Bwa mbere igeze i Rusizi FESPAD yitabiriwe cyane, na Miss

Kuri uyu wa gatatu, abatuye mu mujyi wa Kamembe baganiriye n’Umuseke benshi bavuze ko bishimiye cyane kubona FESPAD  bwa mbere iwabo, ngo bishimiye kongera kubona amatorero abyina umuco wabo n’andi yerekanye imico y’ahandi. Kimwe mu byashimishije abantu ni itorero ryaturutse ku nkombo ribyina ibyo aba batuye aha bita “Saama Style” babyina baciye bugufi baririmba mu […]Irambuye

Rwanda U18, barashimwa nubwo batageze ku ntego

U Rwanda rwakiriye ‘FIBA Africa Under-18 Championship’ rurangiriza ku mwanya wa gatanu (5).  Umutoza Moïse Mutokambali abona uwo musaruro uhagije, kandi ashima cyane abakinnyi kuko bitanze uko bashoboye. Kuva tariki ya 22 kugeza 31 Nyakanga 2016, mu Rwnada haberaga igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 muri Basketball. Igikombe cyegukanywe na Angola itsinze Misiri ku mukino […]Irambuye

Nyabugogo: Umugabo yafatanywe 2 000€ y’amahimbano agiye kuvunjisha

Umwe mu bakora ibyo kuvunja amafaranga muri gare ya Nyabugogo utifuje gutangazwa amazina yabwiye Umuseke ko bakiriye umukiliya witwa Dieu Merci Ndikumana aje kuvunjisha inoti zingana na 2 000€, ngo bazigenzuye basanga ari inyiganano bahita bahamagara Police imuta muri yombi. Superintendent of Police  Hitayezu Emmanuel, Umuvugizi wa Police mu mujyi wa Kigali yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Nyaruguru: Mu rugo rw’umuntu bahasanze agahanga k’umwana wapfuye

Nyuma yo guhanahana amakuru hagati y’inzego z’umutekano n’abaturage, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu rishyira kuwa kane inzego z’umutekano zatahuye agahanga k’umwana w’ikigero cy’imyaka itandatu mu rugo rw’umuturage. Byabaye ahagana saa saba z’igicuku ubwo inzego z’umutekano zasatse muri uru rugo zikabona agahanga k’umwana muri uru rugo ruri mu murenge wa Nyabimata, mu kagali ka […]Irambuye

URUTONDE rwa Kaminuza za mbere ku Isi, iy’u Rwanda ni

Ku rutonde rukorwa na Webometrics cyangwa Cybermetrics ikora ubushakashatsi igatangaza uko kaminuza zikurikirana ishingiye ku mibare ya Internet, yatangaje urutonde rw’ukwezi gushize rw’uko kaminuza zikurikirana ku rwego rw’isi. Kaminuza ya mbere ku isi ni Harvard yo muri Amerika ikurikirwa n’izindi umunani zo muri USA nazo. Kaminuza y’u Rwanda kuri uru rutonde ni iya 123 muzo […]Irambuye

Karongi: umunyemari Mugambira nyiri Golf Hotel yatawe muri yombi

Police y’u Rwanda mu karere ka Karongi yaraye itaye muri yombi umunyemari Aphrodis Mugambira nyiri Hotel Golf Eden Rock akurikiranyweho ibyaha binyuranye birimo n’icyo abakobwa yakoreshaga bamushinja. Mu ijoro ryakeye, bamwe mu bantu be ba hafi babwiye Umuseke ko uyu mugabo yari amaze gutabwa muri yombi. Muri iki gitondo, CIP Theobald Kanamugire umuvugizi wa Police […]Irambuye

ITERABWOBA i Londres: Umusore yishe umugore amuteye icyuma ku muhanda

Umugore w’ikigero cy’imyaka 60 yapfuye abandi bantu batanu barakomereka mu bugizi bwa nabi bivugwa ko bwakozwe n’umusore ufite uburwayi bwo mu mutwe, uyu yateraga aba bose icyuma. Hari gusuzumwa niba iki gikorwa kitaba cyakozwe mu rwego rw’iterabwoba. Hari ahagana saa yine z’ijoro ahitwa Russell Square mu mujyi wa Londres ubwo uyu musore w’imyaka 19 yiraraga […]Irambuye

Ibibuga 806 by’umupira w’amaguru bigiye kubakwa mu tugari

Komisiyo y’Imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena yatanze raporo y’ibyo yabonye mu igenzura n’isesengura ry’iterambere mu mikino y’u Rwanda, muri iyi raporo, harimo ibibuga 752 bigiye kuvugururwa, na 54 bigiye kubakwa mu tugari. Tariki 26 Kamena 2016 nibwo komisiyo yo muri Sena y’u Rwanda yatumije abayobozi b’amashyirahamwe y’imikino atandukanye, baganira ku mbogamizi […]Irambuye

Imisambi 21 yari iri muri “Musée yo kwa Habyarimana” yajyanywe

Ku nshuro ya gatatu, mu gitondo kare cyane kuri uyu wa kane imisambi 21 yatoranyijwe igasuzumwa yajyanywe kuba mu buzima bw’umwimerere ikwiye kubamo muri Pariki y’Akagera. Kuri uyu mugoroba wo kuwa gatatu Umuseke wabashije kugera aho yakorewe isuzuma rya nyuma mbere yo kujyanwa…. Iyi misambi ni iyagiye ivanwa mu ngo z’abantu (kenshi bakize) babaga bayitunze […]Irambuye

Kirehe FC izamutse mu kiciro cya mbere. Abafana bamwe bafunzwe

Akarere ka Kirehe bwa mbere ubu gafite ikipe izakina shampionat y’ikiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, ni nyuma y’umukino wo kwishyura urangiye mu kanya Etoile de l’Est ntibashe kwishyura ibitego bibiri yatsindiwe i Nyakarambi ku cyumweru gishize. Kirehe ihise ibona ticket yo kuzamuka. Umukino ubanza Kirehe FC yari yatsinze Etoile de l’Est ibitego bibiri ku […]Irambuye

en_USEnglish