Abakora ubwikorezi ku mutwe bakunda kwita ‘karani ngufu’ bo mu mujyi wa Kayonza baravuga ko batahawe ubwisungane mu kwivuza kandi barishyuye umusanzu basabwa. Ubuyobozi bwo buravuga ko ikibazo cyabo cyakemutse ahubwo ari uko aba bakozi batajya bitabira inama z’abaturage ngo bamenye uko bimeze. Aba batangiye umusanzu w’ubwisungane hamwe bashyirwa ku mugereka kuko ngo nta bushobozi […]Irambuye
Mu nama mpuzabikorwa yaguye yahuje inzego z’ibanze kuva ku bayobozi b’imidugudu, ab’utugari imirenge n’abayobozi b’Akarere ka Muhanga ndetse n’inzego z’umutekano hamwe n’abahagarariye idini ya Islam bakoze inama baganira ku bikorwa by’iterabwoba byiyitirira iri dini, abafashe umwanya bose bagaragaje ko idini ya Islam nyayo ntaho ihuriye n’iterabwoba. Abakuru b’imidugudu barenga 300 bari bahagari bavuze ko nta […]Irambuye
Amakipe akomeje kwitegura shampiyona ya 2016-17 izatangira mu Ukwakira, amakipe ari gukina imikino ya gicuti. Kuri uyu wa kane Rayon sports yatsinze Pepiniere FC itozwa na Kayiranga Baptiste 4-1. Kuri stade de l’Amitie ku Mumena niho habereye uyu mukino wa gicuti wahuje Rayon sports na Pépinière FC yatwaye igikombe cya shampiyona y’ikiciro cya kabiri. Iyi […]Irambuye
Butera Knowless kuri uyu wa kane nibwo indirimbo ye nshya yageze hanze, niyo ndirimbo ya mbere asohoye nyuma y’ubukwe n’igihe cy’ubuki. Iyi ndirimbo yayise ‘Ujumbe’. Iyi ndirimbo ya Knowless ikoze mu rurimi rw’igiswahili, bishimangira ubushake bwe bwo kutaba umu-star w’i Rwanda gusa no gushaka kugeza muzika y’u Rwanda ku rwego rw’akarere. Muri iyi ndirimbo y’Igiswahili, […]Irambuye
Amajyepfo – Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, umusore witwa Jimmy Twizeyimana w’imyaka 26 arashinjwa ko yatemye nyina akoresheje umupanga akamwica agahita ahunga. Byabereye mu rugo rwa nyina mu mudugudu wa Byabonyinka, Akagali ka Gikoma mu murenge wa Ruhango. Nyina watemwe agapfa yitwa Pelina Mukamurangwa ubu umurambo we wajyanywe ku bitaro bya Kinazi nk’uko […]Irambuye
Kuri iyi ya mbere Nzeri 2016, mu kirere cy’u Rwanda n’ahandi hagaragaye ubwirakabiri bw’izuba bwatangiye saa mbiri na mirongo ine n’itanu(8h45)kugeza saa 12h22. Ubu bwirakabiri bwari bwose saa 10:28 za mugitondo. Abantu benshi mu Rwanda babubonye, i Remera abana biga ku bigo by’amashuri begeranyirijwe ahitwaga kuri KIE baganirizwakuri iki kintu ndetse barakibonera. Phenias Nkundabakura,PhD, wigisha ubugenge muri Kaminuza […]Irambuye
Amavubi atozwa na Jimmy Mulisa atangaje urutonde rw’abakinnyi 18 bazakina na Ghana tariki 3 Nzeri 2016 mu gushaka itike yo kujya mu gikombe cya Afurika kizabera muri Gabon 2017 (nubwo amahirwe y’u Rwanda yarangiye). Mu bakinnyi 24 bari mu mwiherero w’Amavubi barimo kapiteni Haruna Niyonzima ukinira Yanga Africans, Jacques Tuyisenge wa Gor Mahia, Mugiraneza Jean […]Irambuye
*Mu gice kimwe, umuriro ngo wavuye mu bavumvu bahakura ubuhura *Umwana watwikaga icyocyezo yatwitse ikindi gice bihurira hagati Ishyamba ry’ibiti bya Pinus riri mu midigudu itatu ya Gisenyi, Mitango na Kagari mu kagari ka Karengera Umurenge wa Kirimbi rimaze iminsi itatu ririmo inkongi y’umuriro abaturage n’inzego z’umutekano bagafatanya kuwuhashya ariko ntirirazima. Iri shyamba rihana imbibi […]Irambuye
Uyu munsi, ku kicaro cya Police y’u Rwanda ku Kacyiru hashyizwe ibuye fatizo ahagye kubakwa ikigo cyo kurwanya ibyaha bishingiye ku ikoranabuhanga (Cyber-crimes) mu karere, ikigo kizuzura gitwaye miliyoni 1,5$. Umuyobozi mukuru wa Police y’u Rwanda Emmanuel Gasana avuga ko u Rwanda rwiyemeje kubaka iki kigo ni biba ngombwa hakagira n’abaterankunga barufasha kubaka iki kigo […]Irambuye
Minisitiri w’ubutegetsi bw’igihugu muri Gabon Pacôme Moubelet-Boubeya amaze guhabwa amajwi na Komisiyo y’amatora maze atangaza ko Perezida Ali Bongo Ondimba yatsinze amatora n’amajwi 49.85% naho Jean Ping agira 48.16%. Ibi byakurikiwe n’imyigaragambyo, mu gitondo cyo kuwa kane byavuzwe ko abantu babiri bamaze gusiga ubuzima mu myigaragambyo ibahanganishije n’abashinzwe umutekano. Ali Bongo ngo yatowe n’abaturage 177 722 naho Jean Ping […]Irambuye