Kuri uyu wa gatatu, abatuye mu mujyi wa Kamembe baganiriye n’Umuseke benshi bavuze ko bishimiye cyane kubona FESPAD bwa mbere iwabo, ngo bishimiye kongera kubona amatorero abyina umuco wabo n’andi yerekanye imico y’ahandi. Kimwe mu byashimishije abantu ni itorero ryaturutse ku nkombo ribyina ibyo aba batuye aha bita “Saama Style” babyina baciye bugufi baririmba mu […]Irambuye
U Rwanda rwakiriye ‘FIBA Africa Under-18 Championship’ rurangiriza ku mwanya wa gatanu (5). Umutoza Moïse Mutokambali abona uwo musaruro uhagije, kandi ashima cyane abakinnyi kuko bitanze uko bashoboye. Kuva tariki ya 22 kugeza 31 Nyakanga 2016, mu Rwnada haberaga igikombe cya Afurika cy’abatarengeje imyaka 18 muri Basketball. Igikombe cyegukanywe na Angola itsinze Misiri ku mukino […]Irambuye
Umwe mu bakora ibyo kuvunja amafaranga muri gare ya Nyabugogo utifuje gutangazwa amazina yabwiye Umuseke ko bakiriye umukiliya witwa Dieu Merci Ndikumana aje kuvunjisha inoti zingana na 2 000€, ngo bazigenzuye basanga ari inyiganano bahita bahamagara Police imuta muri yombi. Superintendent of Police Hitayezu Emmanuel, Umuvugizi wa Police mu mujyi wa Kigali yabwiye Umuseke ko […]Irambuye
Nyuma yo guhanahana amakuru hagati y’inzego z’umutekano n’abaturage, mu ijoro ryo kuri uyu wa gatatu rishyira kuwa kane inzego z’umutekano zatahuye agahanga k’umwana w’ikigero cy’imyaka itandatu mu rugo rw’umuturage. Byabaye ahagana saa saba z’igicuku ubwo inzego z’umutekano zasatse muri uru rugo zikabona agahanga k’umwana muri uru rugo ruri mu murenge wa Nyabimata, mu kagali ka […]Irambuye
Ku rutonde rukorwa na Webometrics cyangwa Cybermetrics ikora ubushakashatsi igatangaza uko kaminuza zikurikirana ishingiye ku mibare ya Internet, yatangaje urutonde rw’ukwezi gushize rw’uko kaminuza zikurikirana ku rwego rw’isi. Kaminuza ya mbere ku isi ni Harvard yo muri Amerika ikurikirwa n’izindi umunani zo muri USA nazo. Kaminuza y’u Rwanda kuri uru rutonde ni iya 123 muzo […]Irambuye
Police y’u Rwanda mu karere ka Karongi yaraye itaye muri yombi umunyemari Aphrodis Mugambira nyiri Hotel Golf Eden Rock akurikiranyweho ibyaha binyuranye birimo n’icyo abakobwa yakoreshaga bamushinja. Mu ijoro ryakeye, bamwe mu bantu be ba hafi babwiye Umuseke ko uyu mugabo yari amaze gutabwa muri yombi. Muri iki gitondo, CIP Theobald Kanamugire umuvugizi wa Police […]Irambuye
Umugore w’ikigero cy’imyaka 60 yapfuye abandi bantu batanu barakomereka mu bugizi bwa nabi bivugwa ko bwakozwe n’umusore ufite uburwayi bwo mu mutwe, uyu yateraga aba bose icyuma. Hari gusuzumwa niba iki gikorwa kitaba cyakozwe mu rwego rw’iterabwoba. Hari ahagana saa yine z’ijoro ahitwa Russell Square mu mujyi wa Londres ubwo uyu musore w’imyaka 19 yiraraga […]Irambuye
Komisiyo y’Imibereho myiza y’abaturage, uburenganzira bwa muntu n’ibibazo by’abaturage muri Sena yatanze raporo y’ibyo yabonye mu igenzura n’isesengura ry’iterambere mu mikino y’u Rwanda, muri iyi raporo, harimo ibibuga 752 bigiye kuvugururwa, na 54 bigiye kubakwa mu tugari. Tariki 26 Kamena 2016 nibwo komisiyo yo muri Sena y’u Rwanda yatumije abayobozi b’amashyirahamwe y’imikino atandukanye, baganira ku mbogamizi […]Irambuye
Ku nshuro ya gatatu, mu gitondo kare cyane kuri uyu wa kane imisambi 21 yatoranyijwe igasuzumwa yajyanywe kuba mu buzima bw’umwimerere ikwiye kubamo muri Pariki y’Akagera. Kuri uyu mugoroba wo kuwa gatatu Umuseke wabashije kugera aho yakorewe isuzuma rya nyuma mbere yo kujyanwa…. Iyi misambi ni iyagiye ivanwa mu ngo z’abantu (kenshi bakize) babaga bayitunze […]Irambuye
Akarere ka Kirehe bwa mbere ubu gafite ikipe izakina shampionat y’ikiciro cya mbere mu mupira w’amaguru, ni nyuma y’umukino wo kwishyura urangiye mu kanya Etoile de l’Est ntibashe kwishyura ibitego bibiri yatsindiwe i Nyakarambi ku cyumweru gishize. Kirehe ihise ibona ticket yo kuzamuka. Umukino ubanza Kirehe FC yari yatsinze Etoile de l’Est ibitego bibiri ku […]Irambuye