*Urukiko rwa gisirikare rwatesheje agaciro icyemezo cy’urukiko gacaca rwa Nyarugenge, *Seyoboka yasabiwe gufungwa by’agateganyo. Mu gitondo cyo kuri uyu wa kane, Jean Claude Henri Seyoboka uherutse koherezwa mu Rwanda kuburana ku byaha bya Jenoside avuye muri Canada yaburanye, noneho yari yunganiwe. Yahakanye ibyaha aregwa, mu matariki ubushinjacyaha bwavuze yabikozemo avuga ko amwe yari ku ishuri […]Irambuye
Mu bujurire mu rukiko rwa Bobigny, kuwa gatatu abo mu mashyirahamwe yigenga ari mu rubanza bamaganye ibyo bise ‘gusuzugura’ no ‘kubeshya’ bya Pascal Simbikangwa we uvugwa ko arengana. Uyu mugabo wahoze mu ngabo zatsinzwe azakatirwa kuwa gatandatu. Nubwo havugwayo benshi mu bakekwa, Simbikangwa niwe munyarwanda wa mbere waciriwe urubanza mu Bufaransa ahamwa n’uruhare yagiye muri […]Irambuye
Mu Rwanda, ababyeyi benshi ngo ntibumva uburyo umwana w’umukobwa ajya gukora umuziki by’umwihariko injyana ya HipHop kuko bakibifata nko guta umuco, kuba ikirara n’ibindi. Oda Paccy ukora HiHop avuga ko ari imbogamizi ituma abakobwa bakiri bacye mu njyana nk’iye. Oda Paccy amaze igihe kinini akora iyi njyana, arazwi cyane mu bagore bakora muzika mu Rwanda […]Irambuye
Guhera saa yine z’amanywa kuri uyu wa kane ku rwego rw’uturere mu tw’Intara y’Amajyepfo haratangira amatora y’uzasimbura Senateri Jean de Dieu Mucyo witwabye Imana mu kwezi kwa cumi. Biteganyijwe ko ku mugoroba wo kuri uyu wa kane hamenyekana ibyavuye mu majwi. Abakandida ni batanu; Mukakabera Monique, Dr Richard Sezibera, Dr Masabo François, Mukamuganga Veneranda na Muhimakazi […]Irambuye
Kuya mbere Ukuboza ni umunsi mpuzamahanga wahariwe kuzirikana ububi bw’icyorezo SIDA no kukirinda. Ni indwara itarabona umuti cyangwa urukiko. Ibi ni ibintu bitanu ubu wamenya kuri iyindwara ubu ubwandu bwayo bufitwe n’abagera hafi kuri miliyoni 37 ku isi. 5.Imiti igabanya ubukana yakoze akazi gakomeye, si benshi ikica nka mbere Ubushakashatsi bw’Ishami ry’Umuryango w’Abibumbye ryita ku […]Irambuye
Perezida Kagame uyu munsi yitabiriye inama ya munani y’Umuryango w’ubukungu w’ibihugu byo muri Africa yo hagati (ECCAS) i Libreville muri Gabon. Niyo ya mbere u Rwanda rwitabiriye nyuma yo kongera kwemerwa muri uyu muryango umwaka ushize. Economic Community of Central African States (ECCAS) yatangijwe n’ibihugu 11; Angola, Burundi, Cameroon, Central African Republic, Congo, DR Congo, […]Irambuye
Nyuma yo gutangazwa nk’umutoza mukuru wa APR FC, Jimmy Mulisa yakoresheje imyitozo ya mbere kuri uyu mugoroba. Nubwo yatangiye akazi, yatangaje ko atarabona byinshi yatangaza kuko atarasinya amasezerano. Nyuma y’imvura nyinshi yaguye mu mujyi wa Kigali ku mugoroba wo kuri uyu wa gatatu tariki APR FC yakoze imyitozo kuri stade ya Kicukiro iyobowe n’umutoza ayo […]Irambuye
Abagore bari mu buyobozi bw’amagereza muri Mali, Botswana, Burkina Faso na Tanzania, basuye gereza y’abagore ya Ngoma Iburasirazuba ngo barebe uko abagore babayeho muri gereza mu Rwanda. Aba bashyitsi bavuze ko babonye aba bagore nubwo bafunze babayeho neza. Aba bagore batandatu b’abashyitsi bari bari mu Rwanda mu nama yahuje abagore bo munzego z’umutekano mu bihugu […]Irambuye
Umubare w’abakobwa bigaka kubaka, gukanika, kubaza, gusudira n’indi nk’iyi isaba ingufu z’ubwenge n’umubiri uracyari muto. Ikigo cy’igihugu cyo guteza imbere ubumenyi-ngiro (WDA) kuri uyu wa gatatu cyatangije ubukangurambaga bwo gukangurira abakobwa kwiga iyi myuga kuko ingufu isaba bazifite nka basaza babo. Marie Josee Umuhoza yiga gukanika imashini zo mu nganda, avuga ko kuba ari bacye […]Irambuye
* Utugunguru bacukura ku munsi twavuye kuri miliyoni 33,7 tugera kuri miliyoni 1,2 gusa * Igiciro cyahise kizamuka, gishobora no gukomeza kuzamuka UPDATED: Kuri uyu wa gatatu ku isoko mpuzamahanga igiciro cya petrol cyazamutseho 9% ni nyuma y’inama yari ihuje ibihugu bicukura nyinshi ku isi muri Autriche byumvikanye ku kugabanya cyane ingano ya Petrol byashyiraga ku isoko. Iyi […]Irambuye