Kuri uyu wa 1 Kamena 2016 Miss Rwanda 2016 Jolly Mutesi yakiriwe mu biro na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga w’u Rwanda bagirana ikiganiro bombi. Miss Rwanda avuga ko kuri we ari inzozi yakabije guhura na Minisitiri Mushikiwabo umuntu abona nk’intangarugero kuri we. Uyu mukobwa avuga ko ahora yifuza kuzagera ikirenge mu cya Minisitiri Louise Mushikiwabo. Jolly […]Irambuye
Ku muhanda wa Kigali – Musanze mu murenge wa Bushoki Akarere ka Rulindo, impanuka y’imodoka y’ivatiri y’ingabo z’u Rwanda yakoze impanuka kuri uyu mugoroba ihitana abantu barimo abagore babiri bakomoka muri Malawi bari bagiye gusura abagabo babo bagiye kurangiza amahugurwa mu ishuri rya gisirikare i Nyakinama. Icyateye iyi mpanuka ntikiramenyekana, ariko amakuru agera k’Umuseke aravuga […]Irambuye
Uwahoze ari Perezida wa Komisiyo y’amatora muri Congo Kinshasa Padiri Apollinaire Malumalu yitabye Imana kuri kuwa 31 Gicurasi ku myaka 54 azize uburwayi. Ibi byemejwe kuri Voice of America na François Balumuene Ambasaderi wa Congo Kinshasa muri USA aho uyu mupadiri yari amaze iminsi arwariye. Ambasaderi Balumuene yavuze ko uyu mupadiri yitabye Imana mu ijoro […]Irambuye
Umunezero ukomoka mu butunzi n’inshuti ushobora guhinduka ndetse ukanashira burundu , bitewe n’uko inshuti zihemuka cyangwa zikadusiga bitewe n’urupfu. Naho ubutunzi bwo ntibuhoranwa kuko ibitera ibihombo biba bibukikije. Bityo rero umunezero ushingiye kuri ibi uhita uyoyoka ako kanya. Kandi burya umunezero niyo soko yo kugira ubuzima bwiza bw’impagarike(physical health), ibitekerezo(mental health), no kubana neza n’abandi(social […]Irambuye
Théoneste Bateho, umukozi w’Akarere ka Muhanga ushinzwe amashyamba n’umutungo kamere hamwe na Védaste Mpagaritswenimana ushinzwe ibidukikije bafungiye kuri Station ya Police ya Nyamabuye bakekwaho kwakira ruswa ya 180.000Rwf kugira ngo bahe serivisi umuturage ukora ibyo gucukura amabuye y’agaciro. Aba baregwa bahakana ibyo bashinjwa. Aba bagabo batawe muri yombi ku mugoroba wo kuri uyu wa 31 […]Irambuye
Ikipe y’igihugu ya Mozambique n’umutoza Abel Xavier bageze mu Rwanda ahagana saa saba kuri uyu wa gatatu, baje guhangana n’Amavubi mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika. Xavier Abel wahoze akina muri Liverpool yabwiye abanyamakuru ko atajya avugira ku kibuga cy’indege azashaka umwanya akababwira ikimuzanye. Hafi saa saba z’amanywa nibwo abasore b’ikipe ya Os Mambas ya […]Irambuye
Jean Baptiste Simukeka akina umukino wo gusiganwa ku maguru mu Butaliyani nk’uwabigize umwuga, amaze gusoma inkuru k’Umuseke kuri Ntawurikura Mathias uburyo yafashije abakinnyi batandatu gutera imbere, ntiyacecete, yabwiye Umuseke ko ari umwe muri bo kandi byinshi agezeho abikesha Ntawurikura. Mu cyumweru gishize Mathias Ntawurikura wamamaye mu myaka yashize mu gusiganwa ku maguru (afite agahigo ko […]Irambuye
Kigali iragenda itera imbere, abayituye bariyongera buri munsi aba bose imihanda iri mubyo bakeneye, ikugira ngo bagendagende muri Kigali bakora ibyabo. Ku mihanda myinshi imenyerewe amasaha amwe n’amwe yo kujya mukazi no gutaha uhasanga umubyigano ukabije w’imodoka, ariko usanga hari indi mihanda yubatswe ishobora kwifashishwa ikagabanya umubyigano, bamwe mu batuye Kigali ntibarayimenya yose. Evode Mugunga, […]Irambuye
Mu nama yaguye y’abayobozi banyuraye bo mu karere ka Gicumbi yateranye kuri uyu wa kabiri umwe mu myanzuro yafashwe hagamijwe kurwanya imirire mibi mu bana ni uko umuturage ufite inka ikamwa munsi ya Litiro eshatu ku munsi atazajya yemererwa kujya kugurisha amata ku isoko. Ibi ngo bikazakurikiranwa n’abayobozi ku nzego z’ibanze. Iyi nama yari igamije […]Irambuye
*Kigali buri mwaka ikenera inzu 300 000 yo gutuzamo abiyongera mu mugi Ubuyobzozi bw’Umugi wa Kigali buvuga ko gushyira mu bikorwa igishushanyo mbonera cy’Umugi wa Kigali aribyo byonyine byarinda akaga n’ibiza bikomoka ku miturire mibi umubare munini w’abatuye Kigali wiyongera umunsi ku munsi. Ubuso bwa Kigali ntibwiyongera, ariko mu myaka 20 iri imbere abayituye bashobora […]Irambuye