Interractive Mathematics, software yazanywe ngo ifashe abana kwiga imibare

Imibare ni isomo rigora abana mu mashuri abanza bidatewe n’uko rikomeye ahubwo kubera uko baryize, kompanyi ya Sakura-Sha  isanzwe ikora za softwares zinyuranye kuri uyu wa kabiri yamuritse mu Rwanda iyitwa Interractive Mathematics ifasha abana kwiga no  kumva vuba imibare. Iyi software yatangijwe muri mudasobwa za Positivo zicuruzwa mu Rwanda na African Smart Investment. Iyi […]Irambuye

Umunyamakuru Kazungu Clever yagizwe umuvugizi wa APR FC

Kazungu Clever umaze imyaka 11 ari umunyamakuru w’imikino ku maradio icyenda mu Rwanda, APR FC yamutangaje nk’umuvugizi wayo mushya kuva kuri uyu wa kabiri. Uyu musore w’imyaka 45 w’umunyamakuru w’imikino kuri City Radio, yahawe akazi ko kuvugira APR FC, no gukurikirana ibiyivugwaho mu itangazamakuru. Mu kiganiro n’abanyamakuru kuri uyu wa kabiri tariki 26 Nyakanga 2016, […]Irambuye

Ubusumbane bukabije buri ku isi nk’impamvu y’Iterabwoba

Mu migani y’ikinyarwanda hari uvuga ngo ‘akaruta akandi karakamira’. Nubwo ari umugani ubabaje ni ko kuri kuriho. Isi ubu ihangayikishijwe n’iterabwoba ariko inkomoko yaryo yashakirwa ku mugani nk’uyu. Ibihugu by’ibihangange bikize bishaka kumira no gutegeka ibihugu byoroheje niyo mvano y’iterabwoba. Kuko ubusumbane bw’ubukungu ku isi bukomeje kurushaho, ubwo n’iterabwoba ntawahamya ko rigiye gucika…. Umuntu aho […]Irambuye

Umuyoboro w’amazi wangije umuhanda mushya hafi ya Convention Center

Ku muhanda mushya uturuka kuri Convention Center (umuryango wo ruguru) hafi ya MINIJUST ugana ku Kacyiru umuyoboro (tuyeau) y’amazi ica munsi y’uyu muhanda mushya yarangiritse imena amazi bituma umuhanda nawo wangirika. Bamwe mu baturiye aka gace mu kagari ka Kamukina mu midugudu ya Isano n’Isangano n’ babwiye Umuseke ko kuva ku cyumweru byatumye babura amazi […]Irambuye

Koffi Olomide yahise ajyanwa muri gereza ya Makala i Kinshasa

Umuhanzi Antoine Christophe Agbepa Mumba uzwi cyane muri aka karere ku mazina ya Koffi Olomide yatawe muri yombi muri iki gitondo i Kinshasa. Koffi yahise ajyanwa imbere y’umucamanza amurega gukubita umwe mu babyinnyi be bari i Nairobi, ibintu abantu benshi bamaganye. Koffi  amaze kubonana n’umucamanza yahise ajyanwa muri gereza ya Makala. Nyuma yo gutabwa muri […]Irambuye

Twumba: Umuyobozi ku kagari ‘yasambanyije’ umwana w’imyaka 2, ahita abura

Karongi – Mu murenge wa Twumba umukozi ushinzwe iterambere ry’Akagali ka Gitabura abo bakunze kwita ba IDP (Integrated Development Programme) hashize ibyumweru bibiri aburiwe irengero nyuma yo gushakishwa akurikiranyweho gusambanya umwana w’imyaka ibiri. Uyu mugabo w’ikigero cy’imyaka 30 asanzwe afite umwana ariko nta mugore afite, arashinjwa gusambanya umwana wa mugenzi we nawe w’umu IDP mu […]Irambuye

IMIBARE: Muri EAC, mu Rwanda niho hakorwa ibyaha bicye bikoreshejwe

Ubushakashatsi bwatangajwe kuri uyu wa mbere bwakozwe n’Umuryango ushinzwe kurwanya intwaro nini n’into mu baturage uhuriwemo n’ibihugu byo mu biyaga bigari n’ibyo mu ihembe rya Africa, buvuga ko u Rwanda aricyo gihugu muri aka gace kirimo ibyaha bicye cyane bikoreshwa imbunda. Hari mu nama yahuje inzego z’umutekano z’abagize uyu muryango wa RECSA (Regional Centre on […]Irambuye

Turkiya: Nyuma y’abasirikare, ubu abanyamakuru 42 nabo bagiye gufatwa

Kuri uyu wa mbere abayobozi muri Turkiya bategetse ko abanyamakuru 42 batabwa muri yombi nk’uko bitangazwa na NTV yaho, ibi ngo ni mu nkurikizi za Coup d’etat iherutse gupfuba aho abantu bagera ku 60 000 banyuranye bagomba kuyiryozwa. Abamaze gufatwa biganjemo abakekwa kuyigiramo uruhare, harimo abasirikare, abapolisi, abacamanza, abakozi mu nzego zigenga kubera coup d’etat […]Irambuye

APR ‘yirukanye’ abakinnyi 9 barimo; Ndoli, Bugesera na Kapiteni Kodo

Amakuru agera k’Umuseke aremeza ko APR FC igiye kwirukana abakinnyi icyenda (9) barimo kapiteni wayo Nshutiyamagara Ismail Kodo, n’umunyezamu uyimazemo imyaka 10, Ndoli Jean Claude. Nyuma yo gutwara ibikombe bya shampiyona bitatu yikurikiranya, ikanuzuza 16 itwaye mu mateka yayo, APR FC ikomeje kwiyubaka, kuko yaguze abakinnyi  barindwi (7) bashya. Abo yaguze ni: Blaise Itangishaka na […]Irambuye

Ni inde utera ikibazo? Ni umuzunguzayi cg ni umugurira?

Mu mujyi wa Kigali iyo ugeze muri centres za Remera, Gikondo, Nyamirambo, Kimisagara na Nyabugogo ubona ko abantu bacururiza ku mihanda bagihari n’ubwo ikibazo cyabo gisa n’icyahagurukiwe. Mu minsi yashize, mu kugishakira umuti imbaraga zashyizwe mu kurwanya aba bacuruzi kugeza ubwo hari n’uwahasize ubuzima, ariko nyamara isoko ryo kumuhanda ntirishobora kubaho uhagurira adahari, bityo ugurira […]Irambuye

en_USEnglish