Umusore w’imyaka 17 yahinduwe amererwa nabi cyane ubwo yari ku meza afata ifunguro rya nijoro n’umuryango we mu mujyiwa Maxico City, Meque, nyuma y’uko ijoro ryabanje yari yarimaranye n’umukobwa bakundana w’imyaka 24, iwabo bahise batabaza ariko umusore apfira aho mu rugo nk’uko ibinyamakuru byabo bibyemeza. Uyu musore yitwa Julio Macias Gonzalez, abaganga bavuga ko kumuruma […]Irambuye
Perezida Kagame kuri uyu wa gatatu yafunguye inama ya 18 ya “Eastern Africa Police Chiefs’ Cooperation Organization Annual General Meeting (EAPPCO-AGM) aho yibukije ko ubufatanye bw’abashinzwe umutekano bukenewe cyane mu gukurikirana ibyaha bigezweho ubu usanga bidasanzwe (complex crimes). Iyi nama iri kubera muri Kigali Convention Center ihurije hamwe abayobozi ba Police n’ababahagarariye bavuye mu bihugu […]Irambuye
Mu igereranya ritora rimaze amezi atatu rikorwa k’Umuseke, abatora benshi bagaragaje ko Ibiro bishinzwe abinjira n’abasohoka bitanga serivisi nziza ku kigero cya 88% by’abatoye. Ibigo bya RURA na REB biracyafite ibyo kunoza ngo abatora bishimire serivisi zabo. Ubu ni ubushakashatsi buto Umuseke ukora mu bawusura hagamijwe kwerekana uko Abanyarwanda bakira serivisi bahabwa. Abantu bagera ku […]Irambuye
Ngo nta gihoraho nk’impinduka, ibi ni ukuri, umuhanzi Mani Martin umuheruka mu myaka itanu ishize ubu yakwibaza ko yabaye ‘rock star’. Agaragara nk’umuhanzi ugezweho rwose, kurusha uko byari mu minsi ishize. Mani Martin, kimwe n’abandi bahanzi nka Christopher, DJ Zizou, abasore bagize Active, Urban Boys, Gabiro the Guitar n’abandi…nawe yari yaje kureba umuhanzi WizKid i […]Irambuye
Umusore w’imyaka 24 wakoraga akazi ko mu rugo mu mudugudu wa Kabuga Akagari ka Burunga mu murenge wa Bwishyura ku mugoroba wo kuwa kabiri tariki 30 Kanama abaturage baramufashe bamushyikiriza station ya Police kuko nawe yemera icyaha cyo gusambanya umwana w’imyaka itatu wo mu rugo ruturanye n’abo yakoreraga. Byukusenge nyina w’umwana wasambanyijwe yabwiye Umuseke ko […]Irambuye
*Yabuaranye n’ababyeyi be afite imyaka itatu gusa mu nzira bahunga bajya muri ‘Zaire’ *Ngo yisanze hafi y’umupaka wa Angola, atoragurwa n’umuryango unamuha amazina mashya *Uyu munsi nibwo yabonanye n’umuryango we, byari amarira y’ibyishimo kubona se *Hashize imyaka irenga 15 CICR imushakira umuryango we Ngendahimana w’imyaka 25, yatandukanye n’ababyeyi be mu 1994 afite imyaka itatu gusa […]Irambuye
*Uyu mwaka hari impinduka, u Rwanda ruzahagararirwa n’amakipe atatu Mu gihe habura hafi amezi atatu ngo Tour du Rwanda 2016 itangire, amakipe azayitabira yamaze gutangazwa. Arimo Team Dimension Data yitoreza mu Butaliyani, na Stradalli – Bike Aid yo mu Budage. N’ama-Club abiri yo mu Rwanda. Isiganwa ry’amagare mpuzamahanga rizenguruka u Rwanda, Tour du Rwanda 2016 izatangira […]Irambuye
Mu rugendo rusa n’urutunguranye cyane, Mark Zuckerberg washinze urubuga nkoranyambaga rwa Facebook yagaragaye mu gihugu cya Nigeria kuri uyu wa kabiri. Nirwo rugendo rwe rwa mbere ruzwi akoreye muri Africa kuva yamenyekana cyane ku isi. Uyu mugabow’imyaka 32 yagaragaye asura imwe mu mishinga y’ikoranabuhanga y’urubyiruko i Lagos nk’uko bitangazwa na BBC. Facebook yashinze mu 2004 ni urubuga […]Irambuye
Kuri uyu wa kabiri Ibiro by’Umujyi wa Kigali byatangaje ko mu gihe cy’amezi 32 ari imbere hagiye kubakwa imihanda ireshyana 51,1Km ahanyuranye muri Kigali. Uyu mushinga ngo ugamije kugabanya umubyigano w’imodoka no kwagura imihanda isanzwe ifite ubushobozi buto ugereranyije n’abakeneye kuyikoresha. Imihanda izubakwa n’izongerwa ni ikurikira; *Kongera no guha inzira ebyiri umuhanda wa Kigali (Rondpoint) […]Irambuye
Sannie Darra umuyobozi ushinzwe itangazamakuru mu ishyirahamwe ry’umupira w’amaguru muri Ghana yatangaje ko ikipe y’igihugu ya Black Stars ishobora kwivana mu mikino y’igikombe cya Africa cy’ibihugu cya 2017 ndetse ntinakine umukino isigaje n’Amavubi. Ghana yamaze kubona ticket yo gukina iriya mikino ya CAN 2017 aho iyoboye itsinda H irimo yo n’u Rwanda, Mozambique na Iles […]Irambuye