Month: <span>May 2017</span>

PGGSS7: Uko byari byifashe i Gicumbi (Amafoto)

Ku nshuro ya karindwi irushanwa rya Primus Guma Guma Super Star riba, i Gicumbi mu ntara y’Amajyaruguru niho habereye igitaramo cya kabiri cy’iri rushanwa nyuma ya Huye. Saa 01:00 nibwo abashyushya rugamba {Mcs} barimo Kate Gustave na Mc Buryohe batangiye gushyushya abari bitabiriye icyo gitaramo cyiganjemo urubyiruko ruri hagati y’imyaka 15 na 38. Kuri iyi […]Irambuye

Senderi asanga Austin akwiye kwirengera ingaruka z’amashusho yafashwe

Toshi Luwano Austin umuhanzi akaba n’umunyamakuru wamenyekanye cyane nka Uncle Austin mu muziki, yikomye cyane Producer Nameless Campos wagaragaje amafoto yita urukozasoni mu mashusho y’indirimbo {Too much}, Umuhanzi Snderi abinyujije ku rubuga rwe yagaragaje ko Austin agomba kwirengera ingaruka. Kuri uyu wa gatanu tariki ya 26 Gicurasi 2017, abinyujije ku mbuga nkoranyambaga ze zirimo facebook […]Irambuye

Urujya n’uruza muri Afurika ntawe ukwiye kubonamo ikibazo cy’umutekano-Mushikiwabo

Abahagarariye inzego z’umutekano; iz’ubutasi n’iz’perereza muri Afurika bateraniye I Kigali mu nama yo kwiga ku mirongo yakuraho imbogamizi zabuza urujya n’uruza rw’Abanyafurika mu mugabane wabo. Minisitiri w’Ububanyi n’Amahanga w’u Rwanda, Louise Mushikiwabo avuga ko ntawe ukwiye kumva ko guha rugari abanyafurika mu mugabane wabo bizahungabanya umutekano w’uyu mugabane, ahubwo ko bikwiye kureberwa mu ndorerwamo yo […]Irambuye

Kogera mu kiyaga cya Kivu byahagaritswe by’agateganyo

Nyuma y’aho mu cyumweru kimwe gusa abantu batatu barohamye mu kiyaga cya Kivu bakahasiga ubuzima bagiye koga, ubuyobozi bw’Akarere ka Rubavu buravuga ko bwahagaritse mu gihe gito abogera muri iki kiyaga kugira ngo babanze bafate ingamba zo gukumira izi mfu. Mu kiganiro n’abanyamakuru, umuyobozi w’Akarere ka Rubavu SINAMENYE Jeremie yatangaje ko iki cyemezo cyafatiwe mu […]Irambuye

Ngoma: Mukandagwa wiciwe umugabo muri Jenoside yagobotswe n’abakozi b’Ibitaro bya

Mukandagwa Annonciata ni umupfakazi waciwe umugabo muri Jenoside yakorewe Abatutsi, atuye mu murenge wa Kibungo ho mu karere ka Ngoma ashimira cyane abakozi n’abaganga bo ku Bitaro bya Kibungo bamusaniye inzu yendaga kumugwaho, mu gikorwa cyatwaye asaga milioni ebyiri z’amafaranga y’u Rwanda. Ubuyobozi bw’ibitaro bya Kibungo buvuga ko uyu mugore wapfakaye muri Jenoside yari abayeho […]Irambuye

Rulindo: Abafite ubumuga barasaba gukurirwaho inzitizi zatuma batitabira amatora

Mu gihe hasigaye iminsi ibarirwa kuri 73 ngo Abanyarwanda binjire mu gikorwa cy’amatora ya Perezida azaba tariki 4 Kanama 2017, abamugaye barasa ko Leta yabafasha gukurirwaho icyazagaragara nk’inzitizi zatuma batitabira amatora. Umuyobozi uhagarariye abafite ubumuga ku rwego rw’Umurenge wa Base mu kakarere ka Rulindo, Musanabera Fortunee ubwo twaganiraga yaragaragaje impungenge zikiriho ku bafite ubumuga zishobora […]Irambuye

Minisitiri Nyirasafari yifuza ko buri mudugudu ugira irerero

*Ngo mu irerero umwana atozwa ikinyabupfura, kubana no gukina n’abandi… Minisitiri w’Uburinganire n’iterambere ry’Umuryango, Nyirasafari Esperance yifuza ko muri buri mudugudu haba irerero ry’abaturage aho ababyeyi bajya basiga abana mu gihe bagiye mu mirimo. Ngo niho hantu haba hari umutekano wizewe umubyeyi asiga umwana kuko atozwa ikinyabupfura, gukina no kubana n’abandi, agahabwa indyo yuzuye kandi […]Irambuye

Kirehe: Abahinzi ba Kawa barashinja Rwiyemezamirimo kubahenda

Abahinzi b’ikawa mu murenge wa Mushikiri mu karere ka Kirehe baravuga ko bagurirwa ku giciro gito ugereranyije n’uko baguriwe mu ihinga riheruka. Aba bahinzi bavuga ko mbere bagurirwaga na koperative ku mafaranga 265 ku kiro kimwe cy’ikawa none ubu ngo bazaniwe rwiyemezamirimo ubagurira ikiro y’ikawa ku mafaranga 240. Bavuga ko bibabangamiye cyane. Ubuyobozi bw’umurenge wa Mushikiri […]Irambuye

Episode 113: Gatera atorotse ibitaro, Mama Brown mu magorwa akomeye

Zamu yamaze kumbwira ko Mama na Nelson badahari numva umutima uransimbutse nyoberwa ibimbayeho, nibajije aho baba bagiye ariko ndahabura, amasaha yari akuze ndetse bwari ubwa mbere Mama yari avuye mu rugo bwije. Nahise menya ko ibyaribyo byose igikuba cyacitse, natangiye kwibaza byinshi nkubita agatima aho nasize Nelson, Njyewe-“Muze! Nonese Mama yavuye hano yijyanye?” We-“Oya! Ni […]Irambuye

Ntimugatinye kwiyambaza Fraipont nk’Umutagatifu – Mgr Mbonyintege

Musenyeri Smaragde Mbonyintege wari umushyitsi mukuru mu muhango wo kwibuka Padiri Fraipont Ndagijimana washinze ikigo cy’abafite ubumuga cya Gatagara, yabwiye abari aho ko bagomba kujya bamwiyambaza nk’Umutagatifu kuko ibyo yakoze bimushyira mu kiciro cyabo. Yavuze ko Kiliziya Gatulika ishaka kuzareba uko yagirwa Umutagatifu, ishusho ye nini igashyirwa mu kigo cya Gatagara rwagati abantu bakajya bamwiyambaza […]Irambuye

en_USEnglish