Month: <span>April 2017</span>

Yafashwe ku ngufu n’abagabo 37 bamuvuna umugongo. Amaze imyaka 23

Gasabo – Jenoside yakorewe Abatutsi yakoranywe ubunyamaswa burenze ukwemera, ibimenyetso byabyo si inzibutso ziri ahanyuranye mu gihugu gusa, n’abarokotse bamwe baracyafite ibikomere byayo bigaragaza aya mateka mabi imyaka 23 nyuma yabwo. Mukangarambe yari afite imyaka 17 gusa. Yafashwe ku ngufu n’abagabo barenga 30, bamujugunya mu cyobo ngo apfe, ntiyapfa ahubwo avunika uruti rw’umugongo. Kuva ubwo […]Irambuye

Fearless avuga ko amafoto ye ariyo amucururiza mu muziki

Keza Fearless wamenyekanye cyane mu mashusho y’indirimbo z’abahanzi batandukanye nyuma akaza kuba umuhanzikazi, avuga ko amafoto agaragaza imiterere ye ariyo amufasha gucuruza mu muziki. Ntaho bihurira no kwitwa indaya, ikirara n’ibindi. Bitewe n’umuco w’ibihugu bimwe na bimwe, abahanzi bamwe birinda kwiha rubanda ngo ahanini batagabanya umubare w’abakunzi babo. Ku rundi ruhande ariko, hari n’aho bamwe babibonamo […]Irambuye

Bishop Olive wari pasiteri avuga ko atewe ishema no kuzamurwa

Mu mpera z’icyumweru twaraye dusoje mu itorero Shiloh Prayer Mountain Church bimitse umushumba Olive Murekatete Esther wari usanzwe ari pasiteri agirwa Bishop, uyu mushumba w’Imana avuga ko atewe ishema no kuzamurwa mu ntera mu mirimo yo gukorera Imana kandi ari umugore. Bishop Olive Murekatete Esther avuga ko mu myaka yatambutse umugore atagiraga ijambo by’umwihariko mu […]Irambuye

Episode 60: Umukobwa Gasongo yarwaniye atashye kwa Mama Kenny

Uwo mukobwa yari Jojo wacu, mushiki wa Brown wawundi twagendanye ingendo nyinshi ariko imvura yagwa agatoha vuba ndetse agatetema ntago yigeze amenya ko umunsi uzagera maze tugahurira ahantu nkaha. Yari yambaye agapantaro gato keza kamufashe cyane amaherena sinaherukaga ayagira ariko icyo gihe yari yambaye nk’atatu kuri buri gutwi kwe, ama chenette yari yambaye yo sinakubwira […]Irambuye

Bishimiye cyane ko batagisoreshwa ku itungo ryabo bazanye mu isoko

Kwishyuza abaturage amahoro ku itungo cyangwa umusaruro wundi bazanye ku isoko badasanzwe bafiteho ibibanza bacururizamo byari ikibazo kuri bo. Mu cyumweru gishize Ikigo cy’igihugu cy’imisoro n’amahoro cyahagaritse ibikorwa byo kwishyuza umuturage bene ayo mahoro kuko binyuranyije n’iteka rya Perezida wa Republika. Ku isoko ry’amatungo ry’akagari ka  Gisuna  i Gicumbi ni ibyishimo ku baturage babiremye nyuma […]Irambuye

Ngoma: Abo muri FPR-Inkotanyi muri IPRC n’abo ku karere mu

Mu rwego rwo kunoza imikorere n’imikoranire mu banyamuryango ba FPR Inkotanyi mu karere ka Ngoma, Abanyamuryango ba “Special Cell” ya IPRC-East n’iy’abakozi b’Akarere ka Ngoma mu mpera z’iki cyumweru bahuriye hamwe bareba uko bahuza imbaraga mu kurushaho guteza imbere imibereho y’abatuye aka karere muri rusange. Ni igikorwa cyabereye mu ishuri rikuru ry’imyuga n’ubumenyi ngiro rya […]Irambuye

Episode 59: Gasongo arwanye n’umusore bapfa umukobwa

Njyewe – “Ngo ngo Nelson witiranwaga na nde?” Nkimara kuvuga gutyo uwo mugore yarahindukiye, ubanza kare kose atari yigeze ambona, mu guhuza amaso na we mbona anyitegereza ako ngera akareba John, hashize akanya ahita avuga. We – “John, mvuye hano bwa nyuma ubutaha nzaza nikoreye, wanyumvise neza?” John – “Hhhhhhhh! Nari ngize ngo uravuze ngo […]Irambuye

Abiga muri kaminuza barasabwa kwiga bagamije gushaka ibisubizo by’Afurika

Huye- Mu biganiro byahuje abanyeshuri 300 biga mu mashuri makuru na za Kaminuza bibumbiye mu muryango w’urubyiruko ruharanira ineza y’Afurika (Pan African Movement) basabwe kwiga bafite intego imwe yo kuzashaka ibisubizo by’ibibazo byugarije mu duce bazaba batuyemo n’ibyugarije Afurika muri rusange. Muri ibi biganiro byabereye mu ishami rya Kaminuza y’u Rwanda mu karere ka Huye, […]Irambuye

AMAFOTO 30: Nsengimana yegukanye isiganwa rya mbere muri Rda Cycling

Abasiganwa bahagurutse ku giti cy’inyoni mu mujyi wa Kigali basoreza i Huye mu isiganwa rya mbere muri Rwanda  Cycling Cup y’uyu mwaka, ryahariwe kwibuka Byemayire Lambert wari visi perezida wa FERWACY. Nsengimana Jean Bosco yarisoje ari imbere. Kuri uyu wa gatandatu tariki 1 Mata 2017 hatangijwe ku mugaragaro Rwanda Cycling Cup 2017 igizwe n’amasiganwa icumi. […]Irambuye

en_USEnglish