Nyabihu: Imiryango 180 y’abatishoboye yatujwe neza ariko ibura aho guhinga

Imiryango 180 igizwe n’abarikunywe muri Tanzaniya abahungutse bava muri Congo n’abari batuye mu manegeka cyangwa abimuwe n’ibiza bubakiwe amazu ariko ubu bamwe  bavuga ko  bidahagije kubera kuko ntaho bafite bahinga. Mu mudugudu wa Bikingi akagari ka Kijote Umurenge wa Bigogwe Akarere ka Nyabihu niho iyi miryango 180 yatujwe. Iyo uzengurutse ni ahantu heza habereye ijisho […]Irambuye

Episode 57: Eddy na Destine bagiye kujyana mu mahugurwa y’igihe

Nkiri muri ibyo byishimo aho hanze ,Chris yahise asohoka asanga ibyishimo byambujije kuvuga inkuru nziza itaha kwa James, kwa Paul wari umubyeyi akanaba na Boss wanjye  niho nagejeje ibyishimo bwa mbere mubwira byose uko byagenze, arampobera arankomeza. Paul- ” mwana wa, ndishimye kuko uteye intambwe ikomeye cyane nahoraga kwifuriza, singuhombye kuko ugiye, ahubwo nishimiye ko […]Irambuye

Danny Usengimana uyoboye ba rutahizamu, arifuza guhesha Police FC igikombe

Rutahizamu wa Police FC, Danny Usengimana ari mu bato batanga ikizere mu ikipe y’igihugu Amavubi. Ubu ayoboye ba rutahizamu ibintu abona ikipe ye yagenderaho igatwara igikombe cya shampiyona. Nyuma yo gutakaza Jacques Tuyisenga wagiye muri Gor Mahia FC muri Kenya, agasiga ayihesheje igikombe cy’amahoro 2015, Police FC yongeye kubona rutahizamu yagenderaho, Danny Usengimana, uyoboye ba […]Irambuye

I Kigali, abakora uburaya umwe muri babiri aba afite SIDA

Uyu munsi, mu Rwanda naho bazirikanye umunsi mpuzamahanga w’ububi bwa SIDA, habaye ubukangurambaga bushishikariza abantu kwirinda kuko abandura bari kwiyongera, abakora imibonano mpuzabitsina idakingiye bo bibukijwe ko abakora uburaya 55% bafite ubwandu bwa SIDA. Uyu munsi Minisiteri y’ubuzima yavuze ko igiye guhagurukira ikibazo cy’abanyeshuri banduye Virus itera SIDA ngo bagihabwa akato mu mashuri ndetse n’abafata […]Irambuye

Dr Richard Sezibera niwe utorewe gusimbura Mucyo muri Sena

Charles Munyaneza Umunyamabanga mukuru wa Komisiyo y’amatora amaze kwemerera Umuseke ko Dr Richard Sezibera ari we umaze gutsinda amatora yo gusimbura Senateri Jean de Dieu Mucyo witabye Imana mu kwezi kwa 10. Munyaneza avuga ko imibare yose y’ibyavuye mu majwi atayifite aka kanya ariko ko iyo babashije kubona ari uko Sezibera yarushije abandi bakandida bane […]Irambuye

Airbus nshya nini kurusha zose za Rwandair yaje….AMAFOTO

Indege yo mu bwoko bwa Airbus 330-300 yabatijwe Umurage imaze kugera ku kibuga cy’indege cya Kigali i Kanombe. Ni indege ya gatatu iguzwe na Rwandair mu rwego rwo kwagura ingendo n’ubucuruzi byayo iturutse i Toulouse mu Bufaransa aho yateranyirizwaga. Ni indege ya gatatu ya Rwandair iguze mu gihe cy’amezi abiri, ikurikiye Boeing 737-800 Next Generation […]Irambuye

Ndi mu Rwanda mu biruhuko, nta biganiro na Rayon nteganya-

Rutahizamu w’ikipe y’igihugu y’u Burundi, Cédric Amissi ari mu Rwanda. Aranyomoza abavuga ko yumvikanye na Rayon sports akoreramo imyitozo kuko ngo yibereye mu kiruhuko gusa. Rayon sports iyoboye urutonde rwa shampiyona y’u Rwanda, AZAM Rwanda Premier League, n’amanota 16. Ntabwo irinjizwa igitego. Imaze gutsinda ibitego 10 mikino itandatu (6). Abakunzi bayo bagiye berekana ko bashaka […]Irambuye

Rubavu: Iwawa bahavanye ubumenyi bubatunze n’imiryango yabo

Rubavu – UDC (United for Deveropment Cooperative) ishyirahamwe ry’urubyiruko rukora imirimo yo kubaza ibikoresho rigizwe n’urubyiruko 30 rurimo abavuye Iwawa kugororwa bagasubira ku murongo. Abagize iri shyirahamwe ubu bibeshejeho kubera uyu mwuga bamwe muri bo bigiye Iwawa. Iyi Koperative igizwe n’abantu 30, hari abandi 26 bavuye Iwawa bari basabye kuba abanyamurayngo ariko barindwi nibo bemerewe […]Irambuye

Service Poll: Bakwakira bate? Police, Irembo na FARG. Uko byifashe

Mu bushakashatsi buto ku mitangire ya Servisi bukorwa n’Umuseke, abatoye bagaragaza uko bahabwa serivisi runaka bakenera mu bigo bya Leta n’ibiyishamikiyeho. Mu mezi abiri ashize abasura Umuseke bamwe batoraga uko bahabwa service mu bigo bya Irembo, FARG na Police y’igihugu. U Rwanda rufite politiki yo guteza imbere gutanga serivisi inoze hagamijwe kwihutisha iterambere. Umuseke watekereje […]Irambuye

Ngoma: Barasaba MINAGRI kubishyura ingurane bategereje umwaka wose

Iburasirazuba – Mu Mirenge ya Rurenge na Remera akarere ka Ngoma hari abaturage batwawe ubutaka bwubakwaho ibikorwa rusange bya MINAGRI byo kuhira imyaka ariko ngo ikiciro cya mbere gusa nicyo cyahawe ingurane ababaruriwe bwa kabiri bagiye kumara umwaka bategereje ndetse ngo ntibishimiye uburyo babariwemo ubutaka bwabo bwatangiye kubakwaho ibi bikorwa. Aba baturage batuye mu gice […]Irambuye

en_USEnglish