*Habaye imirwano mu bafana kubera penaliti *Umutoza watsinzwe yavuze ko yateguye abakinnyi mukeba agategura abasifuzi Mu mikino ibanza ya 1/2 mu kiciro cya kabiri cy’umupira w’amaguru ikipe ya Kirehe FC kuri iki cyumweru yatsinze Etoile de l’Est ibitego bibiri ku busa mu mukino ukomeye cyane wabereye i Nyakarambi mu karere ka Kirehe Iburasirazuba. Ni umukino […]Irambuye
Abarwanya Donald Trump bongeye kubona aho bagaragariza ko usibye we, n’umugore we ataba ‘first lady’ w’intangarugero. Bagaragaje amafoto y’umugore we yifotoje mu myaka itageze ku 10 ishize yambaye ubusa buri buri. Mbere gato y’uko umugabo we amubenguka, Melania Trump yari umudozi w’imyenda wigeze kwambarira ubusa ikinyamakuru Max Magazine cy’Abafaransa. Uyu mukobwa wo muri Slovenia wari […]Irambuye
Kigali – Ikipe y’igihugu ya Angola itwaye igikombe cya Afurika muri Basketball mu batarengeje imyaka 18, itsinze Misiri amanota 86 kuri 82. U Rwanda rwarangirije ku mwanya wa gatanu muri iri rushanwa rwakiriye. Kuva mu 1998 nibwo Angola yegukanye iri kamba. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, kuri petit stade i Remera nibwo uyu […]Irambuye
Abaturage bagiye mu mihanda ya Bujumbura bajya kuri Ambasade y’Ubufaransa mu gitondo cyo kuri uyu wa gatandatu baririmba indirimbo zishyigikira Perezida Nkurunziza bitwaje ibyapa byamagana Ubufaransa n’ibivuga ku Rwanda. Icyo bamagana ahanini ni umwanzuro w’akanama k’Umuryango w’Abibumbye kanzuye ko mu Burundi hoherezwa ingabo zo kubungabunga umutekano. Umwanzuro Ubufaransa bwagaragaje ko bushyigikiye cyane. Nyuma y’ibikorwarusange (ni nk’umuganda) […]Irambuye
Mu nshuro ebyiri hahembwe abitwaye neza mu mwaka w’imikino mu Rwanda mu mateka y’umupira w’amaguru, igihembo cy’umukinnyi w’umwaka cyatwawe n’abarundi bakinira Rayon sports, 2013 ni Cedric Amiss, none 2016 gitwawe na Pierro Kwizera. Mu ijoro ryo kuri uyu wa agatanu tariki 29 Nyakanga 2016, mu busitani bw’ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru mu Rwanda FERWAFA, habaye ibirori byo […]Irambuye
Olivier Kwizera umunyezamu w’ikipe y’igihugu Amavubi, ntazajya muri South Africa kubera ikibazo cy’ibyangombwa, kandi na APR FC ntikimufitiye umwanya. Kwizera yabwiye Umuseke ko ubu ari gushaka indi kipe mu Rwanda. Olivier Kwizera yari yarumvikanye na Baroka FC yo muri Africa y’epfo, ariko uyu musore yagize ikibazo cy’ibyangombwa. Yari amaze ibyumweru bitatu muri Uganda ashaka Visa […]Irambuye
Ubuyobozi bw’ikipe ya APR FC nyuma yo kumenya inkuru yo kugurwa k’umukinnyi wabo n’ikipe mukeba ya Rayon Sports mu ijoro ryakeye bwakoze inama, maze bwanzura ko bureka uyu mukinnyi akajya muri iyi kipe ahubwo bakavugana nayo iby’indezo kuri APR FC yamuzamuye. Kugeza nijoro hari hakiri impaka ku kugura uyu mukinnyi, hari amakuru yemezwaga n’abo ku […]Irambuye
Ahagana saa sita zo kuri uyu wa kane ubwo abantu bari bagiye mu karuhuko, umusore w’ikigero cy’imyaka 25 yagerageje kwiba mudasobwa igendanwa yari mu biro by’umukozi w’ibitaro ariko ntibyamuhira arafatwa. Abantu bose kwa muganga bamubonye batangaye. Abamufashe basanze ari gukurura iyi Laptop ashaka kuyicisha mu idirishya kuko aho yari iri ari hafi yaryo kandi icyumba […]Irambuye
Ni inkuru itunguranye cyane kuko atavugwaga mu bashakwa na Rayon, umunyamabanga wa Rayon Sports Olivier Gakwaya niwe watangaje ko uyu musore yasinyiye Rayon Sports kuri uyu wa 28 Kanama. Abdoul Rwatubaye yari umukinnyi wa APR FC yirereye kuva muri Academy yayo. Ni umwe muri ba myugariro beza bari mu gihugu ubu. Nibwo bwa mbere Rayon […]Irambuye
Imurikagurisha mpuzamahanga ry’uyu mwaka riri kubera i Gikondo rimaze gufungurwa kumugaragaro na Minisitiri Francois Kanimba w’inganda n’ubucuruzi….nubwo imiryango yaryo yari yafunguye kuri uyu wa gatatu. Abayigana ntabwo baraba benshi cyane, abantu benshi bategerejwe cyane mu mpera z’iki cyumweru zahuriranye n’impera z’ukwezi. Abamurika ibikorwa byabo bagera kuri 419 nibo bari muri iyi EXPO ibaye ku nshuro […]Irambuye