Vollyball: U Rwanda mu myitozo bitegura igikombe cya Afurika U19

Ikipe y’igihugu y’u Rwanda ya Volleyball mu batarengeje imyaka 19, ikomeje imyiteguro y’igikombe cya Afurika, kizaba muri Nzeri muri Tunisia. Abasore batoranyijwe mu bigo by’amashuri bari mu mwiherero bitegura ‘Volleyball Africa Youth Championships U19’ igikombe kizabera i Tunis muri Tunisia hagati ya tariki 6-16 Nzeri 2016. U Rwanda rufite intego yo kurangiza mu bihugu bitatu […]Irambuye

Abagore 39 bo muri Ghana birukanywe muri Arabia kuko bagiye

Abagore 39 bo muri Ghana bari bagiye mu mutambagiro mutagatifu (Hajj) muri Arabia Saoudite basubijwe iwabo batageze i Macca kuko baje badaherekejwe n’abagabo babo cyane bo mu miryango yabo nk’uko byatangajwe n’ibiro bishinzwe izi ngendo ntagatifu muri Ghana. Abirukanywe barimo abakobwa icyenda bakiri bato n’abandi 30 bakuru ngo batari bafite umugabo ubaherekeje. Muri Arabia Saudite […]Irambuye

Mu kwezi, iyo abana 100 bo ku mihanda bahavuye haza

Inzego zibishinzwe ngo zigerageza kuhabavana ariko bagakomeza kuza Ku mihanda aba bana ngo barya rimwe ubundi bakinywera kore Ni ikigereranyo gito gitangwa na Komisiyo y’abana igaragaza ko ikibazo cy’abana bo ku mihanda kigihari bitewe n’uko impamvu zibatera kuza ku mihanda nazo zikiriho, gusa ngo bakomeje guhangana n’iki kibazo bizeye ko kizarangira burundu. Muri za ‘quartiers’ […]Irambuye

Bari mu kaga kubera amashanyarazi menshi abaca hejuru ava kuri

Ibyiza hari ubwo bizana  n’impungenge runaka, abaturage bo mu kagali ka Gasura Umudugudu wa Ruganda Umurenge wa Bwishyura bavuga ko batewe impungenge n’insinga z’amashanyarazi menshi zibaca hejuru zivuye ku ruganda rutunganya amashanyarazi muri Gaz Methane yo muri Kivu. Iki kibazo kikaba gifite imiryango igera kuri 25. Aha mu mudugudu wa Ruganda mu bwishyura uhabona amapoto […]Irambuye

Ab’i Darfur baje kwigira ku Rwanda ubumwe no kwikemurira ibibazo

*Ngo babona u Rwanda ari  ishuri ry’isi ku bijyanye n’ubumwe n’ubwiyunge   Komisiyo y’Ubumwe n’Ubwiyunge mu Rwanda kuri uyu wa mbere yakiriye itsinda ry’abanyaSudan bavuye mu Ntara ya Darfur bavuga ko baje kwigira ku Rwanda kwikemurira ibibazo no kubaka ubumwe n’ubwiyunge kuko ngo ibibazo barimo bijya gusa n’ibyo u Rwanda rwanyuzemo. Intara ya Darfur imaze […]Irambuye

CECAFA y’abagore: u Rwanda mu itsinda rya Ethiopia na Tanzania

Muri CECAFA y’abagore izaba muri Nzeri muri Uganda, u Rwanda rwatomboye itsinda ‘B’, hamwe na Ethiopia na Tanzania. Nyuma y’imyaka 30 abagore bo mu karere ka Afurika y’uburasirazuba badahuzwa n’umupira w’amaguru, ‘The CECAFA Women’s Championship’ yaherukaga gukinwa muri 1986, yagarutse. Iri rushanwa rizabera kuri stade yo mu mujyi wa Jinja muri Uganda, kuva tariki 11-20 […]Irambuye

Umudage agiye guca agahigo ko kunyonga igare ripima TONI IMWE

Umugabo w’Umudage arashaka kwinjira mu gitabo cya Guinness Book of World Records nyuma yo kubaka igare avuga ko ari ryo riremereye ku isi ryabayeho. Iri gare rinini ripima hafi toni imwe y’uburemere ryubatswe n’umugabo usanzwe akunda cyane ibintu by’imodoka nini witwa Frank Dose w’imyaka 49. Kugira ngo ace agahigo igare rye agomba kuzarinyonga nibura 500m […]Irambuye

Kigali: Umukozi yiyahuriye ku kazi

Nyarugenge – Umurambo w’umugabo witwa Rajabu Nkundabagenzi kuri uyu wa mbere ahagana saa sita bawusanze mu biro bye yapfuye. Kugeza ubu biravugwa ko uyu muntu yiyahuye akoresheje umugozi mu biro yakoreragamo. Radjabu Nkundabagenzi bivugwa ko yiyahuye ngo yari atuye i Nyamirambo ndetse yari umugabo wubatse atuye i Nyamirambo. Umwe mu bakorera hafi aha yabwiye Umuseke ko […]Irambuye

Ali Bongo na Jean Ping impande zombi ziravuga ko zatsinze

Nubwo bwose bagitegereje ibyavuye mu matora y’umukuru w’igihugu yabaye kuwa gatandatu muri Gabon, abakandida babiri bahabwa amahirwe Perezida Ali Bongo na Jean Ping bose ubu baravuga ko batsinze amatora. Nubwo bwose gutangaza ibyavuye mu matora bizaba kuwa kabiri. Jean Ping yabwiye abamushyigikiye ko yumva nta kabuza yatsinze amatora ariko abasaba gutegereza ibiri butangazwe na Komisiyo […]Irambuye

Undi mukinnyi wa Ethiopia muri Marathon ya Quebec yakoze cya

Ebisa Ejigu wa Ethiopia kuri iki cyumweru yavuzwe cyane ubwo yarangizaga ari uwa kabiri muri Marathon ya Quebec muri Canada agahira akora ikimenyetso nk’icyo mugenzi we yakoze mu minsi ishize i Rio de Janeiro, kigamije kwifatanya na bamwe mu batavuga rumwe na Leta ya Ethiopia. Iki kimenyetso cyo gusobeka amaboko ibipfunsi bifunze cyakozwe na Feyisa […]Irambuye

en_USEnglish