Umusore wegukanye Tour de Gisagara, inzozi ze ngo ni ukwinjira

Ahorukomeye Jean Pierre yegukanye isiganwa rizenguruka uturere twa Gisagara na Huye, avuga ko bimwongereye ikizere cyo kuzagera mu ikipe y’igihugu y’umukino w’amagare, Team Rwanda kuko atarayihamagarwamo. Kuwa gatandatu, ku bufatanye bw’ikipe ya ‘Huye Cycling Club for All’ n’akarere ka Gisagara, hateguwe isiganwa ry’amagare (pneu ballon), Tour de Gisagara ku nshuro ya kabiri (kuko na 2015 […]Irambuye

Kuva uyu mwaka watangira hamaze kuba inkongi z’umuriro 30

Imibare itangazwa na Police y’u Rwanda igaragaza ko inkongi z’umuriro zagabanutse ku buryo bugaragara mu mezi atandatu ashize ugereranyije n’umwaka ushize wa 2015. Kuva uyu mwaka watangira hamaze kuba inkongi 30. Umuyobozi w’Ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe kurwanya inkongi no gutabara abari mu kaga, Assistant Commissioner of Police (ACP), Jean Baptiste Seminega, yavuze ko […]Irambuye

Mohamed Ali umukinnyi w’ibihe byose yitabye Imana

Mohamed Ali, watangajwe nk’umukinnyi w’ibihe byose w’ikinyejana cya 20 yaraye yitabye Imana mu ijoro ryakeye mu bitaro bya Phoenix-area, muri Leta Zunze Ubumwe za Amerika, azize indwara z’ubuhumekero yari amaranye iminsi. Umuvugizi w’umuryango we Bib Gunnell yatangarije ikinyamakuru NBC ko Ali yaraye yitabye Imana nyuma y’iminsi yivuriza ataha muri ibi bitaro, ejo akaba yarajyanywe kwa […]Irambuye

IPRC-South yahaye imiryango 20 amashanyarazi, TV na Radios

Huye – Ishuri rikuru ry’imyuga  n’ubumenyingiro ryo mu ntara y’amajyepfo (IPRC South) kuri uyu wa gatanu ryakoze umuhango wo kwibuka Jenoside yakorewe Abatutsi by’umwihariko abiciwe muri iki kigo ahahoze ishuri rya gisirikare ryitwaga ESO. Muri uku kwibuka iri shuri ryaremeye imiryango 20 y’abarokotse bo mu murenge wa Gikonko ribaha amashanyarazi y’imirasire y’izuba, televiziyo ndetse na […]Irambuye

Kwibuka aba’sportifs’: … na Rutikanga yari ahari, ariko abakina Foot

Ku mugoroba wo kuri uyu wa gatanu  habaye urugendo n’umuhango wo kwibuka abahoze bari mu muryango mugari wa Sport mu Rwanda bazize Jenoside yakorewe Abatutsi herekanwa amafoto n’amazina yabo, abenshi ni abari abakinnyi b’umupira w’amaguru, gusa muri uyu muhango nta mukinnyi n’umwe w’umupira w’amaguru mu kiciro cya mbere mu Rwanda wari uhari, ndetse n’igitambaro cya […]Irambuye

U Rwanda rwazamutse byihuse kandi rugerageza kugabanya ubusumbane – Ivan

Ivan Kagame, umuhungu w’imfura wa Perezida Paul Kagame ku rubuga nkoranyambaga rwa ‘LinkedIn’ yatangajeho inyandiko igaragaza ibitekerezo bye ku iterambere ry’ubukungu bwa Africa. Asanga urubyiruko arirwo rugomba kuba inkingi y’ibanze mu kwihutisha ubukungu biciye mu ikoranabuhanga riri ku ntango. Mu nyandiko ye avuga ko u Rwanda ari urugero rw’iterambere ryihuse kandi rwagabanyije ubusumbane. Muri iyi […]Irambuye

VolleyBall: Amakipe 22 arimo aya Uganda,S.Sudan na DRC aje mu

Amakipe 22 ava mu bihugu byo muri aka karere ka Afurika y’uburasirazuba, yamaze kwemeza kwitabira irushanwa ryo kwibuka abo mu muryango wa Volleyball bazize Jenoside yakorewe Abatutsi mu 1994. Irushanwa riba mu mpera z’iki cyumweru. Biteganyijwe ko u Rwanda ruzahagararirwa n’amakipe atanu mu bagabo no mu bagore . Ayo makipe mu bagabo ni : APR, […]Irambuye

Ngororero: Umusore yikase ubugabo nyuma yo guteshwa agiye kwiyahura

Iburengerazuba – Umusore w’imyaka 26 wo mu mudugudu wa Kibingo mu kagali ka Rugogwe Umurenge wa Muhororo mu karere ka Ngororero mu mpera z’icyumweru gishize yafatiwe mu cyuho ari kugerageza kwiyahura akoresheje akagozi baramutesha maze nyuma gato ahita akoresha urwembe yikata amabya (udusabo tw’intanga) ayavanaho. Uyu musore utarabyara na rimwe, ngo nyuma yo kubuzwa kwiyahura […]Irambuye

Menya indangagaciro 9 z’umuco w’u Rwanda

Mu ndangagaciro z’umuco w’u Rwanda nk’uko bitangazwa n’inteko y’ururimi n’umuco harimo kubaha Imana, gukunda igihugu, kugira ubupfura, kunga ubumwe ndetse no kwagura amarembo nk’indagagaciro ikubiyemo amatwara mashya nka Demokarasi, uburinganire n’ubwuzuzanye, ikoranabuhanga no kumenya indimi z’amahanga. Izo ndagagaciro ni izi; Josiane UWANYIRIGIRA UM– USEKE.RWIrambuye

Nyamasheke: Abayobozi bashinjwa kugurisha inka za ‘Gira inka’ batawe muri

Hashize igihe abaturage bo mu murenge wa Kanjogo mu kagari ka Kigarama bavuga ko inka nyinshi zigenewe abatishoboye muri gahunda ya ‘Gira inka’ abayobozi ku rwego rw’akagali bazikubira cyangwa bakaziha abatazigenewe babahaye icyo bita ‘Ikiziriko’ (ruswa). Police kuri uyu wa 01 Kamena yataye muri yombi abayobozi bagera kuri batatu bashinjwa ibi byaha. Francine Uzabakiriho Umunyamabanga […]Irambuye

en_USEnglish