Perezida Paul Kagame amaze gutangiza inama ya gatatu ya 3rd Global African Investment Summit, yateguwe n’umuryango wa COMESA ku bufatanye na Guverinoma y’u Rwanda, bwa mbere iteraniye muri Africa. Mu ijambo yagejeje ku bashyitsi barenga 900 bayitabiriye yavuze ko amajyambere agendana no kwitwararika igihe, kucyubaha no kugikoresha neza. Avuga ko Africa ntacyo itegereje ngo itere […]Irambuye
Muri iki cyumweru mu Rwanda haratangira igikombe cyateguwe n’umujyi wa Kigali, gihuza amakipe umunani, arimo ayo mu Rwanda, n’ayo muri DR Congo. Umunsi wo gutangira gukina wimuwe. Byari biteganyi ko iri rushanwa ritangira gukinwa kuri uyu wa kabiri tariki 6 Nzeri 2016. Ariko amakipe yo muri DR Congo yatumiwe kwitabira iri rushanwa, AS Vita, Dauphin Noir […]Irambuye
Iburasirazuba – Umukozi w’ikigo nderabuzima cya Nyange mu murenge wa Mugesera mu karere ka Ngoma yaraye yishwe arashwe n’umuntu utaramenyekana mu ijoro ryo kuri iki cyumweru rishyira kuwa mbere. Jean Damascene Bizumuremyi Umunyamabanga nshingwabikorwa w’Umurenge wa Mugesera yabwiye Umuseke ko uwarashwe yitwa Christian Maniriho yari umukozi muri Laboratoire y’iki kigo nderabuzima. Uyu mukozi ngo yarashwe saa […]Irambuye
Amavubi y’u Rwanda yanganhyije na Black Stars 1-1, i Accra muri Ghana. Igitego cy’u Rwanda cyatsinzwe na Muhadjiri Hakizimana. Kapiteni Haruna Niyonzima abona iki ari igihe cya murumuna we ngo atangire kugaragara kurushaho. Kuwa gatandatu tariki 3 Nzeri 2016 kuri Accra Sports Stadium, Ghana yafunguye amazamu ku munota wa 24 ku gitego cyatsinzwe na Samuel […]Irambuye
Mu ijoro ryakeye nibwo abahanzi baririmba indirimbo zihimbaza Imana bari baratsindiye ibihembo bye Groove Awards 2015 babishyikirijwe nyuma y’amezi 10. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru kandi nibwo banditse abahanzi bazahatanira ibi bihembo bya 2016. Ibi bihembo abatsindiye bahawe nyuma y’amezi 10, ubwo byazaga bwa mbere ngo byari byamenekeye mu ndege biva muri Kenya aho […]Irambuye
Abanyarwanda 36 biganjemo abana, nyuma y’imyaka 21 babayeho nk’impunzi muri Congo kuri uyu wa 1 Nzeri bakiriwe mu Rwanda mu nkambi ya Nyagatare iri mu karere ka Rusizi, bamwe muri bo bavuga ko bari babayeho nk’ingwate z’abarwanyi ba FDLR ndetse uhingukije iryo gutaha yicwaga kandi bakanabwirwa ko utashye yicwa. Aba bavuye mu duce tunyuranye turimo […]Irambuye
AS Kigali yateguye irushanwa ‘pre season’ mpuzamahanga, rihuza amakipe yo mu Rwanda n’ayo muri DR Congo. Amatsinda yamenyekanye, APR FC na AS Vita Club bari mu itsinda rimwe. Mbere y’ukwezi ngo shampiyona y’u Rwanda itangire, mu Rwanda hagiye kubera irushanwa mpuzamahanga rihuza ama clubs umunani (8) harimo ane yo mu Rwanda n’ane ayo muri DR […]Irambuye
Leta y’u Rwanda kuri uyu wa kane nijoro yasohoye itangazo rimenyesha ko yasinye amasezerano n’umushoramari wo muri Portugal uzashora mu kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera. Aba ni abitwa Mota-Engil, Engenharia e Construção África, S.A Umushinga wabo wo kubaka ikibuga cy’indege cya Bugesera uzakenera imari y’ibanze ya miliyoni 418$, ikiciro cy’ibanze cy’ikibuga kikuzura mu 2018. Amasearano […]Irambuye
Kuri uyu mugoroba, abakinnyi 18 b’Amavubi bakoze imyotozo ya nyuma mbere yo kujya gukina na Ghana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika (nubwo amahirwe y’u Rwanda yarangiye). Gusa bazagera muri Ghana bakine nta myitozo bakoreye ku kubuga bazakiniraho. Byari biteganyijwe ko ikipe y’igihugu Amavubi ihaguruka mu Rwanda kuri uyu wa kane tariki 1 Nzeri 2016, bajya […]Irambuye
Igisirikare cya Congo,FARDC, kiratangaza ko kuva tariki 25 kugeza 31 Kanama cyagabye ibitero ku nyeshyamba ahitwa Bwito muri teritwari ya Rutshuru mu Ntara ya Kivu ya ruguru. Abarwanyi batandatu ba FDLR ngo bariswe, 15 bafatwa matekwa. Ibi bitero ngo byatumye ingabo za Leta zibohoza abantu 46 babanaga n’izo nyeshyamba harimo abana 12. Ingabo za Congo […]Irambuye