Ivu ry’umurambo wa Fidel Castro uyu munsi mu gitondo rirahaguruka mu murwa mukuru Havana mu rugendo rurerure rw’icyubahiro rijye gushyingurwa ahitwa Santiago de Cuba aho amasasu ya mbere yarasiwe atangiza urugamba rwamuhaye intsinzi mu 1958. Castro wayoboye Cuba imyaka 50 kugeza mu 2008 yapfuye kuwa gatandatu afite imyaka 90, igihugu cyahise gitangaza icyunamo cy’iminsi icyenda. […]Irambuye
Ku bufatanye n’ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro, kuri uyu wa gatatu berekanye imyenda ya caguwa ipima toni zirindwi yafashwe yinjijwe mu Rwanda mu buryo bwa magendu idatanze imisoro ivuye muri Congo, iyi myenda ngo yafatiwe ahantu hanyuranye mu burengerazuba bw’u Rwanda. Mu rwego rwo guteza imbere ibikorerwa mu Rwanda, Leta yafashe ingamba zo kuzamura cyane imisoro […]Irambuye
Byemejwe n’umugabo we Barack wasubije ku byahwihwiswaga ko hari igihe umugore we yaziyamamariza kuyobora Leta zunze ubumwe za Amerika. Obama yavuze ko bitazabaho na rimwe. Kuva tariki 08 Ugushyingo Donald Trump yatsinda Hillary Clinton abanyamerika ku mbuga nkoranyambaga bakomeje kugaragaza ko bashobora gushyigikira Michelle mu gihe yakwiyamamaza nk’umuDemocrate mu 2020. Obama ariko yabwiye igitangazamakuru kitwa […]Irambuye
Muri Colombia habereye impanuka y’indege yari itwaye ikipe yo muri Brazil, Associação Chapecoense de Futebol, kimwe n’abandi benshi ku isi, ubuyobozi bwa FERWAFA nabwo bwihanganishije ababuze ababo n’umuryango w’umupira w’amaguru muri Brazil. Mu rukerera rwo kuwa kabiri tariki 29 Ugushyingo 2016, mu gace ka La Union ho muri Colombia habereye impanuka y’indege yari itwaye abantu […]Irambuye
Nagiye nitegereza umugi nari ndimo ,John umu shoferi mwiza nari mfite agenda amenyereza akazi , muri macye byabaye umunsi wanjye wo guhirwa , twageze Kicukiro aho umu shoferi yanyeretse, araparika ,tuvamo ndasohoka negera umugabo wari uri aho hafi nabonaga asa nkaho ayoboye ibyaberaga aho, mba ndamusuhuje! Njyewe-“salut Boss!” We-“ salut ca va ? bite se?” […]Irambuye
Jimmy Mulisa wahoze ari rutahizamu wa APR FC mu myaka ya 2000, muri iri joro yemejwe nk’umutoza mukuru w’iyi kipe y’ingabo. Kazungu Claver Umuvugizi wa APR FC yabwiye Umuseke ko Mulisa yahawe gutoza iyi kipe nk’umutoza mukuru akazungirizwa na Yves Rwasamanzi wari umaze igihe ayitoza by’agateganyo. Jimmy Mulisa yahawe amasezerano y’umwaka umwe, asabwa gutwara igikombe […]Irambuye
Ikarita y’isi igendeye ku makuru ya CIA, Banki y’isi, Reuters na Forbes abayikoze bavuze buri gihugu ikintu kizwiho cyane. Bimwe na bimwe ku bihugu biratangaje. U Rwanda ntirukizwi cyane kuri Jenoside ahubwo ubu isi iruzi nk’igihugu gifite abagore benshi mu Nteko. Ikigo kitwa “Information is Beautiful” gikora ubusesenguzi bw’amakuru atangwa n’ibigo by’itangazamakuru n’ibigo by’iperereza n’ubutasi […]Irambuye
* Abaturutse muri Kenya bafashe umwanzuro wo kwitekera Tariki 28 Ugushyingo buri mwaka hizihizwa umunsi w’ibonekerwa i Kibeho, abantu baturuka hirya no hino mu gihugu na bacye hanze yacyo muri Africa bakaza muri uyu munsi mukuru. Abahaje kuri uyu wa mbere bashimye ko umutekano wabo ari ntamakemwa, gusa banenga kubura aho gufatira amafunguro hakwiye n’aho […]Irambuye
Nubwo hari benshi basobanukiwe na gahunda zo kuringaniza imbyaro hagamijwe kubyara abo umuntu ashoboye kurera, ngo haracyari Abanyarwanda barimo n’abajijutse bacyumva ko kubyara benshi ari umutungo, gusa Guverineri Mureshyankwano Marie Rose w’Intara y’amajyepfo yabwiye abaturage ba Nyaruguru ko iyi myumvire bakwiye kuyirenga. Ku muganda rusange uheruka mu murenge wa Kibeho, Guverineri Mureshyankwano yabwiye abaturage ko […]Irambuye
Mu gusesengura théorie de la relativité (theory of relativity) Albert Einstein yashingiye ku kuba umuvuduko w’urumuri udahinduka. Ariko abashakashatsi b’iki gihe bagaragaje ko iyi Theory, ishingiyeho ubugenge bugezweho bwose ubu, atari ikintu kidahinduka nk’uko Einstein yabitekerezaga. Einstein muri theorie ye, yemezaga ko urumuri rugenda mu kirere ku muvuduko udahindagurika. Ibi byahaye abahanga inzira yo gushakisha […]Irambuye