Nyuma ya Gakenke, abashegeshwe n’ibiza ba Ngororero nabo bagiye gufashwa

Mu kwezi kwa gatanu imvura nyinshi yangirije abaturage bo mu bice by’amajyaruguru n’iburengerazuba bw’u Rwanda, abo mu karere ka Gakenke bahawe ubufasha mu gusana ibyangiritse, Minisiteri ifite ibiza mu nshingano ifatanyije na United Nations Trust Fund for Human Security batangaje ko hatahiwe gufashwa aba Ngororero mu bikorwa by’agaciro ka miliyari enye na miliyoni magana umunani. Abaturage […]Irambuye

Muri rusange kurengera abaguzi birimo ibibazo – Min Kanimba

Mu mahugurwa ku kurengera uburenganzira bw’umuguzi yateguwe n’ishuri rikuru ryigisha rikanateza imbere amategeko (ILPD), kuri uyu wa kabiri Minisitiri w’ubucuruzi inganda n’imirimo y’umuryango wa Africa y’iburasirazuba yavuze ko mu bukungu muri rusange hari ikibazo mu kurengera umuguzi. Abaguzi bahura n’ibibazo binyuranye ku masoko, kurenganywa mu biciro, kwibwa mu biciro, guhangikwa ibicuruzwa ntibisubizwe, kwishyura serivisi ntibe […]Irambuye

Giti cy’inyoni: Ikamyo yo muri Tanzania yari itwaye imodoka ya

Ahagana saa yine z’igitondo kuri uyu wa kabiri ikamyo itwara izindi modoka (break down) yo muri Tanzania ifite plaque T 660 AG yakoze impanuka ikomeye ku muhanda umanuka Shyorongi ijya i Kigali ihetse indi modoka n’imashini, ku bw’amahirwe ntiyagira uwo igonga cyangwa igwira. Umunyamakuru w’Umuseke uriyo aravuga ko iyi kamyo yamanutse igacika feri iri hafi […]Irambuye

Nyamata: ‘umujura’ yateshejwe ariruka agwa muri WC arapfa

Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere rishyira kuwa kabiri mukagari ka Nyamata y’Umujyi mu murenge wa Nyamata uwitwa Emmanuel Niyomugabo yaguye mu musarani arapfa ubwo yariho yiruka ahunga irondo. Abaturage muri aka kagari bavuga ko Emmanuel yari agiye kwiba mu mudugudu wa Gatare I agateshwa n’irondo agakizwa n’amaguru ariko ahura n’akaga agwa mu mwobo […]Irambuye

Colombia: Ikipe yo muri Brazil yatikiriye mu mpanuka y’indege

Ikipe y’umupira w’amaguru muri Brazil, Chapecoense FC yari iri mu ndege yakoze impanuka  yari ibajyanye muri Colombia gukina umukino ubanza wa Copa Sudamerica. Mu ijoro ryo kuri uyu wa mbere saa 22.15, mu gace ka La Union ho muri Colombia habereye impanuka y’indege yari itwaye abantu 81, barimo abagenzi 72, n’abakozi icyenda (9) bayo. Muri […]Irambuye

Rayon, TP Mazembe, Gor Mahia na Yanga zirahura muri Star

Muri Tanzania hagiye kubera Star Times cup. Rayon sports yatumiwe kandi izahahurira n’amakipe akomeye muri Africa, ngo bizayifasha kwitegura CAF Confederations Cup 2017. Hagati ya tariki 6-23 Ukuboza 2016, i Dar es Salam hazabera irushanwa mpuzamahanga ry’umupira w’amaguru w’ama-club, ryateguwe na Star Times Tanzania. U Rwanda ruzahagararirwa na Rayon sports. Muri iri rushanwa ngarukamwaka Rayon […]Irambuye

Burundi: Willy Nyamitwe, Umujyanama wa Perezidansi yarusimbutse

Willy Nyamitwe Umujyanama akaba n’Umuvugizi wa Pierre Nkurunziza yarusimbutse aho yatezwe n’abashakaga kumwica ubwo yaravuye ku kazi yerekera iwe ahitwa Kajaga mu murwa mukuru Bujumbura ku mugoroba wo kuri uyu wa mbere kuya 28/11/2016. Amakuru aturuka i Bujumbura aremeza ko Willy Nyamitwe yakomeretse akaba yahise ajyanwa byihutirwa mu bitaro. BBC ivuga ko umwe mu bamurinda yahasize […]Irambuye

Episode 53: James akubise Fille yihanukiriye…Uwo yatumye amuvuyemo

Ako kanya, tubona umukobwa wari wambaye  ama Lunette yijimye yo mu mwoko bwa Rayban , ipantaro imufashe n’agakweto gahagaze aza adusanga natwe tumuhanga amaso aba aduciyeho ageze imbere arahindukira akuramo Lunette ze aratwitegereza  aramwenyura asubizamo Lynette ahita akomanga ku gipangu cyo kwa Djalia,   Ubwo twe twari tumaze kwambara inkweto agahinda mu maso umutima utakamba kandi wuje […]Irambuye

Urugaga rw’abaforomo n’ababyaza rwatoye abayobozi bashya

Urugaga rw’abaforomo n’ababyaza uyu munsi rwatoye abayobozi bashya basimbura abari bamaze imyaka itatu. Muri uru rugaga rwavuzweho ibibazo byinshi binyuranye, abatowe bavuze ko baje guhangana nabyo, harimo n’ubushobozi buke buri mu mwuga w’ubuforomo n’ububyaza. Muri uru rugaga havuzwemo ibibazo by’imisanzu yakwa abanyamuryango ntibabone icyo akora, ndetse hakaba n’abitwa ‘Clinical officers’ basabye kwinjira muri uru rugaga […]Irambuye

Abana 458 b’abahanga ariko bo mu miryango ikennye bahuriye hamwe

Huye – Abanyeshuri, n’abarangije ayisumbuye uyu mwaka barihirwa n’Umuryango Imbuto Foundation kuko ari abahanga kandi baturuka mu miryango idafite ubushobozi bagera kuri 458 ubu bateraniye mu ihuriro mu rwunge rw’amashuri rwa Leta rwa Butare. Uyu munsi basabwe kurangwa n’ikinyabupfura mbere ya byose. Aba banyeshuri bagiye batoranywa ku bigo bigagaho kubera ubuhanga bagaragaje ariko iwabo badashobora […]Irambuye

en_USEnglish