*Uyu mushinga w’itegeko watowe ku 100% Inteko Ishinga Amategeko y’u Rwanda umutwe w’Abadepite yemeje burundu kuri uyu wa mbere umushinga w’itegeko rigenda ubutoneshwe n’ubudahangarwa bw’abaturage b’ibihugu bigize Umuryango w’Africa y’iburasirazuba mu bijyanye no gukorera akazi aho bashaka, ubucuruzi bwambukiranya imipaka n’ibindi. Aya masezerano yabanje kwemezwa n’abakuru b’ibihugu bigize uyu muryango mu nama yo kuwa 24 […]Irambuye
Ku birwa bya Ishywa na Nkombo bigize Umurenge wa Nkombo abahatuye bafite ikibazo gikomeye cyo kutagira amazi meza. Bavoma amazi y’ikiyaga cya Kivu ndetse ugasanga nk’abana bo bahita banayanywa. Ubuyobozi burizeza ko iki kibazo kizakemuka vuba. Uyu murenge wa Nkombo ugizwe n’utugari dutanu turiho abaturage 17 994, Akagali ka Ishywa ko ni ikirwa kihariye, biteganyijwe […]Irambuye
Kuva i Nyamirambo ukamanuka ukagera i Nyarugenge hagati ukamanuka Umuhima wose na Nyabugogo ukerekeza Remera kuri Stade abantu bagiye bihera ijisho ibirori by’itorero ry’u Rwanda, igororangingo ry’abasore bo mu Gatenga n’imbyino n’ingoma z’abanyeSenagal. Byari mu rugendo rwo gutangiza icyumweru cya FESPAD n’Umuganura. Insanganyamatsiko iravuga ngo “TURWUBAKIRE KU MUCO TWITEZE IMBERE”, ni ibikorwa byateguwe ku bufatanye […]Irambuye
*Uyu muhungu yigaga muwa gatanu muri Groupe Scolaire Gafunzo *Bagenzi be ngo ntibari bazi ko atazi koga *Yaguye mu mazi ku cyumweru bamubona nimugoroba Gadi Mugisha umusore w’ikigero cy’imyaka 17 yari yaburiwe irengero nyuma yo kujyana na bagenzi be koga mu Kivu, umurambo we wabonetse ku cyumweru nimugoroba. Amakuru agera k’Umuseke avuga ko bagenzi be […]Irambuye
Mu gihe cy’imyaka itanu ishize raporo y’umugenzuzi mukuru w’imari ya Leta yagaragaje ko u Rwanda rwahombye miliyari eshatu na miliyoni magana abiri kubera kugura imiti ikarangira idakoreshejwe. Abadepite bagize Komisiyo yo gukurikirana imikoreshereze y’imari n’umutungo by’igihugu kuri uyu wa mbere basuye ikigo gishinzwe gukwirakwiza imiti bareba impamvu ya kiriya kibazo gitera igihombo hamwe n’ibura ry’imiti […]Irambuye
Aganira na The Worldfolio Magazine umuyobozi wa Banki ya Kigali Diane Karusisi yagaragaje ibitekerezo bye ku bukungu bw’u Rwanda na Africa, kuri we kuba Africa ari umugabane w’abantu benshi bari kubyiruka, ukaba n’umugabane ufite umutungo kamere mwinshi, isi yose irashaka gukorana na Africa, aya ngo akaba ari amahirwe kuri Africa. Diane Karusisi ariko avuga ko […]Irambuye
Harabura iminsi ine gusa ngo ‘Jeux Olympiques 2016’ itangire i Rio de Janeiro muri Brazil. Abazahagararira u Rwanda babiri bamaze kugerayo, kapiteni wa Team Rwanda Adrien Niyonshuti arahagera kuri uyu wa mbere. Kuwa gatanu w’iki cyumweru, tariki 5 Kanama 2016, saa tanu z’ijoro kugeza saa kumi za mu gitondo kuwa gatandatu, amaso y’abakunzi b’imikino ku […]Irambuye
Perezida wa Tanzania, John Pombe Magufuli yatangake ko Leta ye itazatanga imfashanyo y’ibiribwa ku buntu ku baturage bashonje ariko nta mpamvu zigaragara zabateye inzara, Magufuli yasabye abaturage gukora cyane bakeza imyaka ihagije. Kuri iki cyumweru tariki 31 Nyakanga 2016, Magufuli yari mu ruzinduko rw’akazi mu Ntara ya Mkoani Tabora, mu nzira akaba aribwo yakiriwe n’abaturage […]Irambuye
Guhora mu ngendo, kwitabira ibitaramo biba mu ijoro, kugaragara mu mashusho y’indirimbo babyinisha abandi bakobwa, umugore washakanye n’umuhanzi ngo agomba kubyihanganira. Kuko aho kureka umuziki Uncle Austin avuga ko ahubwo bajya bajyana muri ibyo byose. Abatari abanyamuziki bibaza uburyo ingo z’abahanzi zikomera. Ibanga ngo nta rindi ni ukwiyakira hagati y’abashakanye n’abanyamuziki. Uncle Austin avuga ko […]Irambuye
Kuva kuri uyu wa mbere abayobozi b’inzego z’ubutasi mu bihugu 51 bya Africa barateranira mu nama i Kigali mu nama ya 13 ibahuza mu muryango bahuriramo witwa CISSA. Iyi nama irahera kuri uyu wa mbere kugeza kuwa gatandatu muri Kigali Convention Center, iraba ifite isanganyamatsiko yo kureba uko barwanya uburyo ubutabera mpuzamahanga bwitwara kuri Africa. […]Irambuye