Bakoze ibikorwa by’indashyikirwa harimo nabari biteguye gupfa. Harimo n’abatanze amahoro ya Kristo, banga kurihisha ababaririye imitungo. Nyuma y’umuganda rusange aho mu murenge wa Kibeho bateye ibiti 13 000 kuri Hectares 39 Abarinzi b’igihango batoranyijwe mu murenge wa Kibeho bambwitswe imidari y’ishimwe. Muri bo hari abakoze ibikorwa by’indashyikirwa harimo no kwemera gupfa aho kugira ngo abo […]Irambuye
Bavuga ko ari abadiventists b’umwuka cyangwa b’ukwemera bakanabita abakusi. Icyenda muri bo mu murenge wa Twumba mu karere ka Karongi batawe muri yombi kuwa gatandatu bazira kwanga gukora no kwitabira gahunda za Leta no gushishikariza abantu kureka kuzikora. Aba batawe muri yombi kuwa gatandatu nyuma y’igikorwa cy’umuganda. Usibye uyu muganda badakora, ntibatora, ntibatanga ubwisungane mu […]Irambuye
Mu rukiko rw’ibanze rwa gisirikare i Nyamirambo muri iki gitondo haburanishijwe urubanza rwa Sous lieutenant Herni Jean Claude Seyoboka, wahoze ari umusirikare mu ngabo zatsinzwe uherutse koherezwa na Canada kuburanishwa ku byaha bya Jenoside ashinjwa. Umwunganira yabuze, nawe avuga ko atazi kuburana bityo urubanza rurasubikwa. Ubushinjacyaha bw’u Rwanda bwahisemo ko uyu mugabo w’imyaka 50 aburanishwa […]Irambuye
Muri iyi week end ishize Imran Nshimiyimana ukina muri APR FC yakoze ubukwe ashakana na Assna Mukamisha, ibirori by’ubukwe bwabo byabereye i Kanombe ahari ingoro y’amateka y’abategetse u Rwanda.Muri ubu bukwe, Imran yashimiye cyane umutoza Kayiranga Baptiste. Imran ni umukinnyi wo hagati wazamukiye mu ikipe ya AS Kigali ari naho yagaragarije ubuhanga bwe, nyuma yaguzwe […]Irambuye
Twese twahise dushiguka twegera Djalia, James we ikiniga kimubuza kuvuga dutangira gufata Djalia ngo ahumeke neza ndetse Fille ajya kubwira abaganga ko akangutse. Abaganga bamaze kuza, bahise batubwira gusohoka twese, ubwo twese tujya hanze twicara ku gatebe kari gahari James yubika umutwe atangira kwiyanga!, Njyewe-“ Bro,wikora iryo kosa, ihangane ureke kwiyanga ,ndabizi nta cyasha ufite […]Irambuye
Guys buriya hari ugutembera bisanzwe kugira ngo amasaha yicume bya bindi by’abasore n’inkumi, hari no gutembera kwa kundi kw’aba Papa bamwe na bamwe baba bashaka kugera mu rugo abana baryamye, kuri njyewe rero impamvu nabyitaga gukata, nuko nagendaga nta kerekezo, nyine nabona ahari ikoni ngakata!, numvaga wenda byibuze nahura n’imodoka yapfuye, burya ubuzima bugira aho […]Irambuye
Urugendo rw’ubuzima bwa Valens Ndayisenga wegukanye Tour du Rwanda 2014 na 2016 burimo byinshi bitangaje. Yavuye mu ishuri afite imyaka 10 gusa, yavomeye abaturage bakamuha ibiceri, yabaye umunyonzi ukorera 50Frw, none ubu ni ishema ry’igihugu cyose. Ku mugoroba wo kuri uyu wa kane tariki 24 Ugushyingo 2016, Umuseke wasuye Valens Ndayisenga n’umuryango we, mu murenge […]Irambuye
Mu itangazo ry’ibiro bihagarariye Ghana mu Rwanda, handitse ko ubu umunyarwanda yemerewe kujya muri Ghana adakeneye Visa. Ni mu mugambi watangijwe n’u Rwanda wo gufungurira imiryango by’umwihariko Abanyafrica. Consulat ya Ghana mu Rwanda yatangaje ko Republika ya Ghana yafashe uyu mwanzuro nko gukora uko u Rwanda rwagenje narwo ruvanaho Visa ku banyaGhana bashaka kwinjira mu […]Irambuye
Rwamagana – Umusore ubu ufatwa nk’ukunzwe cyane mu gihugu kubera kugihesha ishema mu irushanwa mpuzamahanga rya Tour du Rwanda ubu ari kuruhuka mu rugo iwabo. Ni mu murenge wa Muhazi mu kagari ka Nyarusange, ibirometero nka bitanu usohotse mu mujyi muto wa Rwamagana. Tariki 20 Ugushyingo 2016 ni itariki umuryango wa Valens Ndayisenga utazibagirwa barishimye cyane […]Irambuye
Kuri uyu wa kane abakora ubuvumvu gakondo ariko babana n’ubumuga bunyuranye bo mu mirenge ya Nyankeke na Rutare bahawe imizinga ya kijyambere ngo borore inzuki mu buryo butnanga umusaruro mwinshi, iyi mizinga ifite agaciro k’agera kuri miliyoni ebyiri. Imitiba ya kijyambere ifasha aborozi b’inzuki gukuba inshuro zirenze 10 umusaruro wabo w’ubuki babonaga mu buvumvubwa gakondo. […]Irambuye