Amavubi: Sugira na Migi bageze mu mwiherero. 6 basezerewe

Amavubi akomeje kwitegura umukino wa Ghana mu gushaka itike y’igikombe cya Afurika 2017 (nubwo amahirwe y’u Rwanda yarangiye). Abakinnyi batandatu basezerewe mu mwiherero, gusa Mugiraneza Jean Baptiste bita Migi na Sugira Ernest bombi bakina hanze y’u Rwanda basanze abandi. Mu ijoro ryo kuri iki cyumweru tariki 28 Kanama 2016, nibwo abakinnyi bakina hanze y’u Rwanda batangiye […]Irambuye

Perezida Patrice Talon wa Benin yakiriwe na Perezida Kagame

Perezida Patrice Talon amaze kugera i Kigali ku gasusuruko kuri uyu wa mbere yakiriwe na mugenzi we Paul Kagame ku kibuga cy’indege i Kanombe, uyu mushyitsi aje mu ruzinduko rw’akazi rw’iminsi itatu aho aje kandi avuye i Nairobi mu nama yahuzaga u Buyapani na Afurika. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Benin yatangaje ko Perezida Talon aje […]Irambuye

Inkongi yibasiye ‘Agakiriro’ ka Rusizi inzu eshatu zirakongoka

Guhera ahagana saa moya z’ijoro ryakeye kugeza saa tatu z’ijoro ububiko bw’uwitwa Aimee Murorunkwere buri mu gakiriro ka Rusizi bwafashwe n’inkongi y’umuriro waba waturutse ku murama w’imbaho nk’uko Umuseke wabitangarijwe n’abaturage baje kuzimya ariko bikaba iby’ubusa. Aka gakiriro kari mu mudugudu wa Kamubaji akagari ka Ruganda mu murenge wa Kamembe. Abaturage  baganirije Umuseke bavuga ko […]Irambuye

Abanya-Gabon baratora Bongo cyangwa Ping?

Abaturage 600 000 ba Gabon muri iki gitondo babyukiye mu matora y’umukuru w’igihugu nyuma y’ibyumweru bibiri byo kwiyamamaza gukomeye hagati y’ishyaka PDG rya Perezida Ali Bongo uri ku butegetsi, ishyaka ribumazeho imyaka 50, n’abatavuga rumwe na Leta bishyize hamwe bagashyigikira uwitwa Jean Ping. Omar Bongo yabanje kuyobora Gabon imyaka 42 ashaje asigira umuhungu Ali  ubu […]Irambuye

Riek Machar yavuye mu bitaro ariko aguma i Khartoum

Riek Machar urwanya ubutegetsi muri Sudan y’Epfo kuri uyu wa gatanu nibwo yavuye mu bitaro i Khartoum muri Sudan aho yavurwaga igikomere ku kaguru, gusa ngo araba agumye muri iki gihugu ndetse ashobora kuza kuganira na Omar el Bashir wa Sudan. Minisiteri y’ububanyi n’amahanga ya Sudan yatangaje kuwa kabiri w’iki cyumweru ko Riek Machar yaje […]Irambuye

Wapfa utarongoye aho gupfana agahinda utewe n’uwo washatse – Apotre

*Ngo nta ushaka bwa kabiri ngo agubwe neza *Gushaka ngo si umuhango ni igihango gikomeye cyane *Ushaka kubaka inzu yamusengera kabiri, ariko ushaka gushing urugo yamusengera karindwi Urugo rwiza ngo ni Paradizo, ushatse kumenya umukristo mwiza ngo wamurebera ku rugo rwe, uko abana n’uwo bashakanye n’uko yitwara ku mugabo cyangwa umugore we. Urugo rw’umukristo ngo […]Irambuye

Ku biro by’Akagali!

Iburengerazuba – Mu murenge wa Mutuntu mu majyepfo y’Akarere ka Karongi ibiro by’utugali twa Rwufi na Kanyege birashaje cyane inyubako ziteye inkeke, abaturage bazihererwamo servisi nabo bavuga ko bidakwiye muri iki gihe ko ahantu h’intangarugero haba hameze gutyo. Izi ni inzu za cyera z’amtegura n’amatafari yar rukarakara n’ibiti by’igisenge bishaje. Ku kagari ka Kanyege ho […]Irambuye

Karongi: Urukiko rwanze ubujurire bw’umunyemari Aphrodis Mugambira

*Umwe mu bamushinjaga yarivuguruje *Mbere yari yavuze ko Mugambira yamukubise kuko yanze kuryamana n’umuclient *Kwivuguruza kwe nabyo Urukiko ngo rwabishingiye rufata uyu mwanzuro Kuva saa munani kuri uyu wa kane, Urukiko rwisumbuye rwa Karongi rwatangiye gusoma ubujurire ku ifunga n’ifungurwa ry’agateganyo bwa Aphrodis Mugambira, uru rukiko rwategetse ko rutesheje agaciro impamvu atanga mu bujurire bwe […]Irambuye

Victor Madiela yagizwe umuyobozi mukuru mushya wa BRALIRWA

Inama y’ubuyobozi ya BRALIRWA yeteranye kuri uyu wa 25 Kanama 2016 yahinduye umuyobozi mukuru wa BRALIRWA wari Jonathan Hall kuva mu 2012. Victor Madiela yagizwe umuyobozi mukuru ndetse na Visi Perezida w’inama y’ubuyobozi nk’uko biri mu itangazo basohoye kuri uyu wa 25 Kanama. Victor Madiela ubuyobozi bwe buratangira kujya mu bikorwa kuva tariki ya mbere Nzeri 2016. […]Irambuye

Kunywa amata, bikwiye gukomeza kuba umuco – Min.Mukeshimana

Ihuriro Nyarwanda ry’aborozi bakora ibikomoka ku mata (Rwanda National dairy Platform) kuri uyu wa gatatu ryakoze ubukangurambaga bugamije gukomeza gushishikariza abanyarwanda gukomera ku muco wo kunywa amata no kuyaha cyane abana mu kurwanya imirire mibi. Mu Rwanda hamwe na hamwe havugwa imiryango ikama amata ariko hafi yose bakayashora ku isoko abana n’abakuru mu rugo ntibayaboneho bihagije. […]Irambuye

en_USEnglish