Mignone-“ ok ,noneho umva icyo ngiye kugusaba!” Njyewe-“ ndakumva Migno , nta kibazo mbwira!” Mignone-“Eddy, nyine twemeje ko tugiye kujyana ku kazi iwajye kandi urebye 90% y’abakiriya twakira ni abakobwa n’aba Mama !, Uri tayali kwitwararika!? Njyewe-“ kabisa ndi tayali kumenya uko nitwara nk’umusaza!” Mignone-“ hhhhh ngo nk’umusaza rwose! ,Eddy ngaho tugende!” Twahise dufata inzira […]Irambuye
Kayonza – Mu murenge wa Rwinkwavu wibasiwe cyane n’amapfa kubera izuba ryinshi aho imvura igwiriye bagize ikizere cyo gusarura ariko ubu haravugwa ikibazo cy’udukoko twitwa ‘Nkongwa’ turi kwangiza ibishyimbo n’ibigori biri kumera. Barasaba guhabwa imiti irwanya utwo dusimba, RAB yabemereye ubufasha. Bamwe mu bahinzi ba hano i Rwinkwavu bagaragaza uburyo utu dukoko tumeze nk’isazi turi […]Irambuye
Hasigaye igihe gito shampionat ya Basketball igatangira, ikipe nshya ubu iri kuvugwa cyane ni REG Basketball Club, iyi kipe ubu igeze ku mukino wa Pre-season Tournament, intego ngo ni ugutsinda Patriots ikemeza abagishidikanya ko ari ikipe itangiranye imbaraga. Kuwa gatanu tariki 25 Ugushyingo nibwo iri rushanwa rizasozwa, Patriots ikiba na REG, ikipe nshya y’ikigo cy’igihugu […]Irambuye
Mu kwezi kwa kabiri 2016 Minisitiri w’ikoranabuhanga n’urubyiruko yafunguye Internet yo mu modoka zitwara abagenzi nka kimwe mu bikubiye mu mushingwa ka “ Kigali Smart Project”. Ku giciro cy’urugendo hari icyongeweho kubera iyi serivisi y’ingirakamaro. Iyi Internet ya 4G muri za Bus hato na hato yagiye igira ibibazo hamwe bigakemuka ariko ubu ntikiri mu modoka nyinshi […]Irambuye
Miss Rwanda 2014 Akiwacu Colombe ari mu irushanwa rya Miss Supranational ribera muri Pologneririmo abahatana bagera kuri 80. Kuwa kabiri nijoro abahatana bigaragaje batambuka bambaye udusamamagara gusa (Bikini). Kimwe n’abandi nawe yahatambutse. Mu irushanwa nk’iri mu myaka yashize, Miss Mutesi Aurore na Umwali Neem abo ntibambaye bene utu twambaro, bambaye nkatwo ariko bakingaho utweeko tugufi. […]Irambuye
Iminsi itatu nyuma yo kwegukana Tour du Rwanda 2016, Valens Ndayisenga yashimiye abantu bose bagize uruhare muri iyi ntsinzi, anabifuriza kugira umwaka mushya muhire, anasaba abanyarwanda aho bari hose guterwa ishema n’igihugu cyabo. Ku cyumweru tariki 20 hasojwe Tour du Rwanda 2016 yabaye ku nshuro ya munani (8) kuva yaba mpuzamahanga muri 2009. Valens Ndayisenga […]Irambuye
Shampiyona y’u Rwanda igeze ku munsi wa gatandatu (6). Umukino ukomeye, ni uwo Rayon sports izakiramo Bugesera FC. Uyu mukino wimuriwe umunsi kubera umunsi mpuzamahanga wo gutera igiti. Umuryango mpuzamahanga, ‘The International Union for Conservation of Nature and Natural Resources (IUCN)’ ufatanyije na Rwanda National Olympic and Sports Committee, hateguwe umunsi wo gutera igiti ku […]Irambuye
Umwe mu bashyitsi bari baje mu Rwanda mu isiganwa rya Tour du Rwanda azanye n’ikipe ya Cycling Academy yo muri Israel yatangaje uburyo yibwe telephone ye agahangayika bikomeye ariko Police ikifashisha ikoranabuhanga ikayifata akayisubizwa nyuma y’amasaha macye. Uyu mugabo yatangaje ibyishimo bye n’ishimwe ku Rwanda. Uko byamugendekeye yabitangarije kuri Facebook y’ikipe ye Cycling Academy aho […]Irambuye
Ben amaze kugenda nanjye nikorera amaboko nsubira Guetto! Nagezeyo aga telephone nari nasize ku buriri nsanga kari gusona, ngafashe ngo ndebe nsanga ni James umpamagara, ngiye kwitaba nsanga irarangiye ndeba numero ye mpita nyihamagara ntiyatinda kuyifata!! James- “Hello Bro ,bite se?! Njyewe-” ni sawa Bro!ngo gute se wowe? James-” nanjye ndabona ari neza pe,Ben se […]Irambuye
Muhanga – Mu nama nyunguranabitekerezo yahuje Abayobozi b’umushinga Compassion Internationale, Abayobozi b’amatorero uyu mushinga ukoreramo n’ubuyobozi bw’Akarere ka Muhanga, Pasteri Rurangwa Sylvain Umuyobozi w’uyu mushinga mu mujyi wa Kigali no mubice by’Intara y’Iburasirazuba yifuje ko abana bafite ababyeyi bari mu cyiciro cya gatatu cy’Ubudehe bavanwa ku rutonde rw’abo Compassion ifasha. Iyi nama yabereye mu Karere […]Irambuye