Paapa Francis yituye hasi ubwo yariho asoma misa iri guca kuri za Televiziyo Live ikurikiwe na za miliyoni z’abantu aho ari mu ruzinduko muri Pologne. Paapa Francis w’imyaka 79 yari kuri Altar arahinyagara yitura hasi bahita baba hafi baramwegura. Bigaragara ko yaguye atsikiye ku madarage (escaliers) magufi. Uyu muyobozi wa Kiliziya Gatolika ku isi asanzwe […]Irambuye
Perezida Obama yasabye Abanyamerika gufasha Hillary Clinton gutsinda Donald Trump, ni mu ijoro ryakeye ubwo Clinton yerekanwaga nk’umukandida w’Abademocrats. Obama yashimagije cyane Hillary avuga ko ntaho ahuriye na Trump mu bushobozi bwo kuyobora. Obama yavuze ko amahitamo ahari ubu atari asanzwe y’amashyaka na politiki zayo, ahubwo ari amahitamo akomeye cyane kubera abari kwiyamamaza. Obama yongeye […]Irambuye
Kigali – Ikipe y’igihugu ya basketball y’abatarengeje imyaka 18 yageze muri ¼ cy’irangiza ari iya kabiri mu itsinda ryayo nyuma yo gutsinda Algeria amanota 53-40. Muri 1/4 rukazahura na Tunisia. Ku mugoroba kuwa Gatatu tariki ya 27 Nyakanga 2016, kuri Stade Amahoro i Remera benshi bari baje gushyigikira aba bana bakomeje kwihagararaho muri marushanwa nyafurika […]Irambuye
Kuri uyu wa gatatu abantu benshi bari kujya rwagati mu mujyi wa Kigali mu nzira itanyuramo imodoka (Car Free Zone) ahari kubera ibikorwa byo gupima no gukingira abantu indwara ya Hepatite B ku buntu, ni igikorwa cyateguwe n’ikigo cy’igihugu cy’ubuzima, RBC. Abantu bagera ku 3 000 nibo bari bamaze kugera aha kuva mu gitondo kugeza […]Irambuye
Umuntu ushakira abakinnyi amakipe ‘agent’ wagurishije Davis Kasirye muri DCMP muri Congo, yanaboneye Yannick Mukunzi ikipe yo muri United Arab Emirates, ibiganiro bigenze neza yagenda muri iki cyumweru. Ronnie Santos Mwine Fred wo mur Uganda umaze kumenyekana mu gushakira abakinnyi bo muri aka karere amakipe, kuri uyu wa kabiri nibwo yatangaje ko agurishije muri Daring […]Irambuye
L’Institut Panos Grands Lacs (IPGL) est une ONGI spécialisée dans le domaine du pluralisme médiatique et de la diversité des médias au service de la démocratie en Afrique des Grands Lacs. Le siège régional de l’IPGL est établi à Bujumbura au Burundi, avec des bureaux nationaux en RDC et au Rwanda. Actuellement, avec l’appui financier […]Irambuye
Muri iki gitondo Minisiteri y’ubucuruzi n’inganda isohoye itangazo rivuga ko ihagaritse by’agateganyo imikino y’amahirwe ikoresha imashini (slot machines) imaze iminsi izwi ku izina ry’Ikiryabarezi. Iyi mikino ababyeyi benshi bagaragaje ko iri kurumbya no gutera abana ubujura bw’amafaranga bayajyana muri iyi mikino. Itangazo rya MINICOM ryasinyweho na Minisitiri Francois Kanimba riravuga ko “nyuma y’ingezura ryakozwe na […]Irambuye
Abagore bagera kuri 400 n’abagabo bacye bari bateraniye muri Serena Hotel mu ijoro ryo kuri uyu wa kabiri ubwo batangizaga ku nshuro ya gatandatu igiterane cy’ivugabutumwa kitwa “All women together” gitegurwa na Women Foundation Ministries, iki giterane ngo kigamije guhindura umuryango nyarwanda binyuze mu mugore. Ernestine Gashongore yatanze ubuhamye bw’uko ubuzima bwe bwahinduwe n’ibi biterane. […]Irambuye
Rusizi – Mu cyumweru gishize Umuseke wasuye izi nyubako zubatswe ngo zibe Guest House yakira abasura ikirwa cya Nkombo mu kiyaga cya Kivu, komisiyo ishinzwe kugenzura imikoreshereze y’imari ya Leta mu Ntako kuri uyu wa kabiri nayo yasuye izi nyubako zigiye kumara imyaka itatu ziri aho zihomba, aba bavuze ko izi nyubako zubatswe nabi kuko […]Irambuye
Kanyankore Gilbert bita Yaounde nk’umutoza mushya niwe wakoresheje imyitozo ya mbere ya APR FC nyuma ya ‘saison’ ishize begukanyemo igikombe. APR FC yakoze imyitozo kuri uyu mugoroba iri kumwe n’abakinnyi icyenda bashya yazanye barimo na Emmanuel Imanishimwe wavuye muri Rayon Sports. APR iri kwitegura imikino y’amakipe ya Gisirikare mu karere k’Africa y’iburasirazuba izatangira muri week […]Irambuye