Irambuye

Impanuka y’imodoka ya RDF yahitanye abagore 2 bo muri Malawi

Ku muhanda wa Kigali – Musanze mu murenge wa Bushoki Akarere ka Rulindo, impanuka y’imodoka y’ivatiri y’ingabo z’u Rwanda yakoze impanuka kuri uyu mugoroba ihitana abantu barimo abagore babiri bakomoka muri Malawi bari bagiye gusura abagabo babo bagiye kurangiza amahugurwa mu ishuri rya gisirikare i Nyakinama. Icyateye iyi mpanuka ntikiramenyekana, ariko amakuru agera k’Umuseke aravuga […]Irambuye

DRC: Padiri Malu Malu wari Perezida wa Komisiyo y’amatora yapfuye

Uwahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa Padiri Apollinaire Malumalu yitabye Imana kuri kuwa 31 Gicurasi ku myaka 54 azize uburwayi. Ibi byemejwe kuri Voice of America na François Balumuene  Ambasaderi wa Congo Kinshasa muri USA aho uyu mupadiri yari amaze iminsi arwariye. Ambasaderi Balumuene yavuze ko uyu mupadiri yitabye Imana mu ijoro […]Irambuye

Umunezero si inshuti n’ubutunzi. Inama 10 zaguha umunezero nyawo

Umunezero ukomoka mu butunzi n’inshuti ushobora guhinduka ndetse ukanashira burundu , bitewe n’uko inshuti zihemuka cyangwa zikadusiga bitewe n’urupfu. Naho ubutunzi bwo ntibuhoranwa kuko ibitera ibihombo biba bibukikije. Bityo rero umunezero ushingiye kuri ibi uhita uyoyoka ako kanya. Kandi burya umunezero niyo soko yo kugira ubuzima bwiza bw’impagarike(physical health), ibitekerezo(mental health), no kubana neza n’abandi(social […]Irambuye

Abakozi babiri b’Akarere ka Muhanga bafunze bashinjwa kwakira ruswa

Théoneste Bateho, umukozi w’Akarere ka Muhanga ushinzwe amashyamba n’umutungo kamere hamwe na Védaste Mpagaritswenimana ushinzwe ibidukikije bafungiye kuri Station ya Police ya Nyamabuye  bakekwaho kwakira ruswa ya 180.000Rwf  kugira ngo bahe serivisi umuturage ukora ibyo gucukura amabuye y’agaciro. Aba baregwa bahakana ibyo bashinjwa. Aba bagabo batawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa 31 […]Irambuye

Mozambique yageze i Kigali, umutoza wayo ati”sinavugira ku kibuga cy’indege”

Ikipe y’igihugu ya Mozambique n’umutoza Abel Xavier bageze mu Rwanda ahagana saa saba kuri uyu wa gatatu, baje guhangana n’Amavubi mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika. Xavier Abel wahoze akina muri Liverpool yabwiye abanyamakuru ko atajya avugira ku kibuga cy’indege azashaka umwanya akababwira ikimuzanye. Hafi saa saba z’amanywa nibwo abasore b’ikipe ya Os Mambas  ya […]Irambuye

Simukeka ukina mu Butaliyani afite ishimwe rikomeye kuri Ntawurikura Mathias

Jean Baptiste Simukeka akina umukino wo gusiganwa ku maguru  mu Butaliyani nk’uwabigize umwuga, amaze gusoma inkuru k’Umuseke kuri Ntawurikura Mathias uburyo yafashije abakinnyi batandatu gutera imbere, ntiyacecete, yabwiye Umuseke ko ari umwe muri bo kandi byinshi agezeho abikesha Ntawurikura. Mu cyumweru gishize Mathias Ntawurikura wamamaye mu myaka yashize mu gusiganwa ku maguru (afite agahigo ko […]Irambuye

Menya imihanda 15 mishya muri Kigali. AMAFOTO

Kigali iragenda itera imbere, abayituye bariyongera buri munsi aba bose imihanda iri mubyo bakeneye, ikugira ngo bagendagende muri Kigali bakora ibyabo. Ku mihanda myinshi imenyerewe amasaha amwe n’amwe yo kujya mukazi no gutaha uhasanga umubyigano ukabije w’imodoka, ariko usanga hari indi mihanda yubatswe ishobora kwifashishwa ikagabanya umubyigano, bamwe mu batuye Kigali ntibarayimenya yose. Evode Mugunga, […]Irambuye

Gicumbi: Ufite inka ikamwa munsi ya L 3 ku munsi

Mu nama yaguye y’abayobozi banyuraye bo mu karere ka Gicumbi yateranye kuri uyu wa kabiri umwe mu myanzuro yafashwe hagamijwe kurwanya imirire mibi mu bana ni uko umuturage ufite inka ikamwa munsi ya Litiro eshatu ku munsi atazajya yemererwa kujya kugurisha amata ku isoko. Ibi ngo bikazakurikiranwa n’abayobozi ku nzego z’ibanze. Iyi nama yari igamije […]Irambuye

Kigali ingana na 730Km² ubu ituwe na 1 300 000,

*Kigali buri mwaka ikenera inzu 300 000 yo gutuzamo abiyongera mu mugi Ubuyobzozi bw’Umugi wa Kigali buvuga ko gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’Umugi wa Kigali aribyo byonyine byarinda akaga n’ibiza bikomoka ku miturire mibi umubare munini w’abatuye Kigali wiyongera umunsi ku munsi. Ubuso bwa Kigali ntibwiyongera, ariko mu myaka 20 iri imbere abayituye bashobora […]Irambuye

en_USEnglish